U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB
Muri gahunda ya kabiri ya Guverinoma NST2 izarangira mu mwaka wa 2029, Leta y’u Rwanda yateganyije gukuba kabiri umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi, harimo n’uw’amata, ariko mu bigomba gutanga ayo…
Read moreAbamotari ba Spiro bavuga ko ikoranabuhanga ryahagaze ku wa kane ryabateje igihombo
Nyuma yo kumara amasaha arenga 9 kuva saa cyenda z’ijoro kugera saa sita n’igice z’amanywa kuri uyu wa Kane bategereje bateri kuri sitasiyo zibasharijira (icyo bita gukora swap), abatwara moto…
Read moreIhene zitwa Shami zaba igisubizo ku guhangana n’amapfa n’imirire mibi
Ihene zitwa Shami cyangwa ihene y’i Damasiko (Damascus goat) zororerwa mu bice by’isi bishyuha cyane aho bagira izuba ryinshi, zaba igisubizo ku baturage bibasirwa n’amapfa kuko zihanganira imihindagurikire y’ibihe, zikororoka…
Read moreI Rugende rwa Nyakaliro abanywaga urwagwa baruvuyeho baba abacuzi(video)
Urugomo rwaterwaga no kunywa inzoga zitujuje ubuziranenge i Rugende rwa Nyakaliro mu karere ka Rwamagana ubu rwabaye amateka, nyuma y’uko utubari dukuweho, urubyiruko rwabyukiraga mu businzi ruhagurukira gukora imyuga irimo…
Read moreKiliziya Gatolika yavuze ku gisa n’amabonekerwa yabereye i Musanze
Itangazo rigenewe Abanyamakuru ryashyizweho umukono na Padiri Mukuru wa Paruwasi Gatolika ya Busogo, rivuga ko hari igisa n’amabonekerwa yabereye i Musanze ku wa Gatanu w’iki Cyumweru gishize ariko akaba ataremezwa…
Read moreAmakuru ku mbuga nkoranyambaga: Ubukwe bwa Niyo Bosco
Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gutambuka amakuru atandukanye kuri uyu wa Gatanu, ariko amwe muri yo ni avuga ku bukwe bw’Umuhanzi Niyo Bosco, umuturirwa muremure ugiye kubakwa iruhande rwa Convention Centre,…
Read moreEse Bibiliya Yera yemerera umuntu kunywa inzoga?
KIGALIINFO iragusobanurira ibyo abantu bamwe bajya bibaza ku kunywa inzoga bishingikirije imirongo yo muri Bibiliya Yera iri mu Butumwa bwiza bwanditswe na Yohana 2:1-11 ndetse no mu rwandiko Pawulo yandikiye…
Read moreIcyo Bibiliya ivuga ku gusuka umusatsi, kwambara ingofero cyangwa igitambaro
Ibitabo bitandukanye bigize Bibiliya Yera bivuga ku kudefiriza umutsatsi (gusokoza), gusuka ndetse no gutwikiriza umutwe igitambaro cyangwa ingofero, aho bigaragaza ko hari abantu babikora bikubahisha Imana, ariko hakaba n’ababikora bayisuzuguza.…
Read moreKuki kwiga cyane biteza abagabo kuzana uruhara?
Ni gake cyane uzabona impuguke mu isomo runaka(Prof cg Dr) afite umusatsi cyane cyane mu gice cyo hejuru cy’umutwe we (igihorihori) kugera mu ruhanga aho amasoso ye yagarukiraga akiri muto.…
Read more














