Inzu ziciriritse zituzwamo ab’amikoro make i Kigali kugeza ubu ziri he?

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko yatangiye gutuza abantu b’amikoro make mu nzu ziciriritse zubatswe muri site z’imiturire, n’ubwo kugeza ubu itarabonera inzu abifuza gukodesha bahembwa umushahara uri munsi y’ibihumbi 200Frw…

Read more

Abazunguzayi bavuga ko gucururiza ku muhanda ari ukwirinda ubujura

Mu gihe Umujyi wa Kigali usaba abacururiza ku muhanda (bitwa abazunguzayi) kubihagarika bakajya mu masoko yemewe, bamwe muri bo bavuga ko ibyo byashoboka baramutse babonye igishoro, ariko hagati aho ngo…

Read more

Rwanda: Abaturage ntibongere kohereza amazi mu myobo kuko ubutaka batuyeho bwariduka

Abaturage, cyane cyane abatuye ku  misozi ihanamye mu Rwanda, baragirwa inama yo kutareka amazi y’imvura yinjira mu byobo byacukuwe mu ngo, ahubwo bagasabwa kuyayobora yose muri ruhurura, mu rwego rwo…

Read more

Ese waha amafaranga ‘umukozi w’Imana’ akagusengera ugakira indwara/inyatsi?

Hari abantu bavuga ko bambuwe ibintu cyangwa amafaranga n’abitwa abakozi b’Imana, aho babasanga bakababwira ko bashobora kubafasha gukira indwara, ubumuga cyangwa inyatsi, nyamara baba babashutse nk’uko Bibiliya igaragaza ko umukozi…

Read more

Iran yahagaritse gutera ibihugu by’Abarabu

Nyuma y’icyumweru cyose gishize intambara ica ibintu hagati ya Iran na Amerika ifatanyije na Israel, Iran yatangaje ko ihagaritse ibitero ku bihugu by’Abarabu, keretse ahazaturuka ibisasu mu birindiro bya Leta…

Read more

Dore ibisabwa abifuza kuyobora PSF nyuma y’amatora ahera ku wa mbere

Urugaga rw’Abikorera(PSF) rwatangiye imyiteguro y’amatora yo gusimbuza abayobozi barwo azaba kuva tariki 09 kugera 16 Werurwe 2026, guhera ku rwego rw’Akarere kugera ku rwego rw’Igihugu. Hagomba gutorwa Perezida, Visi Perezida…

Read more

Inteko irashaka umuceri w’umweru kandi uhumura nk’uva hanze

Inteko ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, ivuga ko Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi MINAGRI, hamwe n’ishinzwe Ubucuruzi n’Inganda MINICOM, zemeye gushyiraho ingamba zituma umusaruro w’ibigori n’umuceri ubasha guhatana n’utumizwa mu mahanga. Inteko ivuga…

Read more

Trump atangije intambara y’amateka kuri Iran

Itariki ya 27 Gashyantare 2026 ishobora kwandikwa mu mateka y’isi kuko ari yo Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump, atangirijeho intambara ku gihugu cya Iran gishyigikiwe…

Read more

Kayonza-KIIWP: Bavuye ku myumbati yitwa Maguruyinkware

Abaturage b’i Kayonza bafashwa n’Umushinga wa Leta witwa KIIWP kuhira imirima nyuma yo kwibasirwa n’amapfa kuva mu myaka 10 ishize, ubu biteze umusaruro w’imyumbati uzasagurirwa amasoko, kuko bavuye ku mbuto…

Read more

Uzatanga 5,000Frw uvurwe neza-RSSB

Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) ruvuga ko 75% ari abazatanga Mituelle itarenga 5,000Frw, bikazafasha Leta kongera ibikorwa by’ubuvuzi byishingirwa na Mituweli ndetse no kunoza serivisi z’ubuvuzi zihabwa abafite ubu bwisungane…

Read more