Uko Perezida Maduro yagejejwe muri Amerika ameze

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika(USA) yategetse igisirikare kugaba ibitero muri Venezuela no ku murwa mukuru Caracas by’umwihariko, bikaba byibasiye cyane no ibigo bya gisirikare, akaba yaje…

Read more

Imvura izaba nyinshi kurusha isanzwe igwa muri uku kwezi-Meteo

Iteganyagihe ry’ukwezi kwa Mutarama 2026 ryerekana ko mu Rwanda hashobora kugwa imvura iri hagati ya milimetero 50 na 300, ikazaba iri hejuru gato y’imvura isanzwe igwa mu mezi ya Mutarama…

Read more

CHENO yibukije Abanyarwanda Indangagaciro na kirazira zazo

Mu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi w’Intwari z’Igihugu ku itariki ya 01 Gashyantare 2026, Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO) rwibukije Abanyarwanda Indangagaciro z’Umuco w’u Rwanda, buri…

Read more

Perezida Kagame yashimiye Ingabo z’u Rwanda, asangiza abantu umwaka

Nyuma yo gushima ubwitange n’umuhate by’Ingabo  n’abandi bagize inzego z’umutekano z’u Rwanda, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame ari kumwe na Madamu Jeannette Kagame, bakiriye abarimo abayobozi mu nzego za Leta,…

Read more

Akarere ka Gasabo kahaye ubunani abaturage batishoboye

Mu rwego rwo gufasha abaturage b’amikoro make kwishimira iminsi mikuru isoza umwaka wa 2025, Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwatanze ibiribwa, ibikoresho by’isuku, imyambaro n’ubwisungane mu kwivuza ku batujwe mu midugudu…

Read more

Rulindo: Bakomeje gutakambirira Padiri Mukuru ufungiwe muri Transit Center

Abayoboke ba Kiliziya Gatolika, by’umwihariko abo muri Paruwasi ya Rutonde, iherereye mu Murenge wa Shyorongi mu Karere ka Rulindo muri Arkidiyosezi ya Kigali, baratakambirira Padiri Mukuru wabo witwa Gakuba Célestin,…

Read more

DUHAMIC-ADRI irizeza akazi urubyiruko rurenga 80,000

Umuryango ushinzwe guteza imbere icyaro, DUHAMIC-ADRI, urizeza urubyiruko rurenga ibihumbi 80 rwo mu turere 29 ukoreramo, kuzabona akazi keza bitarenze imyaka 2 (kugera muri 2027), gashingiye ahanini ku buhinzi bw’imboga…

Read more

Katedarari ya miliyari 40 igiye kubakwa muri 2026 ahahoze gereza ya 1930

Arkidiyosezi ya Kigali yasabye abayoboke ba Kiliziya Gatolika by’umwihariko abasengera muri Katedarari yitiriwe Mutagatifu Mikayire (Saint Michel) kwitegura no gutanga umusanzu wabo ku mushinga wo kubaka Katedarali nshya ya Kigali…

Read more

Dore ibihugu 29 birimo n’u Rwanda, aho abambasaderi ba USA bahamagajwe

Leta zunze Ubumwe za Amerika(USA) zasabye abazihagarariye (abambasaderi n’abakozi bakuru ba za ambasade) bari mu bihugu 29 byo hirya no hino ku isi, birimo n’u Rwanda, kuva mu nshingano zabo…

Read more

Abifuza akazi gashingiye ku kumenya Ikidage begerejwe ibizamini mu Rwanda

Ikigo giteza imbere ururimi rw’Ikidage, Der Sprachen Hub (German Language Academy) kirimo guha Abanyarwanda n’abandi babyifuza impamyabumenyi ziswe European Consortium for the Certificate of Attainment in Modern Languages(ECL), zabafasha kubona…

Read more