Menya ibidasanzwe ku ndangamuntu y’ikoranabuhanga yatangiye kwandikishwa muri Expo
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA), cyatangiye kwandika abaturage muri gahunda y’indangamuntu koranabuhanga, SSDID, ahari kubera Imurikagurisha Mpuzamahanga(Expo), i Gikondo mu Mujyi wa Kigali. NIDA irimo gufata amakuru azaba abitse muri…
Read moreMinisitiri wa MINUBUMWE yikomye Umubiligi ku rupfu rw’Abami b’u Rwanda
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana yikomye impuguke mu bya politiki n’amategeko y’Umubiligi, Prof. Filip Reyntjens, nyuma yo kutumivikana ku ruhare rw’u Bubiligi mu rupfu rw’Umwami Mutara…
Read moreBamwe barimo gufungirwa amazi kubera isaranganya-WASAC
Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) kivuga ko imiyoboro y’amazi mishya hamwe na za vane (aho bafungira amazi) birimo gushyirwa mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali n’ahandi mu Gihugu, kugira…
Read moreRwamagana: Hari abataye ingo zabo nyuma yo kurwanya ubuyobozi burimo kubimura
Mu Murenge wa Musha w’Akarere ka Rwamagana, Akagari ka Nyakabanda, mu Mudugudu wa Ruhita, abaturage barimo kwimurwa bitewe n’uko ngo atari agace kagenewe imiturire, barimo abarwanyije ubuyobozi n’ababonye ibyo biba,…
Read moreRwamagana: Abatuye i Ruhita na Rugarama bose basabwa kwimuka
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera cy’Imikoreshereze y’Ubutaka mu Rwanda, mu Karere ka Rwamagana, Umurenge wa Musha, Akagari ka Nyakabanda, abatuye imidugudu ya Ruhita na Rugarama bose basabwa…
Read moreGupima imyotsi y’ibinyabiziga biratangira ku wa 18 Kanama 2025, dore ibisabwa
Kuva tariki ya 18 Kanama 2025, u Rwanda ruzatangira gupima imyotsi ihumanya ikirere iva mu binyabiziga bidakoresha amashanyarazi, hagamijwe kuzamura ubuziranenge bw’umwuka ibinyabuzima bihumeka, nk’uko Ikigo gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (REMA)…
Read moreNCDA na Rwanda Revenue bifashishije CarFreeDay mu bukangurambaga
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) hamwen’igishinzwe Imisoro n’Amahoro(Rwanda Revenue Authority/RRA) byifashishije Siporo rusange izwi nka CarFreeDay mu bukangurambaga ku mikurire y’abana hamwe no kwiyandikisha mu bazahabwa ishimwe…
Read moreIntambara mu Karere k’ibiyaga bigari zirarangiye-USA
Isinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati ya Congo n’u Rwanda hari abakomeje kuvuga ko ari inyandiko gusa, abandi barimo uwahoze ari Perezida wa Congo, Joseph Kabila, bati “Ni amasezerano y’ubucuruzi gusa, ibindi…
Read moreAmerika ngo yaba yatumuye umwotsi gusa mu kurasa Iran
Igisirikare cya Iran kivuga ko Amerika, Inshuti ya Israel yibeshye ko yarashe intwaro kirimbuzi za Iran mu duce dutatu tw’ahitwa Natanz, Isfahan na Fordow, nyamara ngo bari baramaze kuzihungisha. Itangazo…
Read moreUmumotari wari utwaye moto anahetse umwana arimo kubazwa icyabimuteye
Polisi y’u Rwanda yavuze ko umumotari wagaragaye atwaye moto anahetse umwana mu mugongo, yakoze ibitemewe, ndetse ko yatangiye kubazwa icyabimuteye. Ni nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amashusho y’umumotari uba…
Read more

Abagore n’abakobwa bagize FPR Inkotanyi bateraniye i Rusororo
Korora inkwavu mu Rwanda, umushinga wakorwa n’udafite amikoro menshi
Rwanda: Ibiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko mazutu itumbagiye ku masoko mpuzamahanga
Inzu ziciriritse zituzwamo ab’amikoro make i Kigali kugeza ubu ziri he?
Abazunguzayi bavuga ko gucururiza ku muhanda ari ukwirinda ubujura
Rwanda: Abaturage ntibongere kohereza amazi mu myobo kuko ubutaka batuyeho bwariduka
Ese waha amafaranga ‘umukozi w’Imana’ akagusengera ugakira indwara/inyatsi?
Iran yahagaritse gutera ibihugu by’Abarabu
Dore ibisabwa abifuza kuyobora PSF nyuma y’amatora ahera ku wa mbere
Inteko irashaka umuceri w’umweru kandi uhumura nk’uva hanze

































































































