Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye
Umutwe wa AFC-M23 urwanira mu burasirazuba bwa Congo, uvuga ko ijoro ryakeye ku wa 02 Gicurasi 2026 ritari risanzwe nyuma y’aho igisirikare cya Congo(FARDC) n’abo bafatanyije ngo bagabye ibitero by’ubugome…
Read moreBurundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa
Umurambo wa Minisitiri w’u Burundi ushinzwe Itumanaho, Gabby Bugaga, wabonetse ahitwa i Kivoga mu Ntara ya Bujumbura kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Mata 2026, mu modoka ye yari…
Read moreFDLR si umubare ni igitekerezo-Rutaremara na Dr Habineza
Impuguke mu bya Politiki, Umukambwe Tito Rutaremara hamwe n’Umuvugizi w’Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda(NFPO), Senateri Dr Frank Habineza, bavuga ko FDLR iteye impungenge zikomeye ku Rwanda, bidashingiye ku mubare…
Read moreU Bushinwa na Amerika bitangiye guhanganira muri Hormuz
Nyuma y’uko Leta zunze Ubumwe za Amerika(USA) zinaniwe kumvikana na Iran ku bijyanye no guhagarika intambara mu Burasirazuba bwo Hagati, ndetse USA ikemeza ko igiye gufunga Umuhora wa Hormuz ucungwa…
Read moreMinisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko umuryango wa Habyarimana uteye impungenge
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko umuryango w’uwari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana uteje impungenge ku mutekano w’u Rwanda, akaba asaba urubyiruko kurinda ibyagezweho kugira ngo bidasenyuka. Imbere…
Read morePerezida Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 5,746
Kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Mata 2026, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yazamuye mu ntera Abapolisi 5,746bakuru(mu mapeti) n’abato, barimo uwari Assistant Commissioner of Police (ACP), Bertin Mutezintare wahawe…
Read moreNtawe uzongera gupfa-Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, arahumuriza Abanyarwanda ko nta we uzongera kubica nk’uko ‘Interahamwe zishe Abatutsi’ barimo uwitwa Ngiruwonsanga Théoneste ufatwa nk’uwazutse mu 1994, akaba yatanze ubuhamya. Mu gutangiza icyumweru…
Read moreAfurika yunze Ubumwe irifatanya n’u Rwanda kwibukira muri Ethiopia
Amashami y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe(AU) akorera mu gihugu cya Ethiopia yatangaje ko yifatanyije n’u Rwanda Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho kuri uyu munsi…
Read moreIbiciro bigiye kuzamuka kubera intambara ya Iran na Amerika
Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yatangaje ko ibiciro mu Rwanda bigiye kuzamuka bidatewe n’uko Leta yashatse kubizamura, ahubwo ko bizaba bitewe n’uko ku masoko mpuzamahanga byifashe kubera intambara ibera mu…
Read moreU Rwanda ntirutoteza amadini-Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kuba insengero nyinshi zarafunzwe hirya no hino mu Gihugu, atari ugutoteza amadini, ahubwo ko Leta irimo kurwanya abashinga insengero bagamije kwambura abaturage. Perezida…
Read more














