Afurika ntigomba gutegereza abibwira ko bafite isi n’ijuru mu biganza byabo-Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko Afurika ikeneye kubaka iterambere ryayo ishingiye ku mahirwe menshi irusha indi migabane aho gutega amaboko abanyembaraga ‘bayisahura umutungo kamere’. Perezida Kagame yabitangaje ubwo…
Read more






