AMAHITAMO:Ikintu gikomeye ku buzima bw’umuntu

Amahitamo ya we ni yo agena uwo uzaba we Iyo witegereje neza ubona ko uhereye mbere na mbere mu mateka y’umuntu  uko ibihe n’imyaka byagiye bisimburana, kandi nk’uko biri n’uyu…

Read more

Abagizi ba nabi batwikishije Lisansi inzu irimo umuntu

Mu Karere ka Gasabo, mu Murenge Ndera, abagizi ba nabi bataramenyekana, batwitse inzu ya RUTABAYIRO Francois w’imyaka 71, irashya irakongoka nawe apfiramo. Ibi byabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya…

Read more

Kigali: Icyizere cyayoyotse burundu ku basenyewe bari bategerereje guhabwa inzu

Kigali Today yaganiriye na bamwe mu bakuwe(basenyewe) ahitwa amanegeka mu mujyi wa Kigali, bavuga ko imibereho itaboroheye nyuma y’umwaka urenga bamaze bakodesha inzu zigaragara nk’izenda kubagwaho. Kuva mu kwezi kwa…

Read more

Leta ya Madagascar yemeje igihano cyo gukona uwafashe umwana ku ngufu

Leta ya Madagascar mu cyumweru gishize yasohoye itegeko ryo gukona hakoreshejwe kubaga umuntu wese wahamwe n’icyaha cyo gusambanya umwana ku ngufu. Ni itegeko ryateje impaka kuva ryatorwa n’inteko ishinga amategeko.…

Read more

Uburusiya burimo gusatira umujyi ukomeye wa Ukraine mu gihe igitero cyayo muri Kursk kigenda buhoro

Uburusiya bwateye intambwe ikomeye mu minsi ya vuba aha ishize, iteje inkeke kuruta ibyo Ukraine yagezeho mu gitero cyayo cyambuka umupaka mu karere ka Kursk ko mu Burusiya. Abasirikare b’Uburusiya…

Read more

Perezida wa Repubulika na Minisitiri w’Ingabo bazamuye mu ntera abasirikare barenga 5,000

Ku wa 31 Nzeri 2024, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda(RDF), yazamuye mu ntera abasirikare b’abofisiye 654, mu gihe Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, na we…

Read more

Aborozi 175,000 bagiye gufashwa kuzamura umukamo muri RDDP2

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) yatangije umushinga w’imyaka 6 wiswe RDDP2 ugamije guteza imbere ubworozi bw’inka zitanga umukamo, aho aborozi bazafashwa kongera umukamo bahangana n’imihindagurikire y’ibihe. Aborozi bahagarariye abandi mu jtangizwa…

Read more

Abarwanyi b’Uburusiya bagiye kuva muri Burkina Faso bage muri Ukraine

Abarwanyi bitwara gisirikare b’Abarusiya bitezwe kuva muri Burkina Faso, mu gihe ibitero by’intagondwa birimo kwiyongera Nk’uko BBC ibitangaza, Uburusiya bugiye gukura muri Burkina Faso abarwanyi 100 bo ku rwego rwo…

Read more

SanlamAllianz ijyanye ubwishingizi bw’u Rwanda ku isoko mpuzamahanga

Ubwishingizi bw’u Rwanda buhagarariwe n’Ikigo Sanlam bugiye kugirirwa icyizere mu ruhando mpuzamahanga nyuma yo kwihuza na Allianz y’Abadage, izwiho kwishingira ibikorwa mpuzamahanga nk’imikino ya Olympic, Ubwato bwa Titanic n’ibindi. Tariki…

Read more

Anglican na Islam bigiye kuyobora Umuryango w’impuzamadini n’Amatorero

Umushumba Mukuru w’Itorero rya Anglican mu Rwanda (Archb Dr.Laurent Mbanda, yatorewe kuyobora umuryango wa RIC (Rwanda inter-Religious council) uhuza amatorero, amadini na kiliziya, akaba asimbuye Mgr Filipo Rukamba wa Diyoseze…

Read more