Umuyobozi mushya wa Hezbollah Hashem Safieddine nawe IDF iramwivuganye
Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu Ministre w’intebe wa Isiraheri Benjamin Netanyahu kuri uyu wa kabiri yatangaje ko igisirikali cya Isiraheli cyishe uwari umuyobozi mushya w’umutwe wa Hezbollah Hashem Safieddine…
Read moreU Rwanda rwahawe miliyari 22 Frw azifashishwa mu guteza imbere ibyaro
Amakuru ALARMNEWS ikesha ikinyamakuru IGIHE avuga y’uko Leta y’u Rwanda na Banki Itsura Amajyambere y’u Budage, KfW, basinye amasezerano y’inkunga ifite agaciro ka miliyari 22 Frw (miliyoni 15 z’Ama-Euro), azifashishwa…
Read moreMétéo Rwanda :Ku gicamunsi hateganyijwe imvura mu turere twose tw’u Rwanda
Météo Rwanda yatangaje ko Tariki ya 08 Ukwakira 2024 hagati ya saa 06:00 na saa 12:00 hateganyijwe imvura yumvikanamo inkuba mu turere twose tw’ Igihugu. Hateganyijwe umuyaga uringaniye ufite umuvuduko…
Read moreAmerika yatanze miliyoni 11$ zo gufasha u Rwanda kurwanya Marburg’ – Karine Jean-Pierre umuvugizi wa Biden
Karine Jean-Pierre umuvugizi wa Biden Amakuru ALARMNEWS ikesha BBC avuga y’uko “Umuvugizi w’ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden wa Amerika yatangaje ko iki gihugu cyatanze hafi miliyoni 11 z’amadorari agenewe gufasha…
Read moreAbantu batewe akanyamuneza n’ igabanuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peterole
RUGIGANA Evariste Umuyobozi mukuru wa RURA Mu izina ry’umuyobozi mukuru warwo RUGIGANA Evariste, Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura Imikorere y’inzego zimwe z’imirimo Ifitiye Igihugu Akamaro(RURA) rwasohoye itangazo rimenyesha abaturarwanda bose ko…
Read more‘DR Congo yanze gusinya amasezerano yo gukemura amakimbirane’ –Ministiri Olivier Nduhungirehe
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungirehe mu nama i Paris mu mpera z’icyumweru gishize Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda ku wa gatandatu yavuze ko mugenzi we wa DR Congo…
Read moreAmashuri atujuje ibisabwa agiye gufungwa
Minisiteri y’Uburezi(MINEDUC) yatangaje ko igiye gufunga amashuri atemewe muri buri Karere, kubera gukorera mu nyubako zitujuje ibisabwa zahoze zikoreshwa nk’utubari cyangwa ahacururizwa, ubu hahindutse amashuri y’incuke cyangwa abanza. Ibitangazamakuru birimo…
Read moreMarburg: Ministiri w’ubuzima yasuye abaganga mu bitaro bitandukanye arabihanganisha
Kuri uyu wa 1 Ugushyingo Ministeri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko Minisitiri w’ubuzima Dr Nsanzimana Sabin uyu munsi yasuye abaganga bakorera mu bitaro bitandukanye mu rwego rwo kubihanganisha ku bwa…
Read moreIsrael irimo kunyagirwa n’imvura ya missiles zivuye muri Iran
Igihugu cya Israel cyahuye n’ijoro ribi kuva ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukwakira 2024, kuko imvura y’ibisasu(missiles) bitewe na Iran, irimo kwibasira uduce dutandukanye tw’icyo Gihugu.…
Read moreRurageretse hagati ya Bishop Dr. Rugagi na Mutesi Scovia
Umushumba w’Amatorero y’Abacunguwe mu Rwanda (Redeemed Church), Bishop Dr. Rugagi Innocent, yise umunyamakuru Mutesi Scovia wa Mama Urwagasabo umubeshyi nyuma yo kugaragaza ko yari afite urusengero akoreramo igice kimwe gikoreramo…
Read more
















