Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye

Umutwe wa AFC-M23 urwanira mu burasirazuba bwa Congo, uvuga ko ijoro ryakeye ku wa 02 Gicurasi 2026 ritari risanzwe nyuma y’aho igisirikare cya Congo(FARDC) n’abo bafatanyije ngo bagabye ibitero by’ubugome…

Read more

Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF

Ishami ry’Urugaga rw’Abikorera(PSF) rishinzwe ubwikorezi bw’ibitumizwa n’ibyoherezwa mu mahanga, rivuga ko imodoka na moto z’amashanyarazi Leta isaba abantu kugura zihari ku bwinshi, ariko mu gihe yasabye abantu kuba ari zo…

Read more

Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa

Umurambo wa Minisitiri w’u Burundi ushinzwe Itumanaho, Gabby Bugaga, wabonetse ahitwa i Kivoga mu Ntara ya Bujumbura kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Mata 2026, mu modoka ye yari…

Read more

Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge

Urwego rw’Ubugenzacyaha(RIB) ruvuga ko mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka ubwo bibukaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, abafatiwe mu byaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside badasanzwe kuko bari barimo n’Umuyobozi w’Umurenge.…

Read more

FDLR si umubare ni igitekerezo-Rutaremara na Dr Habineza

Impuguke mu bya Politiki, Umukambwe Tito Rutaremara hamwe n’Umuvugizi w’Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda(NFPO), Senateri  Dr Frank Habineza, bavuga ko FDLR iteye impungenge zikomeye ku Rwanda, bidashingiye ku mubare…

Read more

U Bushinwa na Amerika bitangiye guhanganira muri Hormuz

Nyuma y’uko Leta zunze Ubumwe za Amerika(USA) zinaniwe kumvikana na Iran ku bijyanye no guhagarika intambara mu Burasirazuba bwo Hagati, ndetse USA ikemeza ko igiye gufunga Umuhora wa Hormuz ucungwa…

Read more

Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko umuryango wa Habyarimana uteye impungenge

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko umuryango w’uwari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana uteje impungenge ku mutekano w’u Rwanda, akaba asaba urubyiruko kurinda ibyagezweho kugira ngo bidasenyuka. Imbere…

Read more

Perezida Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 5,746

Kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Mata 2026, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yazamuye mu ntera Abapolisi 5,746bakuru(mu mapeti) n’abato, barimo uwari Assistant Commissioner of Police (ACP), Bertin Mutezintare wahawe…

Read more

Ese waha amafaranga ‘umukozi w’Imana’ akagusengera ugakira indwara/inyatsi?

Hari abantu bavuga ko bambuwe ibintu cyangwa amafaranga n’abitwa abakozi b’Imana, aho babasanga bakababwira ko bashobora kubafasha gukira indwara, ubumuga cyangwa inyatsi, nyamara baba babashutse nk’uko Bibiliya igaragaza ko umukozi…

Read more

Iran yahagaritse gutera ibihugu by’Abarabu

Nyuma y’icyumweru cyose gishize intambara ica ibintu hagati ya Iran na Amerika ifatanyije na Israel, Iran yatangaje ko ihagaritse ibitero ku bihugu by’Abarabu, keretse ahazaturuka ibisasu mu birindiro bya Leta…

Read more