Amazi agiye kubura muri iyi mpeshyi-Iteganyagihe

Iteganyagihe ryatangajwe n’ikigo mpuzamahanga ICPAC ku bufatanye n’Umuryango w’ibihugu bigize icyogogo cy’uruzi rwa Nili ‘Nile Basin Initiative(NBI)’,  rigaragaza ko muri iyi mpeshyi hazabaho kugabanuka gukomeye kw’amazi y’imigezi n’ibiyaga, bikazagira ingaruka ku…

Read more

Ubucuruzi muri Congo burakorwa bute muri iki gihe cya ebola?

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Iterambere(RDB) rwatangaje ko Abanyamahanga bavuye muri Congo cyangwa abanyuzeyo mu gihe kitararenga iminsi 30 bakumiriwe kwinjira mu Rwanda, mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Ebola kimaze…

Read more

Afurika ntigomba gutegereza abibwira ko bafite isi n’ijuru mu biganza byabo-Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko Afurika ikeneye kubaka iterambere ryayo ishingiye ku mahirwe menshi irusha indi migabane aho gutega amaboko abanyembaraga ‘bayisahura umutungo kamere’. Perezida Kagame yabitangaje ubwo…

Read more

Aimable Karasira yapfuye

Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Igororero (RCS) rurabikira umuryango wa Aimable Uzaramba Karasira, ko yitabye Imana mu bitaro bya Nyarugenge kuri uyu wa Kane tariki 07 Gicurasi 2026. RCS ivuga ko…

Read more

RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere(RDB) rwatangaje ko inyubako yarwo yari imaze imyaka mike itashywe, igiye gufungwa by’agateganyo guhera kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Gicurasi 2026, kubera imirimo yo kuyivugurura. Biratuma…

Read more

Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye

Umutwe wa AFC-M23 urwanira mu burasirazuba bwa Congo, uvuga ko ijoro ryakeye ku wa 02 Gicurasi 2026 ritari risanzwe nyuma y’aho igisirikare cya Congo(FARDC) n’abo bafatanyije ngo bagabye ibitero by’ubugome…

Read more

Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF

Ishami ry’Urugaga rw’Abikorera(PSF) rishinzwe ubwikorezi bw’ibitumizwa n’ibyoherezwa mu mahanga, rivuga ko imodoka na moto z’amashanyarazi Leta isaba abantu kugura zihari ku bwinshi, ariko mu gihe yasabye abantu kuba ari zo…

Read more

Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’

Yanditswe na George Salomo Itorero Inkurunziza mu Rwanda rikomeje kuvugwamo amakimbirane aturutse ku Muvugizi waryo Pasiteri Ngendahayo Juvenal, ushinjwa n’abakristo be, abapasiteri ndetse n’abagize inzego z’iri torero, ibyaha birimo kwiyongeza…

Read more

Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa

Umurambo wa Minisitiri w’u Burundi ushinzwe Itumanaho, Gabby Bugaga, wabonetse ahitwa i Kivoga mu Ntara ya Bujumbura kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Mata 2026, mu modoka ye yari…

Read more

Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge

Urwego rw’Ubugenzacyaha(RIB) ruvuga ko mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka ubwo bibukaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, abafatiwe mu byaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside badasanzwe kuko bari barimo n’Umuyobozi w’Umurenge.…

Read more