MINICOM yafatiye ibihano abagurisha moto za Spiro
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda(MINICOM) yatangaje ko yafatiye ibihano abagurisha moto za Spiro na serivisi zo gusharija bateri zazo, ariko yirinda gutangaza ibyo bihano. MINICOM ivuga ko nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe…
Read moreCongress ya FPR Inkotanyi ikoze amavugurura
Inama Nkuru(Congress) ya 17 ya FPR Inkotanyi yagejeje ku banyamuryango amavugurura yakozwe mu nzego z’ubuyobozi bw’uyu muryango, harimo kuba hashyizweho urwego rw’Inararibonye, ndetse hakaba hemejwe abagize Komite Nyobozi bashya. Aba…
Read moreKuki ababyeyi benshi mu Rwanda badashaka kongera kubyara!-NISR
Ubushakashatsi bwa 7 ku bwiyongere n’ubuzima by’abaturage mu Rwanda bwatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare(NISR) ku wa Gatatu tariki 17 Ukuboza 2025, bugaragaza ko abagore 47% bafite abagabo batagishaka kubyara, ndetse bakaba…
Read moreImyaka 25 ya Desantaralizasiyo: Ni izihe serivisi ukijya gushakira i Kigali?
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) ivuga ko mu myaka 25 ishize (kuva muri 2001 kugeza ubu) serivisi za Leta zimaze kwegerezwa abaturage (Decentralisation) ku rugero rurenga 41% bigizwemo uruhare n’inzego z’ibanze.…
Read moreADEPR: Insengero zirenga 1154 muri 3141 zizavaho burundu
Umushumba Mukuru wungirije wa ADEPR, Rutagarama Eugène, yatangaje ko insengero zirenga 1,154 ziri mu zafunzwe kubera kutubahiriza ibisabwa zitazongera gufungurwa, abazisengeragamo bakazajya ahandi mu zujuje ibisabwa. Ibi yabitangaje ku Cyumweru,…
Read moreImvura igiye kuba nyinshi muri iyi minsi 10 yo hagati mu Kuboza
Mu gice cya kabiri cy’ukwezi k’Ukuboza 2025 (kuva taliki ya 11 kugeza taliki ya 20), mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi iri hagati ya milimetero(mm) 30 na 130, ikaba iri hejuru…
Read moreeKash: ntibikiri ngombwa gutwara amafaranga mu mufuka no mu ntoki
Usanzwe ukanda *182*1*2# ukohereza amafaranga hagati ya MTN Mobile Money na Airtel Money, cyangwa *182*4*2# ushaka kuyavana kuri Mobile Money/Airtel Money uyashyira kuri Banki, cyangwa ushaka kuyakura kuri banki uyayishyira…
Read moreRIB yemeye gushyiraho Umuvugizi wayo wungirije
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemereye Itangazamakuru ko rugiye gushyiraho Umuvugizi wungirije nyuma y’uko hari Abanyamakuru babitanzeho icyifuzo. Umunyamabanga Mukuru wa RIB, Col Pacifique Kayigamba Kabanda yabitangaje kuri uyu wa Gatanu…
Read morePerezida Kagame na Tshisekedi basinyiye guhana amahoro imbere ya Trump
Imbere ya Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, abakuru b’ibihugu bya Congo n’u Rwanda bamaze gushyira umukono ku masezerano yo guhana amahoro hagati y’ibihugu byombi. U Rwanda…
Read moreUmuturage uhembwa munsi y’ibihumbi 100Frw arasabwa ruswa y’ibihumbi 269Frw-Transparency
Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane, ishami ry’u Rwanda (Transparency International-Rwanda), uratabariza Abaturarwanda barenga 71% bahembwa umushahara uri munsi y’ibihumbi 100 ku kwezi, ariko bagasabwa ruswa ihanitse itari munsi y’ibihumbi 269Frw.…
Read more

MINICOM yafatiye ibihano abagurisha moto za Spiro
Congress ya FPR Inkotanyi ikoze amavugurura
Kuki ababyeyi benshi mu Rwanda badashaka kongera kubyara!-NISR
Imyaka 25 ya Desantaralizasiyo: Ni izihe serivisi ukijya gushakira i Kigali?
ADEPR: Insengero zirenga 1154 muri 3141 zizavaho burundu
Imvura igiye kuba nyinshi muri iyi minsi 10 yo hagati mu Kuboza
eKash: ntibikiri ngombwa gutwara amafaranga mu mufuka no mu ntoki
RIB yemeye gushyiraho Umuvugizi wayo wungirije
Perezida Kagame na Tshisekedi basinyiye guhana amahoro imbere ya Trump
Umuturage uhembwa munsi y’ibihumbi 100Frw arasabwa ruswa y’ibihumbi 269Frw-Transparency






















































































