Umumotari wari utwaye moto anahetse umwana arimo kubazwa icyabimuteye
Polisi y’u Rwanda yavuze ko umumotari wagaragaye atwaye moto anahetse umwana mu mugongo, yakoze ibitemewe, ndetse ko yatangiye kubazwa icyabimuteye. Ni nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amashusho y’umumotari uba…
Read morePolisi yafashe abakekwaho kwiba abaturage muri Gasabo
Polisi ikorera mu Karere ka Gasabo yafashe abantu 13 bakurikiranyweho icyaha cy’ubujura, bakaba ngo bibaga abaturage mu Mirenge ya Jali na Ndera. Polisi ivuga ko abafashwe bategaga abaturage bakabambura babanje…
Read moreIntambara ibaye mbi, Trump asabye abatuye Tehran bose kuyivamo
Ntabwo byari byitezwe ko Ingabo y’icyuma ya Israel yitwa Iron Dome inanirwa gusama no kurasa ibisasu byose bigwa muri icyo gihugu, none nyuma y’uko muri Israel henshi hahindutse umuyonga kubera…
Read moreTrump yasinye itegeko rukumira abo mu bihugu bimwe kwinjira muri Amerika n’u Burundi mu rugero
Perezida wa Reta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasinye itegeko ribuza abaturage bo mu bihugu 12 kwinjira mu gihugu, ku mpamvu z’umutekano, nk’uko bivugwa na Maison Blanche/White House (ibiro…
Read moreAbantu barimo guhindurwa mudasobwa cyangwa ‘robots’
Iterambere ry’ubuvuzi ririmo gusimburiza abantu ingingo z’umubiri zibura, izirwaye, izishaje cyangwa izangiritse, ku buryo umuntu wo mu myaka izaza ashobora kuramba akarenza imyaka 150 ku isi, ariko hafi ya wese…
Read moreAgakiriro ka Gisozi kongeye gushya
Kuva saa munani z’igicuku cyo kuri kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Gicurasi 2025, igice cy’Agakiriro ka Gisozi gikorerwamo intebe, ameza n’ibitanda cy’ahitwa muri ADARWA cyafashwe n’inkongi y’umuriro, aho Polisi…
Read moreDore ibintu 10 bituma benshi basebera mu ruhame
Kujya mu bandi cyane cyane ahahurira abantu benshi, haba ku ishuri, mu muhanda, mu kazi, mu nama, mu rusengero n’ahandi, bisaba imyiteguro ihagije kugira ngo wirinde ipfunwe n’igisebo cyazatuma utongera…
Read moreElon Musk yavuye muri White House ariko avuga ko Doge izakomeza
Elon Musk yakoreraga muri White House nk”Umukozi Udasanzwe wa Leta” Elon Musk yatangaje ko avuye mu butegetsi bwa Trump nyuma yo kuyobora ibikorwa byo kugabanya ingano ya leta ya Amerika…
Read moreAmerika yahagaritse gahunda zo gusaba visa ku banyeshuri bo mu mahanga
Ku wa kabiri, abanyeshuri kuri kaminuza ya Harvard University bakoze imyigaragambyo mu gushyigikira abanyeshuri bava mu mahanga Ubutegetsi bwa Donald Trump bwategetse ambasade z’iki gihugu guhagarika guha gahunda abasaba visa…
Read moreDore imirenge itazabona amazi kuva ku wa Kabiri kugera ku wa Kane
Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) cyatangarije abatuye mu mirenge imwe n’imwe y’Uturere twa Kicukiro na Gasabo mu Mujyi wa Kigali, ko batazabona amazi kuva ku wa Kabiri tariki 27…
Read more