Karongi: Abagura n’abagurisha ibigori bibisi cyangwa byokeje bazabihanirwa
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi bwabujije abantu kugura no kugurisha ibigori bibisi cyangwa byokeje, kugira ngo burengere abahinzi bamariraga umusaruro w’ibigori mu murima bitarera. Itangazo Ubuyobozi bw’uwo…
Read moreUmuriro wongeye kubura henshi mu Gihugu kuri uyu wa Mbere
Ibura ry’umuriro w’amashanyarazi ryabayeho ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 05 Mutarama 2026 ryatunguye benshi, batangira kwandika ku mbuga nkoranyambaga binubira Ikigo gishinzwe ingufu REG n’ubwo cyari kimaze…
Read moreUko Perezida Maduro yagejejwe muri Amerika ameze
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika(USA) yategetse igisirikare kugaba ibitero muri Venezuela no ku murwa mukuru Caracas by’umwihariko, bikaba byibasiye cyane no ibigo bya gisirikare, akaba yaje…
Read moreImvura izaba nyinshi kurusha isanzwe igwa muri uku kwezi-Meteo
Iteganyagihe ry’ukwezi kwa Mutarama 2026 ryerekana ko mu Rwanda hashobora kugwa imvura iri hagati ya milimetero 50 na 300, ikazaba iri hejuru gato y’imvura isanzwe igwa mu mezi ya Mutarama…
Read moreCHENO yibukije Abanyarwanda Indangagaciro na kirazira zazo
Mu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi w’Intwari z’Igihugu ku itariki ya 01 Gashyantare 2026, Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO) rwibukije Abanyarwanda Indangagaciro z’Umuco w’u Rwanda, buri…
Read morePerezida Kagame yashimiye Ingabo z’u Rwanda, asangiza abantu umwaka
Nyuma yo gushima ubwitange n’umuhate by’Ingabo n’abandi bagize inzego z’umutekano z’u Rwanda, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame ari kumwe na Madamu Jeannette Kagame, bakiriye abarimo abayobozi mu nzego za Leta,…
Read moreAkarere ka Gasabo kahaye ubunani abaturage batishoboye
Mu rwego rwo gufasha abaturage b’amikoro make kwishimira iminsi mikuru isoza umwaka wa 2025, Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwatanze ibiribwa, ibikoresho by’isuku, imyambaro n’ubwisungane mu kwivuza ku batujwe mu midugudu…
Read moreRulindo: Bakomeje gutakambirira Padiri Mukuru ufungiwe muri Transit Center
Abayoboke ba Kiliziya Gatolika, by’umwihariko abo muri Paruwasi ya Rutonde, iherereye mu Murenge wa Shyorongi mu Karere ka Rulindo muri Arkidiyosezi ya Kigali, baratakambirira Padiri Mukuru wabo witwa Gakuba Célestin,…
Read moreDUHAMIC-ADRI irizeza akazi urubyiruko rurenga 80,000
Umuryango ushinzwe guteza imbere icyaro, DUHAMIC-ADRI, urizeza urubyiruko rurenga ibihumbi 80 rwo mu turere 29 ukoreramo, kuzabona akazi keza bitarenze imyaka 2 (kugera muri 2027), gashingiye ahanini ku buhinzi bw’imboga…
Read moreKatedarari ya miliyari 40 igiye kubakwa muri 2026 ahahoze gereza ya 1930
Arkidiyosezi ya Kigali yasabye abayoboke ba Kiliziya Gatolika by’umwihariko abasengera muri Katedarari yitiriwe Mutagatifu Mikayire (Saint Michel) kwitegura no gutanga umusanzu wabo ku mushinga wo kubaka Katedarali nshya ya Kigali…
Read more
















