Agakiza ka Mama Thierry urimo gusezerwaho none (kurikira live)

Umuhango wo gusezera bwa nyuma ku mubiri wa Gahongayire Claudine witabye Imana ku wa Kane w’icyumweru gishize, urimo kubera mu Gatsata aho yari atuye kuri uyu wa Kabiri tariki 12…

Read more

Gusezera kuri Mama Thierry kanda hano wumve ubuhamya

Urupfu rwa Gahongayire Claudine(Mama Thierry) wari utuye mu Gatsata i Kigali rukomeje kugarukwaho na benshi mu bo yagiriye neza, bakaba bemeza ko yari umukristo nyawe urangwa n’urukundo. Tuguhaye link ya…

Read more

Nyarugenge: Umukobwa ushinjwa gucuruza urumogi yafashwe

Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Mageragere hafungiye umukobwa witwa Iradukunda Louise w’imyaka 25 y’amavuko, akaba yarafashwe ku wa Mbere tariki ya 11/08/2025 ahagana saa munani z’amanywa biturutse ku makuru yatanzwe…

Read more

Kigali: Nyampeta yagiye gufata moto ye yibwe afatanwa urumogi

Polisi y’Igihugu ivuga ko hari uwitwa Nyampeta Gaspard w’imyaka 30 y’amavuko ufungiwe kuri Sitasiyo ya Kigarama mu Karere ka Kicukiro, nyuma yo kuhagera agiye gufata moto ye yari yibwe ariko…

Read more

Kigali: Ngirinshuti na Ndindirimana barafunzwe bazira urumogi

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwe (ANU) rikorera mu mu Mujyi wa Kigali, rivuga ko ryataye muri yombi uwitwa Ngirinshuti Azalias w’imyaka 22 and Ndindirimana Emmanuel w’imyaka 38, bakaba ngo…

Read more

Nyarugenge: Dore ibihano bitegereje abashinjwa ubujura bafashwe

Kigali Info irakwereka ingingo z’Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, zihana umuntu wese uhamijwe n’urukiko icyaha cy’ubujura kidasiba kugaragazwa hirya no hino mu Gihugu. Ku wa Gatanu tariki ya 08/08/25,…

Read more

Menya ibidasanzwe ku ndangamuntu y’ikoranabuhanga yatangiye kwandikishwa muri Expo

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA), cyatangiye kwandika abaturage muri gahunda y’indangamuntu koranabuhanga, SSDID, ahari kubera Imurikagurisha Mpuzamahanga(Expo), i Gikondo mu Mujyi wa Kigali. NIDA irimo gufata amakuru azaba abitse muri…

Read more

Minisitiri wa MINUBUMWE yikomye Umubiligi ku rupfu rw’Abami b’u Rwanda

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana yikomye impuguke mu bya politiki n’amategeko y’Umubiligi, Prof. Filip Reyntjens, nyuma yo kutumivikana ku ruhare rw’u Bubiligi mu rupfu rw’Umwami Mutara…

Read more

Bamwe barimo gufungirwa amazi kubera isaranganya-WASAC

Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) kivuga ko imiyoboro y’amazi mishya hamwe na za vane (aho bafungira amazi) birimo gushyirwa mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali n’ahandi mu Gihugu, kugira…

Read more

Rwamagana: Hari abataye ingo zabo nyuma yo kurwanya ubuyobozi burimo kubimura

Mu Murenge wa Musha w’Akarere ka Rwamagana, Akagari ka Nyakabanda, mu Mudugudu wa Ruhita, abaturage barimo kwimurwa bitewe n’uko ngo atari agace kagenewe imiturire, barimo abarwanyije ubuyobozi n’ababonye ibyo biba,…

Read more