RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere(RDB) rwatangaje ko inyubako yarwo yari imaze imyaka mike itashywe, igiye gufungwa by’agateganyo guhera kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Gicurasi 2026, kubera imirimo yo kuyivugurura. Biratuma…
Read moreLeta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye
Umutwe wa AFC-M23 urwanira mu burasirazuba bwa Congo, uvuga ko ijoro ryakeye ku wa 02 Gicurasi 2026 ritari risanzwe nyuma y’aho igisirikare cya Congo(FARDC) n’abo bafatanyije ngo bagabye ibitero by’ubugome…
Read moreKongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF
Ishami ry’Urugaga rw’Abikorera(PSF) rishinzwe ubwikorezi bw’ibitumizwa n’ibyoherezwa mu mahanga, rivuga ko imodoka na moto z’amashanyarazi Leta isaba abantu kugura zihari ku bwinshi, ariko mu gihe yasabye abantu kuba ari zo…
Read moreUmuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’
Yanditswe na George Salomo Itorero Inkurunziza mu Rwanda rikomeje kuvugwamo amakimbirane aturutse ku Muvugizi waryo Pasiteri Ngendahayo Juvenal, ushinjwa n’abakristo be, abapasiteri ndetse n’abagize inzego z’iri torero, ibyaha birimo kwiyongeza…
Read moreBurundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa
Umurambo wa Minisitiri w’u Burundi ushinzwe Itumanaho, Gabby Bugaga, wabonetse ahitwa i Kivoga mu Ntara ya Bujumbura kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Mata 2026, mu modoka ye yari…
Read moreMu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge
Urwego rw’Ubugenzacyaha(RIB) ruvuga ko mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka ubwo bibukaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, abafatiwe mu byaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside badasanzwe kuko bari barimo n’Umuyobozi w’Umurenge.…
Read moreFDLR si umubare ni igitekerezo-Rutaremara na Dr Habineza
Impuguke mu bya Politiki, Umukambwe Tito Rutaremara hamwe n’Umuvugizi w’Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda(NFPO), Senateri Dr Frank Habineza, bavuga ko FDLR iteye impungenge zikomeye ku Rwanda, bidashingiye ku mubare…
Read moreU Bushinwa na Amerika bitangiye guhanganira muri Hormuz
Nyuma y’uko Leta zunze Ubumwe za Amerika(USA) zinaniwe kumvikana na Iran ku bijyanye no guhagarika intambara mu Burasirazuba bwo Hagati, ndetse USA ikemeza ko igiye gufunga Umuhora wa Hormuz ucungwa…
Read moreMinisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko umuryango wa Habyarimana uteye impungenge
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko umuryango w’uwari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana uteje impungenge ku mutekano w’u Rwanda, akaba asaba urubyiruko kurinda ibyagezweho kugira ngo bidasenyuka. Imbere…
Read morePerezida Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 5,746
Kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Mata 2026, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yazamuye mu ntera Abapolisi 5,746bakuru(mu mapeti) n’abato, barimo uwari Assistant Commissioner of Police (ACP), Bertin Mutezintare wahawe…
Read more

RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe
Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye
Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF
Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’
Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa
Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge
FDLR si umubare ni igitekerezo-Rutaremara na Dr Habineza
U Bushinwa na Amerika bitangiye guhanganira muri Hormuz
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko umuryango wa Habyarimana uteye impungenge
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 5,746























































































