‘DR Congo yanze gusinya amasezerano yo gukemura amakimbirane’ –Ministiri Olivier Nduhungirehe
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungirehe mu nama i Paris mu mpera z’icyumweru gishize Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda ku wa gatandatu yavuze ko mugenzi we wa DR Congo…
Read moreAmashuri atujuje ibisabwa agiye gufungwa
Minisiteri y’Uburezi(MINEDUC) yatangaje ko igiye gufunga amashuri atemewe muri buri Karere, kubera gukorera mu nyubako zitujuje ibisabwa zahoze zikoreshwa nk’utubari cyangwa ahacururizwa, ubu hahindutse amashuri y’incuke cyangwa abanza. Ibitangazamakuru birimo…
Read moreMarburg: Ministiri w’ubuzima yasuye abaganga mu bitaro bitandukanye arabihanganisha
Kuri uyu wa 1 Ugushyingo Ministeri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko Minisitiri w’ubuzima Dr Nsanzimana Sabin uyu munsi yasuye abaganga bakorera mu bitaro bitandukanye mu rwego rwo kubihanganisha ku bwa…
Read moreIsrael irimo kunyagirwa n’imvura ya missiles zivuye muri Iran
Igihugu cya Israel cyahuye n’ijoro ribi kuva ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukwakira 2024, kuko imvura y’ibisasu(missiles) bitewe na Iran, irimo kwibasira uduce dutandukanye tw’icyo Gihugu.…
Read moreRurageretse hagati ya Bishop Dr. Rugagi na Mutesi Scovia
Umushumba w’Amatorero y’Abacunguwe mu Rwanda (Redeemed Church), Bishop Dr. Rugagi Innocent, yise umunyamakuru Mutesi Scovia wa Mama Urwagasabo umubeshyi nyuma yo kugaragaza ko yari afite urusengero akoreramo igice kimwe gikoreramo…
Read moreAbantu 9 mu Rwanda bamaze guhitanwa na Marburg
Nk’uko byatangajwe na ministeri y’ubuzima mu Rwanda, kuri uyu wa 30 Nzeri, icyorezo cya Marburg kimaze guhitana abantu 9, mu gihe harimo kuvurwa abarwayi 18, muri 27 bose hamwe bamaze…
Read moreHagiye kugwa imvura irenze isanzwe igwa mu itangira ry’Ukwakira
Ikigo gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo-Rwanda, cyatangaje Iteganyagihe ry’igice cya mbere cy’ukwezi k’Ukwakira 2024 (kuva tariki ya 1 kugeza tariki ya 10), riteganya imvura irengeje igipimo cy’isanzwe igwa muri iki gihe.…
Read moreMarburg: Gusezera ku witabye Imana mu rugo no mu rusengero byabujijwe
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yashyizeho amabwiriza abuza Abaturarwanda gukorera imihango yo gusezera ku witabye Imana mu rugo, mu rusengero cyangwa mu musigiti, mu rwego rwo kwirinda indwara ya Marburg. Itangazo MINISANTE…
Read moreMarburg: Nta guma mu rugo ihari
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) yatangaje ko n’ubwo imaze kubona abantu bagera hafi kuri 300 bahuye n’abarwayi n’icyorezo Marburg kimaze iminsi mike kigaragaye mu Rwanda, ngamba zihariye nka guma mu…
Read moreAmafoto:abakozi bo kwa muganga bamaze guhitanwa na Marburg
Minisiteri y’Ubuzima(MINISANTE) itangaza ko virusi ya Marburg imaze igihe gito igaragaye mu Rwanda imaze guhitana abantu 6 abandi 20 bagaragaweho n’ibimenyetso byayo. Ku mbuga nkoranyambaga harimo kunyuzwaho amafoto ya bamwe…
Read more

RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo
Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi
Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS
Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba
Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri
Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi
Perezida wa Madagascar yahunze
Polisi yafunze Mupenzi imufatanye amaburo afunga intsinga z’amashanyarazi
Ingabire Marie Immaculée wayoboraga Transparency yitabye Imana
Abifuza gukonjesha ibintu barimo kujya kubyigira mu Rubirizi































































































