KIIWP-Kayonza: Ahigeze amapfa ubu barahinga igihe cyose

Umushinga wa Leta y’u Rwanda wiswe KIIWP wagenewe kuhira no kubungabunga ibyogogo mu mirenge yigeze kwibasirwa n’amapfa mu Karere ka Kayonza, uvuga ko abifuza gushora imari muri ako gace ubu bafite…

Read more

Dore igikeri (umutubu) cyavuyeho uburozi bwishe Navalny

Ibihugu by’i Burayi birimo u Bwongereza bivuga ko uwari umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Vladmir Putin w’u Burusiya, Alexei Navalny, yishwe hifashishijwe uburozi buboneka ku ruhu rw’igikeri cy’umutubu gifite…

Read more

Rwanda: Abantu bose bagiye gutura kuri 15% by’ubuso bw’Igihugu, mu midugudu 2 gusa ya buri kagari

Minisiteri y’Ibidukikije yatangaje ko Igishushanyo mbonera cy’imikoreshereze y’ubutaka cyageneye Abaturarwanda aho gutura hangana na 15% by’ubuso bw’Igihugu bwose, aho buri kagari katazarenza imidugudu ibiri yo guturamo. Ibi byateje kwinuba kwa…

Read more

Irimbi rigiye kuzura n’ubwo benshi badakozwa ibyo gutwika imirambo

Ikigo gishinzwe gucunga Irimbi rya Rusororo kivuga ko hasigaye igihe kitarenze amezi 7 kugira ngo aho ryari ryarateganyirijwe huzure, nyamara cyarateganyaga ko iryo rimbi rizuzura mu mwaka wa 2029. Abaherekeza ababo bitabye…

Read more

Perezida Ndayishimiye yasasiwe ibitenge avuye kugabana ubuyobozi bwa Afurika

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yakirijwe impundu, asasirwa ibitenge ageze i Bujumbura, aho yari avuye i Addis Abeba muri Ethiopia amaze guhabwa kuyobora Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe ku nshuro…

Read more

Kwimura CHUK bigomba gukorwa hirindwa umubyigano ukabije w’imodoka-Depite

Guverinoma y’u Rwanda irateganya kwimurira i Masaka ibitaro bya Kaminuza CHUK bikava i Nyarugenge guhera mu kwezi gutaha kwa Werurwe, kugera muri Nzeri uyu mwaka, ariko umuhanda uzanyuzwamo abarwayi hari…

Read more

Uruzinduko rw’Umukuru wa MONUSCO i Goma rwari rugamije iki?

Umuyobozi wungirije w’agateganyo w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye(UN) zoherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, MONUSCO, Vivian van de Perre, yemeje ko ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cy’i Goma gifunguwe nyuma y’umwaka urenga cyari kimaze…

Read more

Ingengo y’Imari y’u Rwanda muri 2025-2026 yagabanyijwe

Inteko ishinga Amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, yemeje ko Ingengo y’Imari y’uyu mwaka wa 2025-2026 igabanywaho miliyari 80.4Frw, bitewe n’uko amafaranga yasabwaga mu kubaka Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali (kiri…

Read more

U Rwanda rwazamutseho imyanya ibiri ku isi mu kurwanya ruswa

Icyegeranyo ngarukamwaka kuri ruswa “Corruption Perceptions Index 2025” gikorwa n’Umuryango ‘Transparency International’, cyerekana ko u Rwanda rwazamutseho imyanya 2 ku isi mu kurwanya ruswa, kuva ku wa 43 muri 2024…

Read more

Polisi yamaze iminsi 5 itavana amaso kuri rigole yahungiyemo abakekwaho ubujura

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali, ifatanyije n’Irondo ry’Umwuga, bamaze iminsi 5 batavana amaso kuri ruhurura yahungiyemo umusore washikuje agakapu k’umubyeyi karimo amafaranga na telefone, i Nyamirambo hafi…

Read more