ADEPR: Insengero zirenga 1154 muri 3141 zizavaho burundu
Umushumba Mukuru wungirije wa ADEPR, Rutagarama Eugène, yatangaje ko insengero zirenga 1,154 ziri mu zafunzwe kubera kutubahiriza ibisabwa zitazongera gufungurwa, abazisengeragamo bakazajya ahandi mu zujuje ibisabwa. Ibi yabitangaje ku Cyumweru,…
Read moreImvura igiye kuba nyinshi muri iyi minsi 10 yo hagati mu Kuboza
Mu gice cya kabiri cy’ukwezi k’Ukuboza 2025 (kuva taliki ya 11 kugeza taliki ya 20), mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi iri hagati ya milimetero(mm) 30 na 130, ikaba iri hejuru…
Read moreeKash: ntibikiri ngombwa gutwara amafaranga mu mufuka no mu ntoki
Usanzwe ukanda *182*1*2# ukohereza amafaranga hagati ya MTN Mobile Money na Airtel Money, cyangwa *182*4*2# ushaka kuyavana kuri Mobile Money/Airtel Money uyashyira kuri Banki, cyangwa ushaka kuyakura kuri banki uyayishyira…
Read moreRIB yemeye gushyiraho Umuvugizi wayo wungirije
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemereye Itangazamakuru ko rugiye gushyiraho Umuvugizi wungirije nyuma y’uko hari Abanyamakuru babitanzeho icyifuzo. Umunyamabanga Mukuru wa RIB, Col Pacifique Kayigamba Kabanda yabitangaje kuri uyu wa Gatanu…
Read morePerezida Kagame na Tshisekedi basinyiye guhana amahoro imbere ya Trump
Imbere ya Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, abakuru b’ibihugu bya Congo n’u Rwanda bamaze gushyira umukono ku masezerano yo guhana amahoro hagati y’ibihugu byombi. U Rwanda…
Read moreUmuturage uhembwa munsi y’ibihumbi 100Frw arasabwa ruswa y’ibihumbi 269Frw-Transparency
Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane, ishami ry’u Rwanda (Transparency International-Rwanda), uratabariza Abaturarwanda barenga 71% bahembwa umushahara uri munsi y’ibihumbi 100 ku kwezi, ariko bagasabwa ruswa ihanitse itari munsi y’ibihumbi 269Frw.…
Read moreRIB yavuze iby’umwana w’umukobwa wasambanye ahimana n’ababyeyi
Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira Thierry, agira inama ababyeyi kukoresha imbaraga z’umurengera mu guhana abana, aho atanga urugero ku mwana w’umukobwa wishyiriye umuhungu umuruta akanishyurira lodge uwo musore kugira…
Read moreLeta yatangiye gutanga ibiribwa ku bugarijwe n’amapfa
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi(MINAGRI) ivuga ko yatangiye gutanga ibiribwa ku baturage bo mu Murenge wa Ndego w’Akarere ka Kayonza batahiriwe n’Umuhindo w’umwaka wa 2025, bakaba bamaze igihe bataka ko bugarijwe n’amapfa…
Read moreImpinduka muri Guverinoma-Dr Muligande muri Sena, Gen Kabarebe asubiye ku Bujyanama
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ashingiye ku ngingo za 116 na 112 z’Itegeko Nshinga, yakuyeho bamwe mu bagize Guverinoma ashyiramo abandi bashya, aho uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi…
Read moreUmuhanzi Master Fire wamaze imyaka 18 yiga Kaminuza agiye kurushinga
Hakizimana Innocent wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi rya Master Fire, akaba yaramaze imyaka 18 yiga muri Kaminuza, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we, umukobwa bitegura kurushinga mu minsi iri imbere. Ni umuhango…
Read more

RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe
Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye
Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF
Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’
Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa
Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge
FDLR si umubare ni igitekerezo-Rutaremara na Dr Habineza
U Bushinwa na Amerika bitangiye guhanganira muri Hormuz
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko umuryango wa Habyarimana uteye impungenge
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 5,746























































































