Kigali: Ngirinshuti na Ndindirimana barafunzwe bazira urumogi
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwe (ANU) rikorera mu mu Mujyi wa Kigali, rivuga ko ryataye muri yombi uwitwa Ngirinshuti Azalias w’imyaka 22 and Ndindirimana Emmanuel w’imyaka 38, bakaba ngo…
Read moreNyarugenge: Dore ibihano bitegereje abashinjwa ubujura bafashwe
Kigali Info irakwereka ingingo z’Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, zihana umuntu wese uhamijwe n’urukiko icyaha cy’ubujura kidasiba kugaragazwa hirya no hino mu Gihugu. Ku wa Gatanu tariki ya 08/08/25,…
Read moreMenya ibidasanzwe ku ndangamuntu y’ikoranabuhanga yatangiye kwandikishwa muri Expo
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA), cyatangiye kwandika abaturage muri gahunda y’indangamuntu koranabuhanga, SSDID, ahari kubera Imurikagurisha Mpuzamahanga(Expo), i Gikondo mu Mujyi wa Kigali. NIDA irimo gufata amakuru azaba abitse muri…
Read moreMinisitiri wa MINUBUMWE yikomye Umubiligi ku rupfu rw’Abami b’u Rwanda
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana yikomye impuguke mu bya politiki n’amategeko y’Umubiligi, Prof. Filip Reyntjens, nyuma yo kutumivikana ku ruhare rw’u Bubiligi mu rupfu rw’Umwami Mutara…
Read moreBamwe barimo gufungirwa amazi kubera isaranganya-WASAC
Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) kivuga ko imiyoboro y’amazi mishya hamwe na za vane (aho bafungira amazi) birimo gushyirwa mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali n’ahandi mu Gihugu, kugira…
Read moreRwamagana: Hari abataye ingo zabo nyuma yo kurwanya ubuyobozi burimo kubimura
Mu Murenge wa Musha w’Akarere ka Rwamagana, Akagari ka Nyakabanda, mu Mudugudu wa Ruhita, abaturage barimo kwimurwa bitewe n’uko ngo atari agace kagenewe imiturire, barimo abarwanyije ubuyobozi n’ababonye ibyo biba,…
Read moreRwamagana: Abatuye i Ruhita na Rugarama bose basabwa kwimuka
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera cy’Imikoreshereze y’Ubutaka mu Rwanda, mu Karere ka Rwamagana, Umurenge wa Musha, Akagari ka Nyakabanda, abatuye imidugudu ya Ruhita na Rugarama bose basabwa…
Read moreGupima imyotsi y’ibinyabiziga biratangira ku wa 18 Kanama 2025, dore ibisabwa
Kuva tariki ya 18 Kanama 2025, u Rwanda ruzatangira gupima imyotsi ihumanya ikirere iva mu binyabiziga bidakoresha amashanyarazi, hagamijwe kuzamura ubuziranenge bw’umwuka ibinyabuzima bihumeka, nk’uko Ikigo gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (REMA)…
Read moreNCDA na Rwanda Revenue bifashishije CarFreeDay mu bukangurambaga
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) hamwen’igishinzwe Imisoro n’Amahoro(Rwanda Revenue Authority/RRA) byifashishije Siporo rusange izwi nka CarFreeDay mu bukangurambaga ku mikurire y’abana hamwe no kwiyandikisha mu bazahabwa ishimwe…
Read moreIntambara mu Karere k’ibiyaga bigari zirarangiye-USA
Isinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati ya Congo n’u Rwanda hari abakomeje kuvuga ko ari inyandiko gusa, abandi barimo uwahoze ari Perezida wa Congo, Joseph Kabila, bati “Ni amasezerano y’ubucuruzi gusa, ibindi…
Read more

RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo
Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi
Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS
Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba
Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri
Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi
Perezida wa Madagascar yahunze
Polisi yafunze Mupenzi imufatanye amaburo afunga intsinga z’amashanyarazi
Ingabire Marie Immaculée wayoboraga Transparency yitabye Imana
Abifuza gukonjesha ibintu barimo kujya kubyigira mu Rubirizi






















































































