RIB yafashe “abakobwa” bakoreye iyicarubozo umusore w’Umurundi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi inkumi n’abasore, bakoreye urugomo umusore w’umurundi. Hashize igihe ku mbuga nkoranyambaga, hasakaye amashusho y’umusore w’umurundi ugaragara ko yakorewe igisa n’iyicaruburozo ku…
Read moreZelensky yatutse Putin
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatutse uw’u Burusiya, Vladimir Putin amwita ikigoryi, nyuma y’amagambo uyu uyoboye igihugu kinini ku Isi yavuze agakomeretsa ab’i Kyiv. Ubwo ku wa 19 Ukuboza 2024…
Read moreDore aho warebera ko watsinze ibizamini bisoza ayimbuye 2024
Minisiteri y’Uburezi(MINEDUC) yatangaje amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye byakozwe mu mezi ya Nyakanga na Kanama 2024, aho 78.6% ari bo babitsinze bakaba bazahabwa impamyabumenyi. MINEDUC ivuga ko abanyeshuri bari biyandikishije…
Read moreUbu ni bwo Moscow igeramiwe n’ibitero bya drone mu buryo butigeze bubaho
Mu mpera z’icyumweru gishize habaye ibitero binini kurusha ibindi by’indege za ‘drones’ kuva iyi ntambara yatangira hagati y’Uburusiya na Ukraine . Minisiteri y’ingabo y’Uburusiya yavuze ko yaturikije ‘drones’ 84 za…
Read moreUmugaba mukuru wa RDF n’abarinda Perezida wa Repubulika batanze amaraso
Ikigo gishinzwe Ubuzima mu Rwanda, RBC, cyashimiye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda(RDF) hamwe n’Umutwe ushinzwe kurinda Umukuru w’Igihugu (Republican Guards), kuba bitabiriye gahunda amaraso ku bayakeneye. Umuyobozi w’Ikigo gishizwe gutanga…
Read moreHuye: Umugabo yakubiswe ifuni agiye gusambana
Uwitwa Emmanuel Mutunzi w’imyaka 55 y’amavuko, wari utuye mu Murenge wa Karama wo mu Karere ka Huye, yitabye Imana azize gukubitwa ifuni n’umusore witwa René Iradukunda w’imyaka 19 y’amavuko wari…
Read moreEspagne:Imvura y’umwaka wose yaguye mu masaha 8 gusa
Abantu baburiwe irengero n’ibintu byangiritse ntibigira akagero Abantu batari munsi ya 62 nibo bamaze kumenyekana ko bapfuye bahitanywe n’imvura nyinshi yateye imivu n’imyuzure ikomeye mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Espagne.…
Read moreUmujyi wo mu Burusiya waciye imyambaro ya kisilamu mu mashuri
Abayobozi bo mu mujyi wa Vladimir uherereye mu Burasirazuba bw’Umurwa Mukuru Moscow mu Burusiya, babujije abanyeshuri kwambara imyambaro ifite aho ihuriye n’imyemerere mu gihe bari ku ishuri. Inkuru yatangajwe na…
Read moreMinisante yatangaje inkomoko ya Marburg imaze iminsi yibasiye u Rwanda
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yatangaje ko hamenyekanye inkomoko y’icyorezo cya Marburg cyibasiye u Rwanda, aho ubushakashatsi bwakozwe bwagaragaje ko cyaturutse ku ducurama. Yasabye Abaturarwanda kutirara mu ducurama ngo batugirire…
Read moreMuri 2025 isi izamanukirwa n’ibivajuru, imperuka itangire-Baba Vanga
Umunyaburugariyakazi (Bulgarian) wapfuye ari umukecuru muri 1996 yasize ahanuye ko imperuka y’isi izatangira muri 2025, kandi ko kuva muri uwo mwaka abantu bazajya bahura n’ibiremwa bidasanzwe biturutse ku yindi mibumbe(ibivajuru).…
Read more

RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo
Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi
Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS
Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba
Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri
Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi
Perezida wa Madagascar yahunze
Polisi yafunze Mupenzi imufatanye amaburo afunga intsinga z’amashanyarazi
Ingabire Marie Immaculée wayoboraga Transparency yitabye Imana
Abifuza gukonjesha ibintu barimo kujya kubyigira mu Rubirizi






















































































