Gupima imyotsi y’ibinyabiziga biratangira ku wa 18 Kanama 2025, dore ibisabwa
Kuva tariki ya 18 Kanama 2025, u Rwanda ruzatangira gupima imyotsi ihumanya ikirere iva mu binyabiziga bidakoresha amashanyarazi, hagamijwe kuzamura ubuziranenge bw’umwuka ibinyabuzima bihumeka, nk’uko Ikigo gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (REMA)…
Read moreMinisante yatangaje inkomoko ya Marburg imaze iminsi yibasiye u Rwanda
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yatangaje ko hamenyekanye inkomoko y’icyorezo cya Marburg cyibasiye u Rwanda, aho ubushakashatsi bwakozwe bwagaragaje ko cyaturutse ku ducurama. Yasabye Abaturarwanda kutirara mu ducurama ngo batugirire…
Read moreAmabwiriza mashya yo kwirinda virus ya Marburg mu mashuri
Ishingiye ku mabwiriza ya Ministeri y’ubuzima mu Rwanda, Ministre y’uburezi yashyizeho ingamba nshya zijyanye no kwirinda iki cyorezo mu bigo by’amashuri. Julien B.
Read moreAmerika yatanze miliyoni 11$ zo gufasha u Rwanda kurwanya Marburg’ – Karine Jean-Pierre umuvugizi wa Biden
Karine Jean-Pierre umuvugizi wa Biden Amakuru ALARMNEWS ikesha BBC avuga y’uko “Umuvugizi w’ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden wa Amerika yatangaje ko iki gihugu cyatanze hafi miliyoni 11 z’amadorari agenewe gufasha…
Read moreMarburg: Ministiri w’ubuzima yasuye abaganga mu bitaro bitandukanye arabihanganisha
Kuri uyu wa 1 Ugushyingo Ministeri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko Minisitiri w’ubuzima Dr Nsanzimana Sabin uyu munsi yasuye abaganga bakorera mu bitaro bitandukanye mu rwego rwo kubihanganisha ku bwa…
Read moreAbantu 9 mu Rwanda bamaze guhitanwa na Marburg
Nk’uko byatangajwe na ministeri y’ubuzima mu Rwanda, kuri uyu wa 30 Nzeri, icyorezo cya Marburg kimaze guhitana abantu 9, mu gihe harimo kuvurwa abarwayi 18, muri 27 bose hamwe bamaze…
Read moreMarburg: Gusezera ku witabye Imana mu rugo no mu rusengero byabujijwe
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yashyizeho amabwiriza abuza Abaturarwanda gukorera imihango yo gusezera ku witabye Imana mu rugo, mu rusengero cyangwa mu musigiti, mu rwego rwo kwirinda indwara ya Marburg. Itangazo MINISANTE…
Read moreMarburg: Nta guma mu rugo ihari
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) yatangaje ko n’ubwo imaze kubona abantu bagera hafi kuri 300 bahuye n’abarwayi n’icyorezo Marburg kimaze iminsi mike kigaragaye mu Rwanda, ngamba zihariye nka guma mu…
Read moreAmafoto:abakozi bo kwa muganga bamaze guhitanwa na Marburg
Minisiteri y’Ubuzima(MINISANTE) itangaza ko virusi ya Marburg imaze igihe gito igaragaye mu Rwanda imaze guhitana abantu 6 abandi 20 bagaragaweho n’ibimenyetso byayo. Ku mbuga nkoranyambaga harimo kunyuzwaho amafoto ya bamwe…
Read moreTedros wa OMS yemereye u Rwanda ubufasha bwo guhangana na Marburg
Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ubuzima ku Isi(WHO), Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus arizeza u Rwanda ko uwo muryango ugiye kongera ubufasha utanga kugira ngo rubashe guhangana n’icyorezo cya Marburg.…
Read more