Dore ibisabwa abifuza kuyobora PSF nyuma y’amatora ahera ku wa mbere

Urugaga rw’Abikorera(PSF) rwatangiye imyiteguro y’amatora yo gusimbuza abayobozi barwo azaba kuva tariki 09 kugera 16 Werurwe 2026, guhera ku rwego rw’Akarere kugera ku rwego rw’Igihugu. Hagomba gutorwa Perezida, Visi Perezida…

Read more

Kayonza-KIIWP: Bavuye ku myumbati yitwa Maguruyinkware

Abaturage b’i Kayonza bafashwa n’Umushinga wa Leta witwa KIIWP kuhira imirima nyuma yo kwibasirwa n’amapfa kuva mu myaka 10 ishize, ubu biteze umusaruro w’imyumbati uzasagurirwa amasoko, kuko bavuye ku mbuto…

Read more

Uzatanga 5,000Frw uvurwe neza-RSSB

Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) ruvuga ko 75% ari abazatanga Mituelle itarenga 5,000Frw, bikazafasha Leta kongera ibikorwa by’ubuvuzi byishingirwa na Mituweli ndetse no kunoza serivisi z’ubuvuzi zihabwa abafite ubu bwisungane…

Read more

KIIWP-Kayonza: Ahigeze amapfa ubu barahinga igihe cyose

Umushinga wa Leta y’u Rwanda wiswe KIIWP wagenewe kuhira no kubungabunga ibyogogo mu mirenge yigeze kwibasirwa n’amapfa mu Karere ka Kayonza, uvuga ko abifuza gushora imari muri ako gace ubu bafite…

Read more

Dore igikeri (umutubu) cyavuyeho uburozi bwishe Navalny

Ibihugu by’i Burayi birimo u Bwongereza bivuga ko uwari umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Vladmir Putin w’u Burusiya, Alexei Navalny, yishwe hifashishijwe uburozi buboneka ku ruhu rw’igikeri cy’umutubu gifite…

Read more

Rwanda: Abantu bose bagiye gutura kuri 15% by’ubuso bw’Igihugu, mu midugudu 2 gusa ya buri kagari

Minisiteri y’Ibidukikije yatangaje ko Igishushanyo mbonera cy’imikoreshereze y’ubutaka cyageneye Abaturarwanda aho gutura hangana na 15% by’ubuso bw’Igihugu bwose, aho buri kagari katazarenza imidugudu ibiri yo guturamo. Ibi byateje kwinuba kwa…

Read more

Irimbi rigiye kuzura n’ubwo benshi badakozwa ibyo gutwika imirambo

Ikigo gishinzwe gucunga Irimbi rya Rusororo kivuga ko hasigaye igihe kitarenze amezi 7 kugira ngo aho ryari ryarateganyirijwe huzure, nyamara cyarateganyaga ko iryo rimbi rizuzura mu mwaka wa 2029. Abaherekeza ababo bitabye…

Read more

Kwimura CHUK bigomba gukorwa hirindwa umubyigano ukabije w’imodoka-Depite

Guverinoma y’u Rwanda irateganya kwimurira i Masaka ibitaro bya Kaminuza CHUK bikava i Nyarugenge guhera mu kwezi gutaha kwa Werurwe, kugera muri Nzeri uyu mwaka, ariko umuhanda uzanyuzwamo abarwayi hari…

Read more

REG ikomeje iperereza ku cyateye ibura ry’umuriro kuri uyu wa Kabiri

Urwego rushinzwe Ingufu mu Rwanda, REG, rurasaba Abaturarwanda kwihanganira ikibazo cy’ibura ry’umuriro gikomeje kugaragara muri iyi minsi, ariko rukizeza ko kizabonerwa igisubizo ubwo ibyavuye mu iperereza bizaba bimaze kugaragara. REG…

Read more

U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB

Muri gahunda ya kabiri ya Guverinoma NST2 izarangira mu mwaka wa 2029, Leta y’u Rwanda yateganyije gukuba kabiri umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi, harimo n’uw’amata, ariko mu bigomba gutanga ayo…

Read more