Anglican na Islam bigiye kuyobora Umuryango w’impuzamadini n’Amatorero
Umushumba Mukuru w’Itorero rya Anglican mu Rwanda (Archb Dr.Laurent Mbanda, yatorewe kuyobora umuryango wa RIC (Rwanda inter-Religious council) uhuza amatorero, amadini na kiliziya, akaba asimbuye Mgr Filipo Rukamba wa Diyoseze…
Read moreGen Kazura mu kiruhuko cy’izabukuru nyuma y’umwaka asimbuwe ku kuyobora RDF
Kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024, Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yemeje ko abasirikare bakuru barimo General Jean Bosco Kazura wabaye Umugaba mukuru wa…
Read moreBanki nkuru y’u Rwanda yasohoye inoti nshya ya 5,000Frw n’iya 2,000Frw
Inoti nshya y’amafaranga 5,000 iriho ishusho ya Kigali Convention Center, mu gihe iya 2000Frw ifite ishusho y’imisozi ikikije ikiyaga cya Kivu. Ubusanzwe iyo hari inoti nshya yasohotse, hashyirwaho igihe cyo…
Read moreNyuma y’iyi nama ni bwo Maj Gen Nzaramba n’abandi birukanywe
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, nyuma yo kuganira n’Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) kuri uyu wa Kane tariki 29 Kanama 2024, havuyemo kwirukana Umusirikare mukuru n’abandi basaga 200. Ibiro…
Read moreYago yahunze Igihugu
Umuhanzi Nyarwaya Innocent wamenyekanye cyane nka Yago yatangaje ko yahunze “biturutse ku bo yita agatsiko kashatse kumwica mu myaka Ine ishize .” Uyu muhanzi mu magambo yanditse ku rubuga rwe…
Read moreAbarenga ibihumbi 22 bagiye muri Espagne guterana inyanya
Mu gihugu cya Espagne, ahitwa Buñol, habereye umukino wo guterana inyanya witabiriwe n’abasaga ibihumbi 22 baturutse hirya no hino ku isi, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Kanama 2024.…
Read moreUmusirikare wa FARDC yarashe mu Rwanda
Amakuru dukesha abari i Rubavu aravuga ko ahagana saa sita z’amanywa kuri uyu wa 29 Kanama 2024, umusirikare wo mu ngabo za Congo (FARDC ), yarashe amasasu menshi mu Rwanda,…
Read moreAmahanga yatangiye gutanga ubufasha bw’Inkingo z’ubushita bw’inkende kuri Afrika
Amakuru dukesha VOA aragira ati “Ibihugu bikomeje gutanga doze z’inkingo z’ubushita bw’inkende mu rwego rwo kurwanya icyorezo cy’iyo ndwara muri Afurika, nyuma y’uko Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku buzima,…
Read moreImodoka yahiriye i Gahanga irakongoka
I Gahanga mu Karere ka Kicukiro hafi ya sitasiyo y’ibikomoka kuri peteroli ya Oryx, imodoka yo mu bwoko bwa Minibus (Taxi Hiace) yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka. Ababibonye bavuga ko…
Read moreDRC:Abashatse guhirika ubutegetsi bakatiwe urwo gupfa
Amakuru dukesha BBC avuga yuko “Umushinjacyaha w’urukiko rwa gisirikare yasabiye igihano cyo kwicwa abantu 50 baregwa kugerageza guhirika ku ngufu ubutegetsi bwa Kinshasa tariki 19 Gicurasi(5), uruhande rwabo rwavuze ko…
Read more