Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

Ushobora kuzenguruka karitiye yose nka Niboye muri Kicukiro cyangwa Nyarutarama muri Gasabo, aho imiturire yaho igizwe n’ibipangu by’abantu udashobora gukomangira ngo ubasabe ubwiherero, bigatuma abahageze bihutira kuhava kugira ngo batahafatirwa…

Read more

Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko mu myaka itatu iri imbere izaba yujuje umubare w’abaganga n’abaforomo isabwa n’Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), bikazajyana no kongera umubare w’amavuriro y’ibanze ku…

Read more

Ni hehe hagaragara umwuka wanduye mu Rwanda, hateza ikihe kibazo?

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije REMA, hamwe na Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) bisaba Abaturarwanda gushyigikira gahunda yo gusukura umwuka abantu bahumeka, kuko biri mu byakumira impfu zituruka ku ndwara, cyane cyane…

Read more

Rutsiro-Huzuye ibitaro bikorana n’abaganga bo muri Amerika

Mu Murenge wa Boneza w’Akarere ka Rutsiro huzuye ibitaro(Polyclinic), byitwa Kivu Hills Medical Center, bizatangira kwakira abarwayi bivuza bataha kuva mu mpera z’uyu mwaka wa 2025. Abaganga babikoreramo bazajya bavura…

Read more

Dore ibanga ryo kuramba ku isi! Ni nde kugeza ubu uyibayeho igihe kirekire?

Kugeza ubu mu mwaka wa 2025, umuntu ukiriho uzwiho kuba mu barambye ku isi yitwa Ethel Caterham wo mu Bwongereza, akaba yarujuje imyaka 116 mu kwezi gushize kwa Kanama 2025.…

Read more

Gupima imyotsi y’ibinyabiziga biratangira ku wa 18 Kanama 2025, dore ibisabwa

Kuva tariki ya 18 Kanama 2025, u Rwanda ruzatangira gupima imyotsi ihumanya ikirere iva mu binyabiziga bidakoresha amashanyarazi, hagamijwe kuzamura ubuziranenge bw’umwuka ibinyabuzima bihumeka, nk’uko Ikigo gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (REMA)…

Read more

Minisante yatangaje inkomoko ya Marburg imaze iminsi yibasiye u Rwanda

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yatangaje ko hamenyekanye inkomoko y’icyorezo cya Marburg cyibasiye u Rwanda, aho ubushakashatsi bwakozwe bwagaragaje ko cyaturutse ku ducurama. Yasabye Abaturarwanda kutirara mu ducurama ngo batugirire…

Read more

Amabwiriza mashya yo kwirinda virus ya Marburg mu mashuri

Ishingiye ku mabwiriza ya Ministeri y’ubuzima mu Rwanda, Ministre y’uburezi yashyizeho ingamba nshya zijyanye no kwirinda iki cyorezo mu bigo by’amashuri. Julien B.

Read more

Amerika yatanze miliyoni 11$ zo gufasha u Rwanda kurwanya Marburg’ – Karine Jean-Pierre umuvugizi wa Biden

Karine Jean-Pierre umuvugizi wa Biden  Amakuru ALARMNEWS ikesha BBC avuga y’uko “Umuvugizi w’ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden wa Amerika yatangaje ko iki gihugu cyatanze hafi miliyoni 11 z’amadorari agenewe gufasha…

Read more

Marburg: Ministiri w’ubuzima yasuye abaganga mu bitaro bitandukanye arabihanganisha

Kuri uyu wa 1 Ugushyingo Ministeri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko Minisitiri w’ubuzima Dr Nsanzimana Sabin uyu munsi yasuye abaganga bakorera mu bitaro bitandukanye mu rwego rwo kubihanganisha ku bwa…

Read more