Ingengo y’Imari y’u Rwanda muri 2025-2026 yagabanyijwe
Inteko ishinga Amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, yemeje ko Ingengo y’Imari y’uyu mwaka wa 2025-2026 igabanywaho miliyari 80.4Frw, bitewe n’uko amafaranga yasabwaga mu kubaka Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali (kiri…
Read moreU Rwanda rwazamutseho imyanya ibiri ku isi mu kurwanya ruswa
Icyegeranyo ngarukamwaka kuri ruswa “Corruption Perceptions Index 2025” gikorwa n’Umuryango ‘Transparency International’, cyerekana ko u Rwanda rwazamutseho imyanya 2 ku isi mu kurwanya ruswa, kuva ku wa 43 muri 2024…
Read morePolisi yamaze iminsi 5 itavana amaso kuri rigole yahungiyemo abakekwaho ubujura
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali, ifatanyije n’Irondo ry’Umwuga, bamaze iminsi 5 batavana amaso kuri ruhurura yahungiyemo umusore washikuje agakapu k’umubyeyi karimo amafaranga na telefone, i Nyamirambo hafi…
Read moreAbarundi bari impanga z’Abanyarwanda none bagiye kuri Congo -Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko Abarundi batari bakwiye guhitamo kuba impanga z’Abanyekongo barahoze ari impanga z’Abanyarwanda nk’uko byahozeho mu mateka, bikaba ari byo ngo birimo gukomeza intambara mu…
Read moreREG ikomeje iperereza ku cyateye ibura ry’umuriro kuri uyu wa Kabiri
Urwego rushinzwe Ingufu mu Rwanda, REG, rurasaba Abaturarwanda kwihanganira ikibazo cy’ibura ry’umuriro gikomeje kugaragara muri iyi minsi, ariko rukizeza ko kizabonerwa igisubizo ubwo ibyavuye mu iperereza bizaba bimaze kugaragara. REG…
Read moreSite ya Rwakivumu II i Nyarugenge yamurikiwe abifuza gutura ahatuje
Abatunganya imiturire mu Mujyi wa Kigali bamuritse site nshya i Kanyinya muri Nyarugenge ahitwa Rwakivumu II (hejuru ku musozi wa Shyorongi) nk’agace bamwe batazi nyamara ari hafi y’Umujyi, hakaba hitaruye…
Read moreDore uko abayobozi bamwe bari bafatanye n’abo bashakanye bumva Perezida Kagame(video)
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko atumva uburyo abantu babiri bananirwa kubana nk’abashakanye kugera ubwo batandukana. Izi gatanya(divorces) zikaba ziganje mu bakiri bato barimo gushinga ingo muri iyi myaka…
Read moreU Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB
Muri gahunda ya kabiri ya Guverinoma NST2 izarangira mu mwaka wa 2029, Leta y’u Rwanda yateganyije gukuba kabiri umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi, harimo n’uw’amata, ariko mu bigomba gutanga ayo…
Read moreTshisekedi avuze ikizakurikira guhuza ibikorwa k’u Rwanda na M23
Nyuma y’uko Leta y’u Rwanda itangaje koifitanye ubuhuzabikorwa mu by’umutekano n’umutwe wa AFC/M23, Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo na we yasubije kuri uyu wa Gatandatu ko igihe cyo…
Read moreAbamotari ba Spiro bavuga ko ikoranabuhanga ryahagaze ku wa kane ryabateje igihombo
Nyuma yo kumara amasaha arenga 9 kuva saa cyenda z’ijoro kugera saa sita n’igice z’amanywa kuri uyu wa Kane bategereje bateri kuri sitasiyo zibasharijira (icyo bita gukora swap), abatwara moto…
Read more
















