BNR yazamuye urwunguko, ibiciro bizazamuka
Banki Nkuru y’u Rwanda imaze gutangaza ko yazamuye urwunguko fatizo rwayo, irushyira kuri 6,7% ruvuye kuri 6.5% rwari rwashyizweho muri Gicurasi uyu mwaka. Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya…
Read moreGasabo: 29 bakekwaho kwiba mu isoko rya Kimironko bafashwe
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yerekanye abagabo n’abasore 29 bakekwaho kwiba mu isoko rya Kimironko,nyuma y’uko abahacururiza n’abaturage baza guhahira muri iryo isoko bagaragarije ikibazo cyo kwibasirwa…
Read moreItangazwa ry’amanota y’abanyeshuri, dore aho warebera
Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu kigo gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri(NESA), iratangaza amanota y’abarangije amashuri abanza(P6) hamwe n’abarangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye(S3) kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Kanama 2025, saa cyenda…
Read moreImvura yo mu mpeshyi imaze kwica 5, izageza ku wa kabiri-Meteo
Ikigo gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo-Rwanda, kivuga ko imvura irimo kugwa mu bice bitandukanye by’Igihugu izageza kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Kanama 2025, ikazongera kuboneka kuva tariki 26 z’uku kwezi,…
Read morePutin yahawe icyubahiro kirenze, Trump atahira aho
Guhura kwa Perezida Trump wa Amerika na Putin w’u Burusiya hari ababinenze bavuga ko Perezida wa Amerika yabihombeyemo kuko nta cyo u Burusiya bwamwemereye kijyanye no guhagarika intambara muri Ukraine,…
Read moreGasabo: Ubuzima basigaje barabumara bafunzwe nyuma yo gufatanwa urumogi
Uwitwa Ngirabatware Ferdinand w’imyaka 35 na Nyiranizeyimana Honorine w’imyaka 30, bashobora kurangiriza ubuzima bwabo mu igororero (bafunzwe) nyuma yo ‘gufatanywa urumogi rwari rugiye gucuruzwa.’ Polisi y’Igihugu ikorera mu Mujyi wa…
Read moreMTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025
Inyungu y’ikigo cy’itumanaho, MTN Rwandacell Plc, mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka wa 2025 yageze kuri miliyari 6.3 Frw nyuma yo kwishyura imisoro. Ibi ngo bigaragaje intambwe nini mu…
Read moreAha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine
Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yamaze kwemeza ko mu biganiro bizamuhuza na mugenzi we Vladimir Putin kuri uyu wa Gatanu, hazabaho gusuzuma niba u Burusiya butaharirwa…
Read moreGasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Ndera hafungiye umugore witwa Ntakirutimana Beatrice w’imyaka 35 y’amavuko, akaba akurikiranyweho icyaha cyo gukora inzoga zitujuje ubuzirange zo mu bwoko bwa likeri(Liqueur). Ntakirutimana yafashwe na…
Read moreKuki harimo gufatwa imboni y’ijisho mu itangwa ry’indangamuntu nshya?
Ni ibiki bizakurikira E-Ndangamuntu cyangwa se Indangamuntu y’ikoranabuhanga izatangwa hafashwe ibimenyetso bitandukanye by’imiterere y’umuntu, harimo no gufotora imboni y’ijisho rya buri muntu? Imbuga zitandukanye zirimo Wikipedia, cl.cam.ac.uk, ica.gov.sg (rw’inzego z’umutekano…
Read more

RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe
Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye
Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF
Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’
Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa
Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge
FDLR si umubare ni igitekerezo-Rutaremara na Dr Habineza
U Bushinwa na Amerika bitangiye guhanganira muri Hormuz
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko umuryango wa Habyarimana uteye impungenge
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 5,746

































































































