Fatakumavuta yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, ruvuga ko rwataye muri yombi Sengabo Jean Bosco uzwi ku izina rya Fatakumavuta, akaba yafunzwe kuva kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Ukwakira 2024. Fatakumavuta uzwi…
Read morePerezida Kagame yakuyeho urujijo ku guha akazi abo bitiranwa
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakuyeho urujijo ku bavuga ko ashyira mu myanya y’akazi abo bitiranwa cyangwa abavandimwe be, aho bamwe babishingira ku kuba ku itariki 14 Ukwakira 2024 yarashyizeho…
Read moreBamporiki na Gasana Emmanuel bafunguwe
Bamporiki Edouard wabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko hamwe na Gasana Emmanuel wabaye Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, bari mu bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika. Iteka rya…
Read moreMuri Kenya, urukiko rwahagaritse ishyirwaho rya visi prezida mushya
Prezida Ruto yifuza ko Profeseri Kithure Kindiki amubera Vise Prezida mushya Urukiko rw’ikirenga rushinzwe kurinda itegeko nshinga rya Kenya rwategetse ko igenwa rya Profeseri Kithure Kindiki ku mwanya wa visi…
Read moreZelensky: ‘Uburusiya Bugiye Kohereza ku Rugamba Abasirikare 10000 ba Koreya ya Ruguru’
Zelensky mu nama y’bakuru b’ibihugu by’ubumwe bw’uburayi i Bruxelles Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yemeza ko Uburusiya bwitegura kohereza ku rugamba abasirikare 10.000 ba Koreya ya Ruguru. Yabibwiye abanyamakuru ejo…
Read moreIgisirikare cya Israyeli IDF gikomeje kwikiza abanzi ba cyo bakomeye
Ba komanda b’ingabo za Israyeli Umunsi w’ejo ku wa kane ni bwo ku rukuta X rwahoze rwitwa twitter rwa MOSSAD ikigo cy’ubutasi cya Israyeli hatangajwe amakuru, amashusho n’amafoto agaragaza urupfu…
Read moreIkirunga cya Nyamuragira kirimo kuruka
Ikirunga cya Nyamuragira kirimo kuruka Ikigo gishinzwe gukurikirana ibyerekeye ibirunga kiri i Goma mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Kongo cyemeje ko ikirunga cya Nyamuragira kiri mu burasirazuba bwicyo…
Read moreZimwe mu nyubako za Hotel Muhabura zafashwe n’inkongi y’umuriro
Iyo nkongi y’umuriro yafashe Hoteli Muhabura mu ijoro ryakeye ku wa mbere tariki 14 Ukwakira 2024, aho ngo yaba yahereye ahagenewe gutegurirwa amafunguro. Iyi Hoteli yubatswe hafi y’ibiro by’Akarere ka…
Read moreIrimbi rya Nyamirambo ryafunzwe kuko ryuzuye
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge, Uwera Claudine, yandikiye umuyobozi w’Ikigo RIP Company gishinzwe imicungire y’irimbi ry’i Nyamirambo, amusaba guhagarika kuhashyingura guhera ku wa Mbere tariki 14…
Read morePerezida Kagame akoze impinduka mu gisirikare cy’u Rwanda
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yagize Maj Gen Alex Kagame, Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara, na ho Maj Gen Andrew Kagame agirwa Umuyobozi wa Diviziyo ya…
Read more