Kuki isake ibika?
Hari undi muntu wakwibaza ikibazo kigira kiti “Inkoko y’isake ibamo ibiki bituma ibika, byagera ninjoro ikabika mu masaha y’igicuku ashyira mu rukerera?” Veterineri w’Umurenge wa Kamegeri mu Karere ka Nyamagabe,…
Read moreDore bamwe mu bakaridinali barimo Abanyafurika bazavamo Papa mushya
Nyuma y’urupfu rwa Papa Fransisiko ku wa 21 Mata 2025, hari Abakaridinali 135 bafite imyaka y’amavuko iri munsi ya 80 bemerewe gutora uzamusimbura, baturuka mu bihugu 71 ku migabane yose…
Read moreUbuhanuzi bwo mu 1143 bwavugaga ko Papa Francis ari we wa nyuma
Ubuhanuzi Arikiyepisikopi Malaki yahanuye mu mwaka wa 1143 bwavugaga ko Papa Francis ari we wa nyuma uhereye kuri Papa Celestino II wari watowe icyo gihe. Ubwo buhanuzi bwavuze ko Papa…
Read morePrezida wa Amerika Donald Trump yarahiriye ko azigarurira intara ya Gaza
Ministiri w’intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu na Prezida wa Amerika Donald Trump, imbere y’abanyamakuru Amakuru dukesha ijwi ry’Amerika avuga y’uko Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, yarahiriye ko…
Read moreMozambike:Imfungwa zirenga 1,500 zatorotse gereza kubera imyigaragambyo
Polisi ivuga ko imfungwa zirenga 1,500 zatorotse gereza muri Mozambique, zifatiranye imvururu za politike zikomeje kubera muri icyo gihugu zitewe n’ibyavuye mu matora byateje impaka. Mu kiganiro n’abanyamakuru, umukuru wa…
Read moreRURA yihanije abazamura ibiciro by’ingendo bitwaje iminsi mikuru
Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA), rwihanije abashoferi b’ibinyabiziga bazamura ibiciro mu bihe by’iminsi mikuru, rushimangira ko abazabifatirwamo bazabihanirwa. Byagarutsweho n’Umuyobozi w’ishami ry’ubwikorezi muri…
Read moreUganda: Pasiteri wishe umugore we yahanishijwe gufungwa imyaka 12
Pasiteri wo mu itorero rya Angilikani muri Uganda witwa David Ssekibaala yakatiwe gufungwa imyaka 12 muri gereza, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umugore we. Urukiko rukuru rwa Luweero muri…
Read moreUbuhinde: Umugore arashinja umugabo we kumuharika injangwe
Mu Buhinde, Urukiko rwitwa Karnataka High Court, rwakiriye ikirego cy’umugore ushinja umugabo we kuba akunda injangwe ye ndetse akayitaho kurusha uko amukunda, ndetse ko atamwitaho nk’uko yita kuri iyo njangwe.…
Read moreRIB yafashe “abakobwa” bakoreye iyicarubozo umusore w’Umurundi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi inkumi n’abasore, bakoreye urugomo umusore w’umurundi. Hashize igihe ku mbuga nkoranyambaga, hasakaye amashusho y’umusore w’umurundi ugaragara ko yakorewe igisa n’iyicaruburozo ku…
Read moreZelensky yatutse Putin
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatutse uw’u Burusiya, Vladimir Putin amwita ikigoryi, nyuma y’amagambo uyu uyoboye igihugu kinini ku Isi yavuze agakomeretsa ab’i Kyiv. Ubwo ku wa 19 Ukuboza 2024…
Read more

Abagore n’abakobwa bagize FPR Inkotanyi bateraniye i Rusororo
Korora inkwavu mu Rwanda, umushinga wakorwa n’udafite amikoro menshi
Rwanda: Ibiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko mazutu itumbagiye ku masoko mpuzamahanga
Inzu ziciriritse zituzwamo ab’amikoro make i Kigali kugeza ubu ziri he?
Abazunguzayi bavuga ko gucururiza ku muhanda ari ukwirinda ubujura
Rwanda: Abaturage ntibongere kohereza amazi mu myobo kuko ubutaka batuyeho bwariduka
Ese waha amafaranga ‘umukozi w’Imana’ akagusengera ugakira indwara/inyatsi?
Iran yahagaritse gutera ibihugu by’Abarabu
Dore ibisabwa abifuza kuyobora PSF nyuma y’amatora ahera ku wa mbere
Inteko irashaka umuceri w’umweru kandi uhumura nk’uva hanze


































































































