Amatora y’Abasenateri: Ni bantu ki? batorwa bate? Na nde? Batorerwa he?
Sena ni umwe mu Mitwe ibiri igize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, ikaba ari yo mutwe Mukuru ku w’Abadepite. Abagize Sena bitwa Abasenateri, bakaba bashinzwe kugenzura niba nta nenge ziri…
Read moreDore amazina yiswe Abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda mu myaka yashize
Mu bigo bitandukanye bihuriramo abantu benshi nko mu mashuri, muri gereza, mu gisirikare, mu bacuruzi n’ahandi, usanga habaho ibikorwa byo kwakira abantu bashya babinjiyemo ariko bisa n’ibyo kubacisha bugufi kugira…
Read moreUmuhanda Kigali-Musanze unyuze i Rulindo wafunzwe by’agateganyo
Polisi y’u Rwanda yatangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Kanama 2024, ko umuhanda Kigali-Musanze uciye i Rulindo ufunzwe by’agateganyo nyuma y’impanuko y’ikamyo yabereye i Shyorongi. Itangazo rya Polisi rigira…
Read moreAbashaka kureba uko batsinze ibizamini bya Leta bakanda hano
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri(NESA), cyatangaje amanota y’abakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’ayisumbuye, icyiciro rusange muri 2024. Abashaka kureba uko batsinze ibyo bizamini bakora ‘copy and paste’…
Read moreIbitero bikomeye by’Uburusiya byibasiye Ukraine kuri uyu wa kabiri
Inkuru ya BBC Uburusiya bwibasiye Ukraine mu yindi nkubiri y’ibitero byiciwemo abantu, umunsi umwe nyuma yuko buyigabyeho kimwe mu bitero binini cyane byo mu kirere bibayeho muri iyi ntambara. Abategetsi…
Read moreUmujyi wa Kigali uzashyiraho inzira za bisi gusa, ab’amikoro make bazahabwa inzu
Kajeneri Mugenzi Christian, Perezida w’Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali uherutse gutorerwa gusimbura Prof. Kayihura Muganga Didas, yijeje ko mu myaka itanu ya Manda nshya iri imbere, hazaba hagiyeho inzira zahariwe…
Read moreMenya ibitangaza biba mu ngendo isi ikora
Iyi si twese twavukiyeho, tukaba tunayituyeho, iyo uyitegereje n’amaso yawe uba ubona ihamye hamwe ndetse rwose ituje mu buryo bukomeye ! Nyamara si ko bimeze, kuko uramutse uyitaruye, ukayitegereza,…
Read moreDore aho wakurikira(live) itangazwa ry’amanota y’ibizamini bya Leta kuri uyu wa 2
Minisiteri y’Uburezi (MINEDCUC), ibinyujije mu kigo kiyishamikiyeho (NESA), iratangaza kuri uyu wa kabiri saa tanu z’amanywa, amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye umwaka w’amashuri wa…
Read moreKuki aba Gen Z n’aba Millennials batitaba telefone?
Inkuru ya BBC Ubushakashatsi buheruka gukorwa bwerekana ko kimwe cya kane cy’abari hagati y’imyaka 18 na 34 batajya bitaba telephone – ababukoreweho bavuga ko birengagiza iyo telephone isona, bagasubiza banditse…
Read moreAbacururiza mu isoko ry’i Nyamirambo baratakamba kuko bagiye kwirukanwa
Isoko rya Rwezamenyo/Nyamirambo ryubatswe mu 1980, rigiye gusenywa kugira ngo hashyirwe inyubako z’ubucuruzi zigezweho. Abacuruzi bo muri iryo soko bagera hafi kuri 700 bavuga ko ku wa Gatanu tariki 23…
Read more