Ibintu 5 byagufasha kunesha icyaha cyubusambanyi
Ubusambanyi ni icyaha kibi Imana yanga kuko gikorerwa imbere mu mubiri,bibiliya itubwira ko dukwiriye kuzibukira gusambana ibindi byaha byose bikorerwa inyuma y’umubiri.1Abakorinto 7:18-19. Alarmnews.rw yaguteguriye zimwe mu ntabwe 5 za…
Read morePutin na Xi Jin Ping bagiye guhurira mu Burusiya
Abakuru b’ibihugu bibiri by’ibihangange ku Isi, Vladimir Putin w’u Burusiya na Xi Jin Ping w’u Bushinwa, bazahurira i Kazen mu Burusiya mu nama y’ibihugu bigize BRICS, birwanya Amerika n’u Burayi…
Read moreUkwiye kurya habura amasaha atatu ngo uryame: Inama y’abashakashatsi
Umushakashatsi wo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Tara Schmidt, yagaragaje ko kurya hakiri kare bifasha cyane abakunze kurwara ikirungurira iyo bamaze kurya.Nk’uko abisobanura, kurya kare nibura habura amasaha atatu…
Read moreTumenye Nyungwe, ikigega cy’amazi y’u Rwanda
Ushobora kuba unywa amazi ava ku ruganda rwa Nzove cyangwa urwa Kanzenze(Bugesera), ukabona imvura igwa mu Rwanda cyangwa ugahumeka umwuka ukonje utarimo imyotsi iteza indwara, ariko utazi ko ishyamba rya…
Read moreImvura y’Umuhindo iratangirana n’ukwezi gutaha-Meteo
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (METEO RWANDA) cyatangaje ko imvura iteganyijwe mu Muhindo wa 2024, iri ku kigero kigereranyije(atari nyinshi cyangwa nke). Iyi mvura ngo izatangira kugwa guhera tariki…
Read moreUwakurikiye Kristo aba yiyemeje guhomba iby’isi birimo uburiganya
Pawulo yandikiye Abafilipi ati “Nyamara ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo-Abafilipi 3:7 Mu buzima busanzwe kamere muntu igira ibyo yitaho cyane ibonako ari inyungu, nyamara iyo…
Read moreSandrine Isheja Butera abaye Umuyobozi wungirije wa RBA
Inama y’Abaminisitiri ya mbere iteranye muri iyi Manda nshya ya Perezida Kagame yafashe ingamba zo kwirinda ubushita bw’inkende(monkey pox), inashyira mu myanya abayobozi barimo Umunyamakuru Isheja Butera Sandrine. Isheja Butera…
Read moreBuri rugo rusabwa nibura ibiti 5 by’imbuto
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) igiye kumurikira abafatanyabikorwa gahunda yo gutera nibura ibiti 5 by’imbuto muri buri rugo, aho kuba bitatu byateganywaga mu mihigo y’Umudugudu. Kugira ibiti by’imbuto muri buri rugo…
Read moreGutangira kw’amashuri biratunguranye
Mu babyeyi n’abarezi baganiriye na Kigali Today hari abavuga ko gutangira k’umwaka w’amashuri ku itariki 9 Nzeri 2024 ntacyo bitwaye, ariko hakaba n’abavuga ko batunguwe ku buryo abanyeshuri bashobora gutangira…
Read moreAmadini n’amatorero 43 yahagaritswe mu Rwanda
Amadini n’amatorero 43 yahagaritswe mu Rwanda Kuri uyu wa 22 Kanama 2024, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu(MINALOC) yatangaje ko ihagaritse amadini n’amatorero 43 ashinjwa kutagira ubuzima gatozi. Ibaruwa ihagarika ayo madini n’amatorero(imiryango…
Read more

RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe
Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye
Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF
Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’
Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa
Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge
FDLR si umubare ni igitekerezo-Rutaremara na Dr Habineza
U Bushinwa na Amerika bitangiye guhanganira muri Hormuz
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko umuryango wa Habyarimana uteye impungenge
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 5,746

































































































