Polisi yafunze Mupenzi imufatanye amaburo afunga intsinga z’amashanyarazi
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali, yatangaje ko yafunze uwitwa Sabato Mupenzi w’imyaka 27 y’amavuko kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Ukwakira 2025, akaba yari atwaye ku igare…
Read moreIngabire Marie Immaculée wayoboraga Transparency yitabye Imana
Uwari Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda, Transparency International (TI_Rwanda), yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 09 Ukwakira 2025, nyuma y’igihe kinini yari amaze…
Read moreAbifuza gukonjesha ibintu barimo kujya kubyigira mu Rubirizi
Ikigo nyafurika giteza imbere ikonjesha n’uruhererekane rwaryo (ACES) ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda, bagiye kumara icyumweru bamurikira abafatanyabikorwa batandukanye uburyo bwo gukonjesha buzafasha u Rwanda gukumira iyangirika ry’umusaruro w’ubuhinzi,…
Read moreHafi ya gare ya Nyanza hafatiwe abakekwaho ubwambuzi banywa urumogi
Ku wa Kabiri tariki ya 07 Ukwakira 2025, mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Gatenga, Akagari ka Nyanza, Umudugudu wa Isonga, hafatiwe abagabo 7 bakurikiranyweho gutega abajya n’abava muri Gare…
Read moreGitifu w’Akarere n’abandi 13 bafunzwe bazira kurya iby’abarokotse Jenoside
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafunze abantu 14 barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa (Gitifu) w’Akarere ka Nyabihu, Mugiraneza David, n’abandi baregwa kuba abafatanyacyaha, harimo abakozi bashinzwe amasoko, ushinzwe ubwubatsi, ushinzwe imibereho myiza,…
Read moreNi hehe hagaragara umwuka wanduye mu Rwanda, hateza ikihe kibazo?
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije REMA, hamwe na Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) bisaba Abaturarwanda gushyigikira gahunda yo gusukura umwuka abantu bahumeka, kuko biri mu byakumira impfu zituruka ku ndwara, cyane cyane…
Read moreKugeza internet ya 5G mu mashuri byaba bizateza abarimu gutakaza akazi?
Umushinga wa Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) wiswe ‘Smart Education Project ugamije gukwirakwiza murandasi (internet) y’ikiragano cya 5(5G) mu mashuri yose mu Rwanda, hari abarimu wateye impungenge z’uko bashobora gutakaza akazi bitewe…
Read moreMu bakunda u Rwanda Umunyamerika Howard Buffet yabaye intangarugero
Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO), ruvuga ko umuntu wese ukunda u Rwanda ari uwerekana ibikorwa bigamije ineza n’inyungu by’Abanyarwanda b’ibyiciro byose, we atareba inyungu ze bwite. Umuyobozi…
Read moreIshuri ry’incuke n’abafite ‘autism’ ry’i Runda rizakoresha ikoranabuhanga ry’u Buyapani
Ikigo cy’u Buyapani gishinzwe Iterambere mpuzamahanga(JICA), kirizeza ubufasha bwo guteza imbere uburezi budaheza (cyane cyane abafite ubumuga bwo mu mutwe bwitwa ‘autism’), gihereye ku ishuri ryitwa Académie Pierre Généreuse (APIGENE)…
Read moreUbusobanuro bw’Ikinyarwanda cy’ab’ubu, ‘ni danger’ ya Danny Vumbi
Bamwe mu rubyiruko rw’u Rwanda bakomeje guhindura ururimi rw’Ikinyarwanda ku buryo bashobora kuruvuga ukayoberwa icyo bavuze, nk’uko umuhanzi witwa Daniel Semivumbi, uzwi nka Danny Vumbi, yabigize urwenya akashyira mu ndirimbo.…
Read more

Site ya Rwakivumu II i Nyarugenge yamurikiwe abifuza gutura ahatuje
Dore uko abayobozi bamwe bari bafatanye n’abo bashakanye bumva Perezida Kagame(video)
U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB
Tshisekedi avuze ikizakurikira guhuza ibikorwa k’u Rwanda na M23
Abamotari ba Spiro bavuga ko ikoranabuhanga ryahagaze ku wa kane ryabateje igihombo
Inzego z’Uburezi ziravugwamo ruswa ishingiye ku gitsina no kunyereza ibiribwa by’abanyeshuri
Ubutwari: MINUBUMWE yamaganye ‘Ikinyanglais’ n’imvugo zirimo “gutwika”
Ihene zitwa Shami zaba igisubizo ku guhangana n’amapfa n’imirire mibi
Ingabo za AFC/M23 zaba zirimo kuva mu bice bitandukanye bya Kivu zombi
I Rugende rwa Nyakaliro abanywaga urwagwa baruvuyeho baba abacuzi(video)
























































































