Abantu 9 mu Rwanda bamaze guhitanwa na Marburg
Nk’uko byatangajwe na ministeri y’ubuzima mu Rwanda, kuri uyu wa 30 Nzeri, icyorezo cya Marburg kimaze guhitana abantu 9, mu gihe harimo kuvurwa abarwayi 18, muri 27 bose hamwe bamaze…
Read moreMarburg: Gusezera ku witabye Imana mu rugo no mu rusengero byabujijwe
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yashyizeho amabwiriza abuza Abaturarwanda gukorera imihango yo gusezera ku witabye Imana mu rugo, mu rusengero cyangwa mu musigiti, mu rwego rwo kwirinda indwara ya Marburg. Itangazo MINISANTE…
Read moreMarburg: Nta guma mu rugo ihari
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) yatangaje ko n’ubwo imaze kubona abantu bagera hafi kuri 300 bahuye n’abarwayi n’icyorezo Marburg kimaze iminsi mike kigaragaye mu Rwanda, ngamba zihariye nka guma mu…
Read moreAmafoto:abakozi bo kwa muganga bamaze guhitanwa na Marburg
Minisiteri y’Ubuzima(MINISANTE) itangaza ko virusi ya Marburg imaze igihe gito igaragaye mu Rwanda imaze guhitana abantu 6 abandi 20 bagaragaweho n’ibimenyetso byayo. Ku mbuga nkoranyambaga harimo kunyuzwaho amafoto ya bamwe…
Read moreTedros wa OMS yemereye u Rwanda ubufasha bwo guhangana na Marburg
Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ubuzima ku Isi(WHO), Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus arizeza u Rwanda ko uwo muryango ugiye kongera ubufasha utanga kugira ngo rubashe guhangana n’icyorezo cya Marburg.…
Read moreIcyorezo cya Marburg: hikanzwe Ebola
Nyuma y’uko abantu batandukanye ku mbuga nkoranyambaga babajije Minisiteri y’Ubuzima(MINISANTE) iby’icyorezo kivugwa ko cyateye mu bitaro bimwe na bimwe mu Gihugu, byarangiye iyi Minisiteri itangaje ko ari virusi ya Marburg.…
Read moreU Rwanda rwatangiye gukingira Mpox
Umukozi wo muri ministeri y’ubuzima mu Rwanda arimo gukingira Mpox Minisiteri y’ubuzima y’u Rwanda yatangaje ko yatangiye gukingira indwara y’Ubushita bw’inkende izwi nka Mpox, bahereye “ku bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka,…
Read moreDore ibyica abantu benshi mu Rwanda, abagabo ni bo bibasiwe
Raporo ya 2023 y’Ikigo cy’Ibarurishamibare(NISR) yatangajwe muri Gicurasi 2024, igaragaza ko indwara zitandura zirimo umutima n’umuvuduko w’amaraso, kanseri, guturika k’udutsi tw’ubwonko, umwijima, indwara z’ubuhumekero n’izindi, zifite uruhare rungana na 61%…
Read moreHaje Covid-19 nshya yitwa XEC, abantu bihutire gufata urukingo
Ikinyamakuru BBC cy’Abongereza kivuga ko hari ubwoko bushya bwa Covid-19 bwitwa XEC bwatangiriye mu gihugu cy’u Budage, ariko bukaba ngo bwageze mu bihugu bitandukanye byo ku isi, biba ngombwa ko…
Read moreGusura ni byiza ariko wakwirinda kubangamira abandi-Dr Nkusi
Muganga w’indwara zo mu mubiri, Dr Eugène Nkusi, avuga ko gusohora umwuka unyuze aho bitumira ibikomeye (byitwa gusura), ari ikimenyetso cy’uko umuntu afite imikorere myiza y’inzira z’igogora, ku buryo abantu…
Read more