Abarundi bari impanga z’Abanyarwanda none bagiye kuri Congo -Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko  Abarundi batari bakwiye guhitamo kuba impanga z’Abanyekongo barahoze ari impanga z’Abanyarwanda nk’uko byahozeho mu mateka, bikaba ari byo ngo birimo gukomeza intambara mu…

Read more

REG ikomeje iperereza ku cyateye ibura ry’umuriro kuri uyu wa Kabiri

Urwego rushinzwe Ingufu mu Rwanda, REG, rurasaba Abaturarwanda kwihanganira ikibazo cy’ibura ry’umuriro gikomeje kugaragara muri iyi minsi, ariko rukizeza ko kizabonerwa igisubizo ubwo ibyavuye mu iperereza bizaba bimaze kugaragara. REG…

Read more

Site ya Rwakivumu II i Nyarugenge yamurikiwe abifuza gutura ahatuje

Abatunganya imiturire mu Mujyi wa Kigali bamuritse site nshya i Kanyinya muri Nyarugenge ahitwa Rwakivumu II (hejuru ku musozi wa Shyorongi) nk’agace bamwe batazi nyamara ari hafi y’Umujyi, hakaba hitaruye…

Read more

Dore uko abayobozi bamwe bari bafatanye n’abo bashakanye bumva Perezida Kagame(video)

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko atumva uburyo abantu babiri bananirwa kubana nk’abashakanye kugera ubwo batandukana. Izi gatanya(divorces) zikaba ziganje mu bakiri bato barimo gushinga ingo muri iyi myaka…

Read more

U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB

Muri gahunda ya kabiri ya Guverinoma NST2 izarangira mu mwaka wa 2029, Leta y’u Rwanda yateganyije gukuba kabiri umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi, harimo n’uw’amata, ariko mu bigomba gutanga ayo…

Read more

Tshisekedi avuze ikizakurikira guhuza ibikorwa k’u Rwanda na M23

Nyuma y’uko Leta y’u Rwanda itangaje koifitanye ubuhuzabikorwa mu by’umutekano n’umutwe wa AFC/M23, Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo na we yasubije kuri uyu wa Gatandatu ko igihe cyo…

Read more

Abamotari ba Spiro bavuga ko ikoranabuhanga ryahagaze ku wa kane ryabateje igihombo

Nyuma yo kumara amasaha arenga 9 kuva saa cyenda z’ijoro kugera saa sita n’igice z’amanywa kuri uyu wa Kane bategereje bateri kuri sitasiyo zibasharijira (icyo bita gukora swap), abatwara moto…

Read more

Inzego z’Uburezi ziravugwamo ruswa ishingiye ku gitsina no kunyereza ibiribwa by’abanyeshuri

Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane, Transparency International uvuga ko mu bihugu 5 byo muri Afurika, harimo n’u Rwanda, wakoreyemo igenzura rya ruswa mu nzego z’uburezi, ugasanga ruswa iri ku kigero…

Read more

Ubutwari: MINUBUMWE yamaganye ‘Ikinyanglais’ n’imvugo zirimo “gutwika”

Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) ifatanyije n’izindi nzego, bahuje ubutwari no kuvuga Ikinyarwanda kiboneye kitavanze n’izindi ndimi cyangwa amagambo mashya yadutse mu rubyiruko rw’iki gihe. MINUBUMWE ifatanyije n’Urwego rushinzwe…

Read more

Ihene zitwa Shami zaba igisubizo ku guhangana n’amapfa n’imirire mibi

Ihene zitwa Shami cyangwa ihene y’i Damasiko (Damascus goat) zororerwa mu bice by’isi bishyuha cyane aho bagira izuba ryinshi, zaba igisubizo ku baturage bibasirwa n’amapfa kuko zihanganira imihindagurikire y’ibihe, zikororoka…

Read more