MINISANTE irimo kuvangura abavuzi gakondo n’abapfumu
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) ivuga ko irimo kuvangura abavuzi gakondo bakora kinyamwuga, ibatandukanya n’abakoresha ibyo bita imiti bitemewe ndetse n’ababeshya abaturage, kugira ngo igire abo yemerera kunganira ubuvuzi bwa kizungu. MINISANTE…
Read moreMituelle nshya: Umurwayi w’impyiko azishyurirwa arenga miliyoni 8Frw
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko kongera ikiguzi cy’Ubwisungane mu kwivuza ‘Mituelle de Santé’, bizagabanyiriza abaturage ikiguzi cyo kwivuza indwara zikomeye zirimo serivisi y’impyiko yitwa diyalize, aho buri murwayi yishyura amafaranga…
Read moreUzatanga 5,000Frw uvurwe neza-RSSB
Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) ruvuga ko 75% ari abazatanga Mituelle itarenga 5,000Frw, bikazafasha Leta kongera ibikorwa by’ubuvuzi byishingirwa na Mituweli ndetse no kunoza serivisi z’ubuvuzi zihabwa abafite ubu bwisungane…
Read moreDore igikeri (umutubu) cyavuyeho uburozi bwishe Navalny
Ibihugu by’i Burayi birimo u Bwongereza bivuga ko uwari umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Vladmir Putin w’u Burusiya, Alexei Navalny, yishwe hifashishijwe uburozi buboneka ku ruhu rw’igikeri cy’umutubu gifite…
Read moreKwimura CHUK bigomba gukorwa hirindwa umubyigano ukabije w’imodoka-Depite
Guverinoma y’u Rwanda irateganya kwimurira i Masaka ibitaro bya Kaminuza CHUK bikava i Nyarugenge guhera mu kwezi gutaha kwa Werurwe, kugera muri Nzeri uyu mwaka, ariko umuhanda uzanyuzwamo abarwayi hari…
Read moreKuki kwiga cyane biteza abagabo kuzana uruhara?
Ni gake cyane uzabona impuguke mu isomo runaka(Prof cg Dr) afite umusatsi cyane cyane mu gice cyo hejuru cy’umutwe we (igihorihori) kugera mu ruhanga aho amasoso ye yagarukiraga akiri muto.…
Read morePimisha inda kenshi byakurinda kubyara umwana w’ijisho rimwe
Ubumuga bwo kuvuka umuntu afite ijisho rimwe(cyclopia), ndetse akenshi nta n’izuru aba afite, n’ubwo ngo budakunze kubaho kuko buba ku mwana umwe mu barenga ibihumbi 100 bavukiye rimwe, ni kimwe…
Read moreKuki ababyeyi benshi mu Rwanda badashaka kongera kubyara!-NISR
Ubushakashatsi bwa 7 ku bwiyongere n’ubuzima by’abaturage mu Rwanda bwatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare(NISR) ku wa Gatatu tariki 17 Ukuboza 2025, bugaragaza ko abagore 47% bafite abagabo batagishaka kubyara, ndetse bakaba…
Read moreKigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi
Ushobora kuzenguruka karitiye yose nka Niboye muri Kicukiro cyangwa Nyarutarama muri Gasabo, aho imiturire yaho igizwe n’ibipangu by’abantu udashobora gukomangira ngo ubasabe ubwiherero, bigatuma abahageze bihutira kuhava kugira ngo batahafatirwa…
Read moreMu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko mu myaka itatu iri imbere izaba yujuje umubare w’abaganga n’abaforomo isabwa n’Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), bikazajyana no kongera umubare w’amavuriro y’ibanze ku…
Read more















