KIIWP-Kayonza: Ahigeze amapfa ubu barahinga igihe cyose
Umushinga wa Leta y’u Rwanda wiswe KIIWP wagenewe kuhira no kubungabunga ibyogogo mu mirenge yigeze kwibasirwa n’amapfa mu Karere ka Kayonza, uvuga ko abifuza gushora imari muri ako gace ubu bafite…
Read moreDore igikeri (umutubu) cyavuyeho uburozi bwishe Navalny
Ibihugu by’i Burayi birimo u Bwongereza bivuga ko uwari umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Vladmir Putin w’u Burusiya, Alexei Navalny, yishwe hifashishijwe uburozi buboneka ku ruhu rw’igikeri cy’umutubu gifite…
Read moreRwanda: Abantu bose bagiye gutura kuri 15% by’ubuso bw’Igihugu, mu midugudu 2 gusa ya buri kagari
Minisiteri y’Ibidukikije yatangaje ko Igishushanyo mbonera cy’imikoreshereze y’ubutaka cyageneye Abaturarwanda aho gutura hangana na 15% by’ubuso bw’Igihugu bwose, aho buri kagari katazarenza imidugudu ibiri yo guturamo. Ibi byateje kwinuba kwa…
Read moreIrimbi rigiye kuzura n’ubwo benshi badakozwa ibyo gutwika imirambo
Ikigo gishinzwe gucunga Irimbi rya Rusororo kivuga ko hasigaye igihe kitarenze amezi 7 kugira ngo aho ryari ryarateganyirijwe huzure, nyamara cyarateganyaga ko iryo rimbi rizuzura mu mwaka wa 2029. Abaherekeza ababo bitabye…
Read morePerezida Ndayishimiye yasasiwe ibitenge avuye kugabana ubuyobozi bwa Afurika
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yakirijwe impundu, asasirwa ibitenge ageze i Bujumbura, aho yari avuye i Addis Abeba muri Ethiopia amaze guhabwa kuyobora Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe ku nshuro…
Read moreKwimura CHUK bigomba gukorwa hirindwa umubyigano ukabije w’imodoka-Depite
Guverinoma y’u Rwanda irateganya kwimurira i Masaka ibitaro bya Kaminuza CHUK bikava i Nyarugenge guhera mu kwezi gutaha kwa Werurwe, kugera muri Nzeri uyu mwaka, ariko umuhanda uzanyuzwamo abarwayi hari…
Read moreUruzinduko rw’Umukuru wa MONUSCO i Goma rwari rugamije iki?
Umuyobozi wungirije w’agateganyo w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye(UN) zoherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, MONUSCO, Vivian van de Perre, yemeje ko ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cy’i Goma gifunguwe nyuma y’umwaka urenga cyari kimaze…
Read moreIngengo y’Imari y’u Rwanda muri 2025-2026 yagabanyijwe
Inteko ishinga Amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, yemeje ko Ingengo y’Imari y’uyu mwaka wa 2025-2026 igabanywaho miliyari 80.4Frw, bitewe n’uko amafaranga yasabwaga mu kubaka Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali (kiri…
Read moreU Rwanda rwazamutseho imyanya ibiri ku isi mu kurwanya ruswa
Icyegeranyo ngarukamwaka kuri ruswa “Corruption Perceptions Index 2025” gikorwa n’Umuryango ‘Transparency International’, cyerekana ko u Rwanda rwazamutseho imyanya 2 ku isi mu kurwanya ruswa, kuva ku wa 43 muri 2024…
Read morePolisi yamaze iminsi 5 itavana amaso kuri rigole yahungiyemo abakekwaho ubujura
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali, ifatanyije n’Irondo ry’Umwuga, bamaze iminsi 5 batavana amaso kuri ruhurura yahungiyemo umusore washikuje agakapu k’umubyeyi karimo amafaranga na telefone, i Nyamirambo hafi…
Read more

RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe
Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye
Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF
Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’
Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa
Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge
FDLR si umubare ni igitekerezo-Rutaremara na Dr Habineza
U Bushinwa na Amerika bitangiye guhanganira muri Hormuz
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko umuryango wa Habyarimana uteye impungenge
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 5,746























































































