Icyorezo cya Marburg: hikanzwe Ebola
Nyuma y’uko abantu batandukanye ku mbuga nkoranyambaga babajije Minisiteri y’Ubuzima(MINISANTE) iby’icyorezo kivugwa ko cyateye mu bitaro bimwe na bimwe mu Gihugu, byarangiye iyi Minisiteri itangaje ko ari virusi ya Marburg.…
Read moreU Rwanda rwatangiye gukingira Mpox
Umukozi wo muri ministeri y’ubuzima mu Rwanda arimo gukingira Mpox Minisiteri y’ubuzima y’u Rwanda yatangaje ko yatangiye gukingira indwara y’Ubushita bw’inkende izwi nka Mpox, bahereye “ku bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka,…
Read moreDore ibyica abantu benshi mu Rwanda, abagabo ni bo bibasiwe
Raporo ya 2023 y’Ikigo cy’Ibarurishamibare(NISR) yatangajwe muri Gicurasi 2024, igaragaza ko indwara zitandura zirimo umutima n’umuvuduko w’amaraso, kanseri, guturika k’udutsi tw’ubwonko, umwijima, indwara z’ubuhumekero n’izindi, zifite uruhare rungana na 61%…
Read moreHaje Covid-19 nshya yitwa XEC, abantu bihutire gufata urukingo
Ikinyamakuru BBC cy’Abongereza kivuga ko hari ubwoko bushya bwa Covid-19 bwitwa XEC bwatangiriye mu gihugu cy’u Budage, ariko bukaba ngo bwageze mu bihugu bitandukanye byo ku isi, biba ngombwa ko…
Read moreGusura ni byiza ariko wakwirinda kubangamira abandi-Dr Nkusi
Muganga w’indwara zo mu mubiri, Dr Eugène Nkusi, avuga ko gusohora umwuka unyuze aho bitumira ibikomeye (byitwa gusura), ari ikimenyetso cy’uko umuntu afite imikorere myiza y’inzira z’igogora, ku buryo abantu…
Read moreAMAHITAMO:Ikintu gikomeye ku buzima bw’umuntu
Amahitamo ya we ni yo agena uwo uzaba we Iyo witegereje neza ubona ko uhereye mbere na mbere mu mateka y’umuntu uko ibihe n’imyaka byagiye bisimburana, kandi nk’uko biri n’uyu…
Read moreAmahanga yatangiye gutanga ubufasha bw’Inkingo z’ubushita bw’inkende kuri Afrika
Amakuru dukesha VOA aragira ati “Ibihugu bikomeje gutanga doze z’inkingo z’ubushita bw’inkende mu rwego rwo kurwanya icyorezo cy’iyo ndwara muri Afurika, nyuma y’uko Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku buzima,…
Read moreUkwiye kurya habura amasaha atatu ngo uryame: Inama y’abashakashatsi
Umushakashatsi wo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Tara Schmidt, yagaragaje ko kurya hakiri kare bifasha cyane abakunze kurwara ikirungurira iyo bamaze kurya.Nk’uko abisobanura, kurya kare nibura habura amasaha atatu…
Read more