Icyorezo cya Marburg: hikanzwe Ebola

Nyuma y’uko abantu batandukanye ku mbuga nkoranyambaga babajije Minisiteri y’Ubuzima(MINISANTE) iby’icyorezo kivugwa ko cyateye mu bitaro bimwe na bimwe mu Gihugu, byarangiye iyi Minisiteri itangaje ko ari virusi ya Marburg.…

Read more

U Rwanda rwatangiye gukingira Mpox

Umukozi wo muri ministeri y’ubuzima mu Rwanda arimo gukingira Mpox Minisiteri y’ubuzima y’u Rwanda yatangaje ko yatangiye gukingira indwara y’Ubushita bw’inkende izwi nka Mpox, bahereye “ku bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka,…

Read more

Dore ibyica abantu benshi mu Rwanda, abagabo ni bo bibasiwe

Raporo ya 2023 y’Ikigo cy’Ibarurishamibare(NISR) yatangajwe muri Gicurasi 2024, igaragaza ko indwara zitandura zirimo umutima n’umuvuduko w’amaraso, kanseri, guturika k’udutsi tw’ubwonko, umwijima, indwara z’ubuhumekero n’izindi, zifite uruhare rungana na 61%…

Read more

Haje Covid-19 nshya yitwa XEC, abantu bihutire gufata urukingo

Ikinyamakuru BBC cy’Abongereza kivuga ko hari ubwoko bushya bwa Covid-19 bwitwa XEC bwatangiriye mu gihugu cy’u Budage, ariko bukaba ngo bwageze mu bihugu bitandukanye byo ku isi, biba ngombwa ko…

Read more

Gusura ni byiza ariko wakwirinda kubangamira abandi-Dr Nkusi

Muganga w’indwara zo mu mubiri, Dr Eugène Nkusi, avuga ko gusohora umwuka unyuze aho bitumira ibikomeye (byitwa gusura), ari ikimenyetso cy’uko umuntu afite imikorere myiza y’inzira z’igogora, ku buryo abantu…

Read more

AMAHITAMO:Ikintu gikomeye ku buzima bw’umuntu

Amahitamo ya we ni yo agena uwo uzaba we Iyo witegereje neza ubona ko uhereye mbere na mbere mu mateka y’umuntu  uko ibihe n’imyaka byagiye bisimburana, kandi nk’uko biri n’uyu…

Read more

Amahanga yatangiye gutanga ubufasha bw’Inkingo z’ubushita bw’inkende kuri Afrika

  Amakuru dukesha VOA aragira ati “Ibihugu bikomeje gutanga doze z’inkingo z’ubushita bw’inkende mu rwego rwo kurwanya icyorezo cy’iyo ndwara muri Afurika, nyuma y’uko Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku buzima,…

Read more

Ukwiye kurya habura amasaha atatu ngo uryame: Inama y’abashakashatsi

Umushakashatsi wo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Tara Schmidt, yagaragaje ko kurya hakiri kare bifasha cyane abakunze kurwara ikirungurira iyo bamaze kurya.Nk’uko abisobanura, kurya kare nibura habura amasaha atatu…

Read more