Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi

Hari umuturage wasabye Umunyamakuru witwa Oswald Mutuyeyezu kuri X kumukorera ubuvugizi, akaba yifuza ko mu mavugurura y’ingendo mu Mujyi wa Kigali ateganyijwe guhera mu kwezi k’Ugushyingo 2025, hazazamo agashya ko…

Read more

Perezida wa Madagascar yahunze

Perezida w’ikirwa cya Madagascar, kimwe mu bihugu bigize Umugabane wa Afurika, Andry Rajoelina, yahunze kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Ukwakira 2025 nyuma y’uko igisirikare kimuvuyeho kikifatanya n’abaturage bamaze iminsi…

Read more

Polisi yafunze Mupenzi imufatanye amaburo afunga intsinga z’amashanyarazi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali, yatangaje ko yafunze uwitwa Sabato Mupenzi w’imyaka 27 y’amavuko kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Ukwakira 2025, akaba yari atwaye ku igare…

Read more

Ingabire Marie Immaculée wayoboraga Transparency yitabye Imana

Uwari Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda, Transparency International (TI_Rwanda), yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 09 Ukwakira 2025, nyuma y’igihe kinini yari amaze…

Read more

Abifuza gukonjesha ibintu barimo kujya kubyigira mu Rubirizi

Ikigo nyafurika giteza imbere ikonjesha n’uruhererekane rwaryo (ACES) ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda, bagiye kumara icyumweru bamurikira abafatanyabikorwa batandukanye uburyo bwo gukonjesha buzafasha u Rwanda gukumira iyangirika ry’umusaruro w’ubuhinzi,…

Read more

Hafi ya gare ya Nyanza hafatiwe abakekwaho ubwambuzi banywa urumogi

Ku wa Kabiri tariki ya 07 Ukwakira 2025, mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Gatenga, Akagari ka Nyanza, Umudugudu wa Isonga, hafatiwe abagabo 7 bakurikiranyweho gutega abajya n’abava muri Gare…

Read more

Gitifu w’Akarere n’abandi 13 bafunzwe bazira kurya iby’abarokotse Jenoside

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafunze abantu 14 barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa (Gitifu) w’Akarere ka Nyabihu, Mugiraneza David, n’abandi baregwa kuba abafatanyacyaha, harimo abakozi bashinzwe amasoko, ushinzwe ubwubatsi, ushinzwe imibereho myiza,…

Read more

Ni hehe hagaragara umwuka wanduye mu Rwanda, hateza ikihe kibazo?

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije REMA, hamwe na Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) bisaba Abaturarwanda gushyigikira gahunda yo gusukura umwuka abantu bahumeka, kuko biri mu byakumira impfu zituruka ku ndwara, cyane cyane…

Read more

Kugeza internet ya 5G mu mashuri byaba bizateza abarimu gutakaza akazi?

Umushinga wa Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) wiswe ‘Smart Education Project ugamije gukwirakwiza murandasi (internet) y’ikiragano cya 5(5G) mu mashuri yose mu Rwanda, hari abarimu wateye impungenge z’uko bashobora gutakaza akazi bitewe…

Read more

Mu bakunda u Rwanda Umunyamerika Howard Buffet yabaye intangarugero

Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO), ruvuga ko umuntu wese ukunda u Rwanda ari uwerekana ibikorwa bigamije ineza n’inyungu by’Abanyarwanda b’ibyiciro byose, we atareba inyungu ze bwite. Umuyobozi…

Read more