DUHAMIC-ADRI irizeza akazi urubyiruko rurenga 80,000
Umuryango ushinzwe guteza imbere icyaro, DUHAMIC-ADRI, urizeza urubyiruko rurenga ibihumbi 80 rwo mu turere 29 ukoreramo, kuzabona akazi keza bitarenze imyaka 2 (kugera muri 2027), gashingiye ahanini ku buhinzi bw’imboga…
Read moreKatedarari ya miliyari 40 igiye kubakwa muri 2026 ahahoze gereza ya 1930
Arkidiyosezi ya Kigali yasabye abayoboke ba Kiliziya Gatolika by’umwihariko abasengera muri Katedarari yitiriwe Mutagatifu Mikayire (Saint Michel) kwitegura no gutanga umusanzu wabo ku mushinga wo kubaka Katedarali nshya ya Kigali…
Read moreDore ibihugu 29 birimo n’u Rwanda, aho abambasaderi ba USA bahamagajwe
Leta zunze Ubumwe za Amerika(USA) zasabye abazihagarariye (abambasaderi n’abakozi bakuru ba za ambasade) bari mu bihugu 29 byo hirya no hino ku isi, birimo n’u Rwanda, kuva mu nshingano zabo…
Read moreAbifuza akazi gashingiye ku kumenya Ikidage begerejwe ibizamini mu Rwanda
Ikigo giteza imbere ururimi rw’Ikidage, Der Sprachen Hub (German Language Academy) kirimo guha Abanyarwanda n’abandi babyifuza impamyabumenyi ziswe European Consortium for the Certificate of Attainment in Modern Languages(ECL), zabafasha kubona…
Read morePimisha inda kenshi byakurinda kubyara umwana w’ijisho rimwe
Ubumuga bwo kuvuka umuntu afite ijisho rimwe(cyclopia), ndetse akenshi nta n’izuru aba afite, n’ubwo ngo budakunze kubaho kuko buba ku mwana umwe mu barenga ibihumbi 100 bavukiye rimwe, ni kimwe…
Read moreMINICOM yafatiye ibihano abagurisha moto za Spiro
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda(MINICOM) yatangaje ko yafatiye ibihano abagurisha moto za Spiro na serivisi zo gusharija bateri zazo, ariko yirinda gutangaza ibyo bihano. MINICOM ivuga ko nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe…
Read moreCongress ya FPR Inkotanyi ikoze amavugurura
Inama Nkuru(Congress) ya 17 ya FPR Inkotanyi yagejeje ku banyamuryango amavugurura yakozwe mu nzego z’ubuyobozi bw’uyu muryango, harimo kuba hashyizweho urwego rw’Inararibonye, ndetse hakaba hemejwe abagize Komite Nyobozi bashya. Aba…
Read moreKuki ababyeyi benshi mu Rwanda badashaka kongera kubyara!-NISR
Ubushakashatsi bwa 7 ku bwiyongere n’ubuzima by’abaturage mu Rwanda bwatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare(NISR) ku wa Gatatu tariki 17 Ukuboza 2025, bugaragaza ko abagore 47% bafite abagabo batagishaka kubyara, ndetse bakaba…
Read moreImyaka 25 ya Desantaralizasiyo: Ni izihe serivisi ukijya gushakira i Kigali?
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) ivuga ko mu myaka 25 ishize (kuva muri 2001 kugeza ubu) serivisi za Leta zimaze kwegerezwa abaturage (Decentralisation) ku rugero rurenga 41% bigizwemo uruhare n’inzego z’ibanze.…
Read more

RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe
Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye
Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF
Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’
Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa
Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge
FDLR si umubare ni igitekerezo-Rutaremara na Dr Habineza
U Bushinwa na Amerika bitangiye guhanganira muri Hormuz
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko umuryango wa Habyarimana uteye impungenge
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 5,746























































































