MINICOM yafatiye ibihano abagurisha moto za Spiro
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda(MINICOM) yatangaje ko yafatiye ibihano abagurisha moto za Spiro na serivisi zo gusharija bateri zazo, ariko yirinda gutangaza ibyo bihano. MINICOM ivuga ko nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe…
Read moreKuki ababyeyi benshi mu Rwanda badashaka kongera kubyara!-NISR
Ubushakashatsi bwa 7 ku bwiyongere n’ubuzima by’abaturage mu Rwanda bwatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare(NISR) ku wa Gatatu tariki 17 Ukuboza 2025, bugaragaza ko abagore 47% bafite abagabo batagishaka kubyara, ndetse bakaba…
Read moreImyaka 25 ya Desantaralizasiyo: Ni izihe serivisi ukijya gushakira i Kigali?
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) ivuga ko mu myaka 25 ishize (kuva muri 2001 kugeza ubu) serivisi za Leta zimaze kwegerezwa abaturage (Decentralisation) ku rugero rurenga 41% bigizwemo uruhare n’inzego z’ibanze.…
Read moreADEPR: Insengero zirenga 1154 muri 3141 zizavaho burundu
Umushumba Mukuru wungirije wa ADEPR, Rutagarama Eugène, yatangaje ko insengero zirenga 1,154 ziri mu zafunzwe kubera kutubahiriza ibisabwa zitazongera gufungurwa, abazisengeragamo bakazajya ahandi mu zujuje ibisabwa. Ibi yabitangaje ku Cyumweru,…
Read moreeKash: ntibikiri ngombwa gutwara amafaranga mu mufuka no mu ntoki
Usanzwe ukanda *182*1*2# ukohereza amafaranga hagati ya MTN Mobile Money na Airtel Money, cyangwa *182*4*2# ushaka kuyavana kuri Mobile Money/Airtel Money uyashyira kuri Banki, cyangwa ushaka kuyakura kuri banki uyayishyira…
Read moreRIB yemeye gushyiraho Umuvugizi wayo wungirije
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemereye Itangazamakuru ko rugiye gushyiraho Umuvugizi wungirije nyuma y’uko hari Abanyamakuru babitanzeho icyifuzo. Umunyamabanga Mukuru wa RIB, Col Pacifique Kayigamba Kabanda yabitangaje kuri uyu wa Gatanu…
Read moreUmuturage uhembwa munsi y’ibihumbi 100Frw arasabwa ruswa y’ibihumbi 269Frw-Transparency
Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane, ishami ry’u Rwanda (Transparency International-Rwanda), uratabariza Abaturarwanda barenga 71% bahembwa umushahara uri munsi y’ibihumbi 100 ku kwezi, ariko bagasabwa ruswa ihanitse itari munsi y’ibihumbi 269Frw.…
Read moreRIB yavuze iby’umwana w’umukobwa wasambanye ahimana n’ababyeyi
Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira Thierry, agira inama ababyeyi kukoresha imbaraga z’umurengera mu guhana abana, aho atanga urugero ku mwana w’umukobwa wishyiriye umuhungu umuruta akanishyurira lodge uwo musore kugira…
Read moreImpinduka muri Guverinoma-Dr Muligande muri Sena, Gen Kabarebe asubiye ku Bujyanama
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ashingiye ku ngingo za 116 na 112 z’Itegeko Nshinga, yakuyeho bamwe mu bagize Guverinoma ashyiramo abandi bashya, aho uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi…
Read moreUmuhanzi Master Fire wamaze imyaka 18 yiga Kaminuza agiye kurushinga
Hakizimana Innocent wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi rya Master Fire, akaba yaramaze imyaka 18 yiga muri Kaminuza, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we, umukobwa bitegura kurushinga mu minsi iri imbere. Ni umuhango…
Read more












