Amazi agiye kubura muri iyi mpeshyi-Iteganyagihe

Iteganyagihe ryatangajwe n’ikigo mpuzamahanga ICPAC ku bufatanye n’Umuryango w’ibihugu bigize icyogogo cy’uruzi rwa Nili ‘Nile Basin Initiative(NBI)’,  rigaragaza ko muri iyi mpeshyi hazabaho kugabanuka gukomeye kw’amazi y’imigezi n’ibiyaga, bikazagira ingaruka ku…

Read more

Aimable Karasira yapfuye

Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Igororero (RCS) rurabikira umuryango wa Aimable Uzaramba Karasira, ko yitabye Imana mu bitaro bya Nyarugenge kuri uyu wa Kane tariki 07 Gicurasi 2026. RCS ivuga ko…

Read more

Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF

Ishami ry’Urugaga rw’Abikorera(PSF) rishinzwe ubwikorezi bw’ibitumizwa n’ibyoherezwa mu mahanga, rivuga ko imodoka na moto z’amashanyarazi Leta isaba abantu kugura zihari ku bwinshi, ariko mu gihe yasabye abantu kuba ari zo…

Read more

MINISANTE irimo kuvangura abavuzi gakondo n’abapfumu

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) ivuga ko irimo kuvangura abavuzi gakondo bakora kinyamwuga, ibatandukanya n’abakoresha ibyo bita imiti bitemewe ndetse n’ababeshya abaturage, kugira ngo igire abo yemerera kunganira ubuvuzi bwa kizungu. MINISANTE…

Read more

Mituelle nshya: Umurwayi w’impyiko azishyurirwa arenga miliyoni 8Frw

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko kongera ikiguzi cy’Ubwisungane mu kwivuza ‘Mituelle de Santé’, bizagabanyiriza abaturage ikiguzi cyo kwivuza indwara zikomeye zirimo serivisi y’impyiko yitwa diyalize, aho buri murwayi yishyura amafaranga…

Read more

U Rwanda ntirutoteza amadini-Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kuba insengero nyinshi zarafunzwe hirya no hino mu Gihugu, atari ugutoteza amadini,  ahubwo ko Leta irimo kurwanya abashinga insengero bagamije kwambura abaturage. Perezida…

Read more

Abagore n’abakobwa bagize FPR Inkotanyi bateraniye i Rusororo

Uyu munsi Abanyamuryango basaga 2,000 bateraniye ku Cyicaro cy’Umuryango FPR Inkotanyi i Rusororo mu nama nkuru ya Gatandatu y’Urugaga rw’Abagore rushamikiye kuri uwo muryango. Ni inama ubusanzwe yitabirwa n’abanyamuryango bayobora…

Read more

Korora inkwavu mu Rwanda, umushinga wakorwa n’udafite amikoro menshi

Hari abayobozi barimo Senateri Prof Jean Pierre Dusingizemungu, basaba inzego zibishinzwe gukangurira abaturage korora inkwavu, bitewe n’uko zororoka vuba kandi zidasaba byinshi nk’andi matungo. Ni mu gihe ibiciro by’ibiribwa cyane…

Read more

Rwanda: Ibiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko mazutu itumbagiye ku masoko mpuzamahanga

Urugaga rw’abikorera mu Rwanda, PSF ruvuga ko izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri Peterori na gaz ku masoko mpuzamahanga, rigiye kugira ingaruka ku Rwanda bitewe n’intambara Amerika na Israel byashoye kuri Iran. …

Read more

Inzu ziciriritse zituzwamo ab’amikoro make i Kigali kugeza ubu ziri he?

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko yatangiye gutuza abantu b’amikoro make mu nzu ziciriritse zubatswe muri site z’imiturire, n’ubwo kugeza ubu itarabonera inzu abifuza gukodesha bahembwa umushahara uri munsi y’ibihumbi 200Frw…

Read more