Abagore n’abakobwa bagize FPR Inkotanyi bateraniye i Rusororo
Uyu munsi Abanyamuryango basaga 2,000 bateraniye ku Cyicaro cy’Umuryango FPR Inkotanyi i Rusororo mu nama nkuru ya Gatandatu y’Urugaga rw’Abagore rushamikiye kuri uwo muryango. Ni inama ubusanzwe yitabirwa n’abanyamuryango bayobora…
Read moreKorora inkwavu mu Rwanda, umushinga wakorwa n’udafite amikoro menshi
Hari abayobozi barimo Senateri Prof Jean Pierre Dusingizemungu, basaba inzego zibishinzwe gukangurira abaturage korora inkwavu, bitewe n’uko zororoka vuba kandi zidasaba byinshi nk’andi matungo. Ni mu gihe ibiciro by’ibiribwa cyane…
Read moreRwanda: Ibiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko mazutu itumbagiye ku masoko mpuzamahanga
Urugaga rw’abikorera mu Rwanda, PSF ruvuga ko izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri Peterori na gaz ku masoko mpuzamahanga, rigiye kugira ingaruka ku Rwanda bitewe n’intambara Amerika na Israel byashoye kuri Iran. …
Read moreInzu ziciriritse zituzwamo ab’amikoro make i Kigali kugeza ubu ziri he?
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko yatangiye gutuza abantu b’amikoro make mu nzu ziciriritse zubatswe muri site z’imiturire, n’ubwo kugeza ubu itarabonera inzu abifuza gukodesha bahembwa umushahara uri munsi y’ibihumbi 200Frw…
Read moreAbazunguzayi bavuga ko gucururiza ku muhanda ari ukwirinda ubujura
Mu gihe Umujyi wa Kigali usaba abacururiza ku muhanda (bitwa abazunguzayi) kubihagarika bakajya mu masoko yemewe, bamwe muri bo bavuga ko ibyo byashoboka baramutse babonye igishoro, ariko hagati aho ngo…
Read moreRwanda: Abaturage ntibongere kohereza amazi mu myobo kuko ubutaka batuyeho bwariduka
Abaturage, cyane cyane abatuye ku misozi ihanamye mu Rwanda, baragirwa inama yo kutareka amazi y’imvura yinjira mu byobo byacukuwe mu ngo, ahubwo bagasabwa kuyayobora yose muri ruhurura, mu rwego rwo…
Read moreDore ibisabwa abifuza kuyobora PSF nyuma y’amatora ahera ku wa mbere
Urugaga rw’Abikorera(PSF) rwatangiye imyiteguro y’amatora yo gusimbuza abayobozi barwo azaba kuva tariki 09 kugera 16 Werurwe 2026, guhera ku rwego rw’Akarere kugera ku rwego rw’Igihugu. Hagomba gutorwa Perezida, Visi Perezida…
Read moreUzatanga 5,000Frw uvurwe neza-RSSB
Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) ruvuga ko 75% ari abazatanga Mituelle itarenga 5,000Frw, bikazafasha Leta kongera ibikorwa by’ubuvuzi byishingirwa na Mituweli ndetse no kunoza serivisi z’ubuvuzi zihabwa abafite ubu bwisungane…
Read moreKIIWP-Kayonza: Ahigeze amapfa ubu barahinga igihe cyose
Umushinga wa Leta y’u Rwanda wiswe KIIWP wagenewe kuhira no kubungabunga ibyogogo mu mirenge yigeze kwibasirwa n’amapfa mu Karere ka Kayonza, uvuga ko abifuza gushora imari muri ako gace ubu bafite…
Read more










