Umukecuru yahanganye n’inzoka ya metero enye rubura gica

Mu gihugu cya Thailand, Umukecuru witwa Arom Arunroj w’imyaka 64 y’amavuko yahanganye n’inzoka ipima metero enye n’ibiro 20, rubura gica ubwo yari yamusagariye. Uyu mukecuru yatangaje ko hari mu masaha…

Read more

U Rwanda rwatangiye gukingira Mpox

Umukozi wo muri ministeri y’ubuzima mu Rwanda arimo gukingira Mpox Minisiteri y’ubuzima y’u Rwanda yatangaje ko yatangiye gukingira indwara y’Ubushita bw’inkende izwi nka Mpox, bahereye “ku bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka,…

Read more

Dore ibyica abantu benshi mu Rwanda, abagabo ni bo bibasiwe

Raporo ya 2023 y’Ikigo cy’Ibarurishamibare(NISR) yatangajwe muri Gicurasi 2024, igaragaza ko indwara zitandura zirimo umutima n’umuvuduko w’amaraso, kanseri, guturika k’udutsi tw’ubwonko, umwijima, indwara z’ubuhumekero n’izindi, zifite uruhare rungana na 61%…

Read more

Irani na Hezbollah barashinja Israel ko ari yo yashwanyuje ibyuma by’itumanaho bya Hezbollah

Amakuru dukesha VOA avuga yuko “umutwe wa Hezbollah na guverinema ya Irani bishinja Isirayeli gushwanyuza ibyuma bikoreshwa n’abarwanyi ba Hezbollah mu itumanaho.” Ni igitero cyahitanye abantu 12 harimo abana babiri,…

Read more

Zimbabwe bagiye gutangira kubagira abaturage inzovu kubera amapfa

Inzego zishinzwe kubungabunga inyamaswa zo muri parike muri Zimbabwe zatangaje ko zigiye kwica inzovu 200 kugirango zigaburire abaturage bugarijwe n’inzara yatewe n’amapfa muri icyo gihugu. Amakuru dukesha VOA avuga ko…

Read more

Ubwirakabiri no kuzora k”ukwezi byagaragaye mu kirere muri uru rukerera

Byari bibereye ijisho kuri benshi babirebaga Muri uru rukerera rwo ku wa gatatu taliki ya 18 Nzeri ku isaha ya saa 4:12 kugeza saa 4:44 ku masaha yo mu Rwanda…

Read more

Haje Covid-19 nshya yitwa XEC, abantu bihutire gufata urukingo

Ikinyamakuru BBC cy’Abongereza kivuga ko hari ubwoko bushya bwa Covid-19 bwitwa XEC bwatangiriye mu gihugu cy’u Budage, ariko bukaba ngo bwageze mu bihugu bitandukanye byo ku isi, biba ngombwa ko…

Read more

Trump yahungishijwe nyuma y’urufaya rw’amasasu aho yari ari muri siporo

Ikibuga cya Golf Donald Trump akoreraho Siporo, cyitwa Trump National Golf Club, kiri muri West Palm Beach muri Leta ya Florida cyumvikanyemo urufaya rw’amasasu bivugwa ko abamurinda barashe umuntu bikekwa…

Read more

Gusura ni byiza ariko wakwirinda kubangamira abandi-Dr Nkusi

Muganga w’indwara zo mu mubiri, Dr Eugène Nkusi, avuga ko gusohora umwuka unyuze aho bitumira ibikomeye (byitwa gusura), ari ikimenyetso cy’uko umuntu afite imikorere myiza y’inzira z’igogora, ku buryo abantu…

Read more

Kwemerera Ukraine kurasa mu Burusiya, imbarutso y’intambara ya 3 y’isi

Perezida w’u Burusiya, Vladmir Putin, yaburiye Umuryango wo gutabarana wa OTAN/NATO, ko nuhirahira ukemerera Ukraine gukoresha misile ziterwa ku ntera ndende, zikagera hagati mu Burusiya, intambara iri buhindure isura yerekera…

Read more