“Nta ndyo y’umwihariko ngira, ndya ibyo mpawe kimwe n’abandi,” – Umugabo ukuze kurusha abandi ku isi
Umugabo ukuze kurusha abandi ku isi yatangaje ko “nta banga ryihariye” afite ryo kuramba, mu gihe ubu yujuje imyaka 112. John Tinniswood, wavutse tariki 26 Kanama (8) 1912, yabwiye Guinness…
Read moreIsrael Mbonyi yasoreje i Mbarara ibitaramo yari afite muri Uganda
Israel Mbonyi umwe mu baramyi bahagaze neza mu Karere yashyize akadomo ku bitaramo bibiri yari afite mu gihugu cya Uganda byitabiriwe n’ibihumbi by’abantu. Nyuma y’uko Israel Mbonyi avuye muri Kenya…
Read moreDore uko ingendo z’abanyeshuri zizaba ziteye guhera mu cyumweru gitaha
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri(NESA) cyagaragaje gahunda yo gusubira ku ishuri gutangira umwaka wa 2024-2025, ikaba izatangira gushyirwa mu bikorwa guhera mu cyumweru gitaha.
Read moreHari Abanyarwanda bafatiwe i Goma bashinjwa gukorera M23
Kuwa Gatandatu w’iki cyumweru gishize mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(DRC) hafatiwe abantu 15 barimo n’Abanyarwanda, bakaba bakurikiranyweho gushaka abo kwinjizwa mu mutwe wa M23. Umuyobozi…
Read moreIbintu 5 byagufasha kunesha icyaha cyubusambanyi
Ubusambanyi ni icyaha kibi Imana yanga kuko gikorerwa imbere mu mubiri,bibiliya itubwira ko dukwiriye kuzibukira gusambana ibindi byaha byose bikorerwa inyuma y’umubiri.1Abakorinto 7:18-19. Alarmnews.rw yaguteguriye zimwe mu ntabwe 5 za…
Read morePutin na Xi Jin Ping bagiye guhurira mu Burusiya
Abakuru b’ibihugu bibiri by’ibihangange ku Isi, Vladimir Putin w’u Burusiya na Xi Jin Ping w’u Bushinwa, bazahurira i Kazen mu Burusiya mu nama y’ibihugu bigize BRICS, birwanya Amerika n’u Burayi…
Read moreUkwiye kurya habura amasaha atatu ngo uryame: Inama y’abashakashatsi
Umushakashatsi wo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Tara Schmidt, yagaragaje ko kurya hakiri kare bifasha cyane abakunze kurwara ikirungurira iyo bamaze kurya.Nk’uko abisobanura, kurya kare nibura habura amasaha atatu…
Read moreTumenye Nyungwe, ikigega cy’amazi y’u Rwanda
Ushobora kuba unywa amazi ava ku ruganda rwa Nzove cyangwa urwa Kanzenze(Bugesera), ukabona imvura igwa mu Rwanda cyangwa ugahumeka umwuka ukonje utarimo imyotsi iteza indwara, ariko utazi ko ishyamba rya…
Read moreImvura y’Umuhindo iratangirana n’ukwezi gutaha-Meteo
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (METEO RWANDA) cyatangaje ko imvura iteganyijwe mu Muhindo wa 2024, iri ku kigero kigereranyije(atari nyinshi cyangwa nke). Iyi mvura ngo izatangira kugwa guhera tariki…
Read moreUwakurikiye Kristo aba yiyemeje guhomba iby’isi birimo uburiganya
Pawulo yandikiye Abafilipi ati “Nyamara ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo-Abafilipi 3:7 Mu buzima busanzwe kamere muntu igira ibyo yitaho cyane ibonako ari inyungu, nyamara iyo…
Read more

Amazi agiye kubura muri iyi mpeshyi-Iteganyagihe
Ubucuruzi muri Congo burakorwa bute muri iki gihe cya ebola?
Afurika ntigomba gutegereza abibwira ko bafite isi n’ijuru mu biganza byabo-Perezida Kagame
Aimable Karasira yapfuye
RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe
Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye
Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF
Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’
Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa
Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge

































































































