Ibintu 5 byagufasha kunesha icyaha cyubusambanyi

Ubusambanyi ni icyaha kibi Imana yanga kuko gikorerwa imbere mu mubiri,bibiliya itubwira ko dukwiriye kuzibukira gusambana ibindi byaha byose bikorerwa inyuma y’umubiri.1Abakorinto 7:18-19. Alarmnews.rw yaguteguriye zimwe mu ntabwe 5 za…

Read more

Putin na Xi Jin Ping bagiye guhurira mu Burusiya

Abakuru b’ibihugu bibiri by’ibihangange ku Isi, Vladimir Putin w’u Burusiya na Xi Jin Ping w’u Bushinwa, bazahurira i Kazen mu Burusiya mu nama y’ibihugu bigize BRICS, birwanya Amerika n’u Burayi…

Read more

Ukwiye kurya habura amasaha atatu ngo uryame: Inama y’abashakashatsi

Umushakashatsi wo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Tara Schmidt, yagaragaje ko kurya hakiri kare bifasha cyane abakunze kurwara ikirungurira iyo bamaze kurya.Nk’uko abisobanura, kurya kare nibura habura amasaha atatu…

Read more

Tumenye Nyungwe, ikigega cy’amazi y’u Rwanda

Ushobora kuba unywa amazi ava ku ruganda rwa Nzove cyangwa urwa Kanzenze(Bugesera), ukabona imvura igwa mu Rwanda cyangwa ugahumeka umwuka ukonje utarimo imyotsi iteza indwara, ariko utazi ko ishyamba rya…

Read more

Imvura y’Umuhindo iratangirana n’ukwezi gutaha-Meteo

Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (METEO RWANDA) cyatangaje ko imvura iteganyijwe mu Muhindo wa 2024, iri ku kigero kigereranyije(atari nyinshi cyangwa nke). Iyi mvura ngo izatangira kugwa guhera tariki…

Read more

Uwakurikiye Kristo aba yiyemeje guhomba iby’isi birimo uburiganya

Pawulo yandikiye Abafilipi ati “Nyamara ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo-Abafilipi 3:7 Mu buzima busanzwe kamere muntu igira ibyo yitaho cyane ibonako ari inyungu, nyamara iyo…

Read more

Sandrine Isheja Butera abaye Umuyobozi wungirije wa RBA

Inama y’Abaminisitiri ya mbere iteranye muri iyi Manda nshya ya Perezida Kagame yafashe ingamba zo kwirinda ubushita bw’inkende(monkey pox), inashyira mu myanya abayobozi barimo Umunyamakuru Isheja Butera Sandrine. Isheja Butera…

Read more

Buri rugo rusabwa nibura ibiti 5 by’imbuto

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) igiye kumurikira abafatanyabikorwa gahunda yo gutera nibura ibiti 5 by’imbuto muri buri rugo, aho kuba bitatu byateganywaga mu mihigo y’Umudugudu. Kugira ibiti by’imbuto muri buri rugo…

Read more

Gutangira kw’amashuri biratunguranye

Mu babyeyi n’abarezi baganiriye na Kigali Today hari abavuga ko gutangira k’umwaka w’amashuri ku itariki 9 Nzeri 2024 ntacyo bitwaye, ariko hakaba n’abavuga ko batunguwe ku buryo abanyeshuri bashobora gutangira…

Read more

Amadini n’amatorero 43 yahagaritswe mu Rwanda

Amadini n’amatorero 43 yahagaritswe mu Rwanda Kuri uyu wa 22 Kanama 2024, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu(MINALOC) yatangaje ko ihagaritse amadini n’amatorero 43 ashinjwa kutagira ubuzima gatozi. Ibaruwa ihagarika ayo madini n’amatorero(imiryango…

Read more