AMAHITAMO:Ikintu gikomeye ku buzima bw’umuntu
Amahitamo ya we ni yo agena uwo uzaba we Iyo witegereje neza ubona ko uhereye mbere na mbere mu mateka y’umuntu uko ibihe n’imyaka byagiye bisimburana, kandi nk’uko biri n’uyu…
Read moreAbagizi ba nabi batwikishije Lisansi inzu irimo umuntu
Mu Karere ka Gasabo, mu Murenge Ndera, abagizi ba nabi bataramenyekana, batwitse inzu ya RUTABAYIRO Francois w’imyaka 71, irashya irakongoka nawe apfiramo. Ibi byabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya…
Read moreKigali: Icyizere cyayoyotse burundu ku basenyewe bari bategerereje guhabwa inzu
Kigali Today yaganiriye na bamwe mu bakuwe(basenyewe) ahitwa amanegeka mu mujyi wa Kigali, bavuga ko imibereho itaboroheye nyuma y’umwaka urenga bamaze bakodesha inzu zigaragara nk’izenda kubagwaho. Kuva mu kwezi kwa…
Read moreLeta ya Madagascar yemeje igihano cyo gukona uwafashe umwana ku ngufu
Leta ya Madagascar mu cyumweru gishize yasohoye itegeko ryo gukona hakoreshejwe kubaga umuntu wese wahamwe n’icyaha cyo gusambanya umwana ku ngufu. Ni itegeko ryateje impaka kuva ryatorwa n’inteko ishinga amategeko.…
Read moreUburusiya burimo gusatira umujyi ukomeye wa Ukraine mu gihe igitero cyayo muri Kursk kigenda buhoro
Uburusiya bwateye intambwe ikomeye mu minsi ya vuba aha ishize, iteje inkeke kuruta ibyo Ukraine yagezeho mu gitero cyayo cyambuka umupaka mu karere ka Kursk ko mu Burusiya. Abasirikare b’Uburusiya…
Read morePerezida wa Repubulika na Minisitiri w’Ingabo bazamuye mu ntera abasirikare barenga 5,000
Ku wa 31 Nzeri 2024, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda(RDF), yazamuye mu ntera abasirikare b’abofisiye 654, mu gihe Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, na we…
Read moreAbarwanyi b’Uburusiya bagiye kuva muri Burkina Faso bage muri Ukraine
Abarwanyi bitwara gisirikare b’Abarusiya bitezwe kuva muri Burkina Faso, mu gihe ibitero by’intagondwa birimo kwiyongera Nk’uko BBC ibitangaza, Uburusiya bugiye gukura muri Burkina Faso abarwanyi 100 bo ku rwego rwo…
Read moreSanlamAllianz ijyanye ubwishingizi bw’u Rwanda ku isoko mpuzamahanga
Ubwishingizi bw’u Rwanda buhagarariwe n’Ikigo Sanlam bugiye kugirirwa icyizere mu ruhando mpuzamahanga nyuma yo kwihuza na Allianz y’Abadage, izwiho kwishingira ibikorwa mpuzamahanga nk’imikino ya Olympic, Ubwato bwa Titanic n’ibindi. Tariki…
Read moreGen Kazura mu kiruhuko cy’izabukuru nyuma y’umwaka asimbuwe ku kuyobora RDF
Kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024, Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yemeje ko abasirikare bakuru barimo General Jean Bosco Kazura wabaye Umugaba mukuru wa…
Read moreNyuma y’iyi nama ni bwo Maj Gen Nzaramba n’abandi birukanywe
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, nyuma yo kuganira n’Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) kuri uyu wa Kane tariki 29 Kanama 2024, havuyemo kwirukana Umusirikare mukuru n’abandi basaga 200. Ibiro…
Read more
















