Ingabo za AFC/M23 zaba zirimo kuva mu bice bitandukanye bya Kivu zombi
Amakuru akomeje gutangazwa ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye avuga ko Ingabo z’umutwe wa AFC/M23 na Twirwaneho zirimo kwivana ku bushake mu bice bitandukanye by’intara za Kivu ya Ruguru n’iy’Epfo kuva mu…
Read moreI Rugende rwa Nyakaliro abanywaga urwagwa baruvuyeho baba abacuzi(video)
Urugomo rwaterwaga no kunywa inzoga zitujuje ubuziranenge i Rugende rwa Nyakaliro mu karere ka Rwamagana ubu rwabaye amateka, nyuma y’uko utubari dukuweho, urubyiruko rwabyukiraga mu businzi ruhagurukira gukora imyuga irimo…
Read moreAmato n’indege by’intambara byasatiriye Iran, ingendo muri ako gace zahagaze
Ubwato bw’intambara bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika USS Abraham Lincoln bumaze iminsi buhagaritse gutanga amakuru agaragaza aho buherereye igihe bwari bumaze kwegera Uburasirazuba bwo Hagati, bikaba byateje ubwoba mu …
Read morePerezida w’u Bufaransa yijeje ubufasha uwa Congo Kinshasa
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yakiriye mugenzi wewa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo(RD Congo), Félix Antoine Tshisekedi, kuri uyu wa 23 Mutarama 2026, amwizeza ubufasha bwose mu gushakira amahoro uburasirazuba…
Read moreU Rwanda rwabonye ibimasa by’inka zishobora gukamwa litiro 10,000
Ikigo gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi(RAB) cyakiriye ibimasaby’ifirizoni (holstein-friesian)bivuye mu Budage, bizatanga intanga z’inka z’umukamo mwinshi ushobora kugera kuri litiro ibihumbi 10 mu gihe cyose inka imara yonsa (ikamwa). Imbuga za…
Read moreU Burusiya burifuza guhuza u Rwanda na Congo kuko ‘intambara itazarangira vuba’
U Burusiya bwatangaje ko bwiteguye gutanga umusanzu wo kumvikanisha Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo(DRC) n’u Rwanda mu gihe bwabisabwa, kuko bubona ko intambara idateze kurangira vuba. Mu kiganiro yahaye Itangazamakuru…
Read moreKugeza uku kwezi kurangiye hazagwa imvura isanzweho muri Mutarama
Mu gice cya gatatu cy’ukwezi kwa Mutarama 2026 (kuva taliki ya 21 kugeza taliki ya 31), mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 7 na 110, ikaba iri ku…
Read moreKicukiro: Umushumba akurikiranyweho gusambanya inka yaragiraga
Ubushinjacyaha bwareze umushumba w’inka ufite imyaka 23 mu Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, aho bumushinja gukora igikorwa gishingiye ku gitsina ku nyamaswa(cyo gusambanya inka yaragiraga). Icyaha uwo mushumba w’inka akurikiranyweho cyakozwe…
Read moreYitabaje TikTok asaba uwamufasha kubaga ingurube, haza abarenga 3000
Umukobwa wo mu Bushinwa witwa Daidai yabuze uwafasha se w’umusaza kwica ingurube 2 z’umunsi mukuru, yandika ku mbuga nkoranyambaga (TikTok) abisaba, atungurwa no kubona abantu barenga 3,000 mu rugo iwabo…
Read moreKiliziya Gatolika yavuze ku gisa n’amabonekerwa yabereye i Musanze
Itangazo rigenewe Abanyamakuru ryashyizweho umukono na Padiri Mukuru wa Paruwasi Gatolika ya Busogo, rivuga ko hari igisa n’amabonekerwa yabereye i Musanze ku wa Gatanu w’iki Cyumweru gishize ariko akaba ataremezwa…
Read more

RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe
Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye
Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF
Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’
Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa
Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge
FDLR si umubare ni igitekerezo-Rutaremara na Dr Habineza
U Bushinwa na Amerika bitangiye guhanganira muri Hormuz
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko umuryango wa Habyarimana uteye impungenge
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 5,746























































































