Nyuma y’iyi nama ni bwo Maj Gen Nzaramba n’abandi birukanywe

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, nyuma yo kuganira n’Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) kuri uyu wa Kane tariki 29 Kanama 2024, havuyemo kwirukana Umusirikare mukuru n’abandi basaga 200. Ibiro…

Read more

Yago yahunze Igihugu

Umuhanzi Nyarwaya Innocent wamenyekanye cyane nka Yago yatangaje ko yahunze “biturutse ku bo yita agatsiko kashatse kumwica mu myaka Ine ishize .” Uyu muhanzi mu magambo yanditse ku rubuga rwe…

Read more

Abarenga ibihumbi 22 bagiye muri   Espagne guterana inyanya

Mu gihugu cya Espagne, ahitwa Buñol,   habereye umukino wo guterana inyanya  witabiriwe n’abasaga ibihumbi 22 baturutse hirya no hino ku isi, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Kanama 2024.…

Read more

Umusirikare wa FARDC yarashe mu Rwanda

Amakuru dukesha abari i Rubavu aravuga ko ahagana saa sita z’amanywa kuri uyu wa 29 Kanama 2024, umusirikare wo mu ngabo za Congo (FARDC ), yarashe amasasu menshi mu Rwanda,…

Read more

Amahanga yatangiye gutanga ubufasha bw’Inkingo z’ubushita bw’inkende kuri Afrika

  Amakuru dukesha VOA aragira ati “Ibihugu bikomeje gutanga doze z’inkingo z’ubushita bw’inkende mu rwego rwo kurwanya icyorezo cy’iyo ndwara muri Afurika, nyuma y’uko Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku buzima,…

Read more

Imodoka yahiriye i Gahanga irakongoka

I Gahanga mu Karere ka Kicukiro hafi ya sitasiyo y’ibikomoka kuri peteroli ya Oryx, imodoka yo mu bwoko bwa Minibus (Taxi Hiace) yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka. Ababibonye bavuga ko…

Read more

DRC:Abashatse guhirika ubutegetsi bakatiwe urwo gupfa

Amakuru dukesha BBC avuga yuko “Umushinjacyaha w’urukiko rwa gisirikare yasabiye igihano cyo kwicwa abantu 50 baregwa kugerageza guhirika ku ngufu ubutegetsi bwa Kinshasa tariki 19 Gicurasi(5), uruhande rwabo rwavuze ko…

Read more

Ibintu 20 utari uzi kuri Kamala Harris umugore ugiye kwiyamamariza kuyobora Amerika

Kamala Harris w’imyaka 59 ahabwa amahirwe yo kuba yayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu matora azaba mu kwezi kwa cumi na kumwe akaba mu gihe byaba bibaye bikaba byaba…

Read more

Umuhanda Kigali-Musanze unyuze i Rulindo wafunguwe

Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko umuhanda Kigali-Musanze unyuze i Rulindo wari wafunzwe by’agateganyo kubera impanuka y’ikamyo, wongeye kuba nyabagendwa. Ubwo ikamyo yakoze impanuka yari icyitambitse mu muhanda, Polisi yari…

Read more

Amatora y’Abasenateri: Ni bantu ki? batorwa bate? Na nde? Batorerwa he?

Sena ni umwe mu Mitwe ibiri igize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, ikaba ari yo mutwe Mukuru ku w’Abadepite. Abagize Sena bitwa Abasenateri, bakaba bashinzwe kugenzura niba nta nenge ziri…

Read more