Kuki imvura itagwa nta mirabyo, wari uzi ko imirabyo ifumbira ubutaka?
Nubona mu kirere igicu gikubye ariko hatajemo imirabyo n’inkuba, burya nta mvura ishobora kugwa ngo imanukane n’imyunyu ngugu yaremwe n’imirabyo, kugira ngo ijye gutunga imyaka n’ibindi bimera muri rusange. Imirabyo(lightning)…
Read moreIbiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko ibya lisansi na mazutu bizamutse
Impuguke mu bijyanye n’Ubukungu ivuga ko ibiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko iby’ibikomoka kuri peterori(lisansi na mazutu) bizamutseho amafaranga arenga 50Frw kuri litiro. Kuri uyu wa Gatanu tariki 05 Nzeri 2025,Urwego…
Read moreDrones zitwara abantu zizagaragara hujuru ya Kigali kuri uyu wa Kane
Kuri Kigali Convention Centre(KCC), Abashinwa bahageragereje drones zitwara abantu, kikaba ari igikorwa kibaye ku nshuro ya mbere ku mugabane wa Afurika. Utu tudege tuzagurutswa hejuru y’Umujyi wa Kigali dutwaye abantu…
Read moreSi ngombwa guhinga-abahanga mu buhinzi
Muri iki gihembwe cy’ihinga A kirangwa n’imvura y’umuhindo, hari ushobora kuvuga ko yakererewe kurima amasinde n’intabire mu murima we, nyamara bitakiri ngombwa, nk’uko bisobanurwa n’abahanga bakorera Ishuri rikuru ry’u Rwanda…
Read moreNyarugenge: Bashobora kurangiza ubuzima bafunzwe nyuma yo gufatanwa urumogi
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge ANU, ryerekanye abagabo babiri bagiye kumara ubuzima basigaje ku isi bafunzwe, nyuma yo gufatanwa urumogi kuri iki cyumweru tariki ya 24/08/25. Polisi ivuga ko…
Read moreUmunyamakuru wa Radio Rwanda yitabye Imana
Kassim Yussuf wari umunyamakuru kuri Radio Rwanda yitabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki 25 Kanama 2025 azize uburwayi, nk’uko inshuti n’abo bakoranye bakomeje kubitangaza. Kassim yamenyekanye…
Read moreImpanga zifatanye, umwe ni ingaragu undi akaba umugore wubatse urugo
Abanyamerika bavutse ari impanga zifatanye igihimba ariko imitwe ari ibiri, umwe akomeje kuba ingaragu undi ni umugore wubatse urugo, n’ubwo umwanya ndangagitsina wabo bombi ari umwe. Abigail (Abby) na Brittany…
Read moreMuri ADEPR Nyarugenge barwaniye mu materaniro(video)
Umwe mu bayoboke ba ADEPR utashatse kubwira Kigali Info amazina ye, avuga ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Kanama 2025 abantu bo mu rwego rw’ubuyobozi muri iryo Torero bafatanye…
Read moreKabila ngo si uwa Kabila, arasabirwa igihano cy’urupfu
Abanyamategeko ba Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(DRC) basabye urukiko rukuru rwa gisirikare guhamya Joseph Kabila ibyaha byo kubeshya ko ari Umunyekongo nyamara ngo ari Umunyarwanda wagambaniye Igihugu cya…
Read moreGasabo: Uwasanaga umuyoboro w’amazi ajya i Ruhanga yafunzwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi Manirakiza Straton, umukozi wa WASAC Group ushinzwe ibikorwa byo gusana umuyoboro w’amazi wa Ruhanga mu Murenge wa Rusororo, akurikiranyweho icyaha cya…
Read more