Abifuza gukonjesha ibintu barimo kujya kubyigira mu Rubirizi

Ikigo nyafurika giteza imbere ikonjesha n’uruhererekane rwaryo (ACES) ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda, bagiye kumara icyumweru bamurikira abafatanyabikorwa batandukanye uburyo bwo gukonjesha buzafasha u Rwanda gukumira iyangirika ry’umusaruro w’ubuhinzi,…

Read more

Ni hehe hagaragara umwuka wanduye mu Rwanda, hateza ikihe kibazo?

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije REMA, hamwe na Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) bisaba Abaturarwanda gushyigikira gahunda yo gusukura umwuka abantu bahumeka, kuko biri mu byakumira impfu zituruka ku ndwara, cyane cyane…

Read more

Mu bakunda u Rwanda Umunyamerika Howard Buffet yabaye intangarugero

Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO), ruvuga ko umuntu wese ukunda u Rwanda ari uwerekana ibikorwa bigamije ineza n’inyungu by’Abanyarwanda b’ibyiciro byose, we atareba inyungu ze bwite. Umuyobozi…

Read more

Mu Rwanda hatangiye gucukurwa imyobo izaterwamo ibiti miliyoni 72

Ikigo gishinzwe Amashyamba mu Rwanda(RFA) cyifatanyije n’abaturage hirya no hino mu Gihugu mu muganda wo gucukura imyobo izaterwamo ibiti bigera kuri miliyoni 72 muri iki gihe cy’imvura y’Umuhindo(imibare itangwa na…

Read more

Bugesera-Dore ingurukira, amashami y’ibiti ashibuka ku bindi bidasangiye ubwoko

Mu mudugudu wa Twinyange, Akagari ka Batima, Umurenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera, bavuga ko ibiti byabo bya avoka n’ibya gereveliya bikuze, byibasiwe no kumeraho amashami y’ibindi biti atari…

Read more

Inzuki zirimo gusinda izindi zikazibuza kwinjira mu muzinga

Mu gihugu cya Australia, ubushyuhe bwinshi burimo gutera umushongi w’indabo (nectar) gushya nk’inzoga, inzuki zajyamo guhova zigasinda, zigasubira mu muzinga zidandabirana. Hafi y’Inteko Ishinga Amategeko ya Australia hari abanyeshuri ba…

Read more

Si ngombwa guhinga-abahanga mu buhinzi

Muri iki gihembwe cy’ihinga A kirangwa n’imvura y’umuhindo, hari ushobora kuvuga ko yakererewe kurima amasinde n’intabire mu murima we, nyamara bitakiri ngombwa, nk’uko bisobanurwa n’abahanga bakorera Ishuri rikuru ry’u Rwanda…

Read more

Gupima imyotsi y’ibinyabiziga biratangira ku wa 18 Kanama 2025, dore ibisabwa

Kuva tariki ya 18 Kanama 2025, u Rwanda ruzatangira gupima imyotsi ihumanya ikirere iva mu binyabiziga bidakoresha amashanyarazi, hagamijwe kuzamura ubuziranenge bw’umwuka ibinyabuzima bihumeka, nk’uko Ikigo gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (REMA)…

Read more

Kuki isake ibika?

Hari undi muntu wakwibaza ikibazo kigira kiti “Inkoko y’isake ibamo ibiki bituma ibika, byagera ninjoro ikabika mu masaha y’igicuku ashyira mu rukerera?” Veterineri w’Umurenge wa Kamegeri mu Karere ka Nyamagabe,…

Read more

Espagne:Imvura y’umwaka wose yaguye mu masaha 8 gusa

Abantu baburiwe irengero n’ibintu byangiritse ntibigira akagero Abantu batari munsi ya 62 nibo bamaze kumenyekana ko bapfuye bahitanywe n’imvura nyinshi yateye imivu n’imyuzure ikomeye mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Espagne.…

Read more