Mu Turere 3 tw’i Kigali hafatiwe urumogi n’abarucuruza
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, ANU, rikorera mu Mujyi wa Kigali rivuga ko ryafatanye abantu 3 udupfunyika 1,253 tw’urumogi, ribasanze mu turere dutatu tugize uyu mujyi wa Kigali, biturutse…
Read moreBugesera-Dore ingurukira, amashami y’ibiti ashibuka ku bindi bidasangiye ubwoko
Mu mudugudu wa Twinyange, Akagari ka Batima, Umurenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera, bavuga ko ibiti byabo bya avoka n’ibya gereveliya bikuze, byibasiwe no kumeraho amashami y’ibindi biti atari…
Read moreAmakuru y’urugamba muri Congo, ni nde ufite Nzibira?
Iminsi imaze kuba ine mu burasirazuba bwa Congo urugamba ari injyanamuntu, aho muri Territoire za Walikale na Masisi muri Kivu ya Ruguru, hamwe na Walungu muri Kivu y’Epfo abaturage nta…
Read moreInzuki zirimo gusinda izindi zikazibuza kwinjira mu muzinga
Mu gihugu cya Australia, ubushyuhe bwinshi burimo gutera umushongi w’indabo (nectar) gushya nk’inzoga, inzuki zajyamo guhova zigasinda, zigasubira mu muzinga zidandabirana. Hafi y’Inteko Ishinga Amategeko ya Australia hari abanyeshuri ba…
Read moreIcyumweru kigiye gushira ubucuruzi mu Rwanda bukorwa mu gicuku gusa
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko kuva tariki ya 19 kugeza ku ya 28 Nzeri 2025, imirimo y’ubucuruzi izakorwa (ninjoro gusa) kuva ku isaha itatangajwe kugera saa kumi z’urukerera. RDB…
Read moreRutsiro-Huzuye ibitaro bikorana n’abaganga bo muri Amerika
Mu Murenge wa Boneza w’Akarere ka Rutsiro huzuye ibitaro(Polyclinic), byitwa Kivu Hills Medical Center, bizatangira kwakira abarwayi bivuza bataha kuva mu mpera z’uyu mwaka wa 2025. Abaganga babikoreramo bazajya bavura…
Read moreDore ibanga ryo kuramba ku isi! Ni nde kugeza ubu uyibayeho igihe kirekire?
Kugeza ubu mu mwaka wa 2025, umuntu ukiriho uzwiho kuba mu barambye ku isi yitwa Ethel Caterham wo mu Bwongereza, akaba yarujuje imyaka 116 mu kwezi gushize kwa Kanama 2025.…
Read moreDore Nayini nshya aho abanyeshuri batsinda icya Leta hafi ya bose
Hari ababyeyi babona abana babo boherejwe mu mashuri atanga uburezi bw’ibanze bw’imyaka 9(NYBE), cyane cyane aya mashya atararenza imyaka itatu, bikabatera ikibazo, nyamara hari atangiye guhindura iyi myumvire, aho abana…
Read more‘Panneau solaire’ zishobora kuba isakaro, abazifite bagacuruza umuriro
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo(MININFRA) hamwe n’Abashoramari mu by’Ingufu (Energy Private Developers/EPD) ndetse n’abafatanyabikorwa ba Leta, bagiye guteza imbere ingufu zisubira, cyane cyane izikomoka ku mirasire y’izuba, aho ufite panneau solaire ku…
Read moreHafi y’ikibuga cy’indege cya Bujumbura harimo kugeragerezwa imbunda
Igisirikare cy’u Burundi(FDNB) cyatangarije abaturiye Umujyi wa Bujumbura hafi y’inkambi ya Gatumba yitwa 111 ko harimo kugeragerezwa imbunda, kubera iyo mpamvu ngo abantu ntibagomba gukeka ko hari umutekano muke muri…
Read more