Gupima imyotsi y’ibinyabiziga biratangira ku wa 18 Kanama 2025, dore ibisabwa

Kuva tariki ya 18 Kanama 2025, u Rwanda ruzatangira gupima imyotsi ihumanya ikirere iva mu binyabiziga bidakoresha amashanyarazi, hagamijwe kuzamura ubuziranenge bw’umwuka ibinyabuzima bihumeka, nk’uko Ikigo gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (REMA)…

Read more

Minisante yatangaje inkomoko ya Marburg imaze iminsi yibasiye u Rwanda

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yatangaje ko hamenyekanye inkomoko y’icyorezo cya Marburg cyibasiye u Rwanda, aho ubushakashatsi bwakozwe bwagaragaje ko cyaturutse ku ducurama. Yasabye Abaturarwanda kutirara mu ducurama ngo batugirire…

Read more

Amabwiriza mashya yo kwirinda virus ya Marburg mu mashuri

Ishingiye ku mabwiriza ya Ministeri y’ubuzima mu Rwanda, Ministre y’uburezi yashyizeho ingamba nshya zijyanye no kwirinda iki cyorezo mu bigo by’amashuri. Julien B.

Read more

Amerika yatanze miliyoni 11$ zo gufasha u Rwanda kurwanya Marburg’ – Karine Jean-Pierre umuvugizi wa Biden

Karine Jean-Pierre umuvugizi wa Biden  Amakuru ALARMNEWS ikesha BBC avuga y’uko “Umuvugizi w’ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden wa Amerika yatangaje ko iki gihugu cyatanze hafi miliyoni 11 z’amadorari agenewe gufasha…

Read more

Marburg: Ministiri w’ubuzima yasuye abaganga mu bitaro bitandukanye arabihanganisha

Kuri uyu wa 1 Ugushyingo Ministeri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko Minisitiri w’ubuzima Dr Nsanzimana Sabin uyu munsi yasuye abaganga bakorera mu bitaro bitandukanye mu rwego rwo kubihanganisha ku bwa…

Read more

Abantu 9 mu Rwanda bamaze guhitanwa na Marburg

Nk’uko byatangajwe na ministeri y’ubuzima mu Rwanda, kuri uyu wa 30 Nzeri, icyorezo cya Marburg kimaze guhitana abantu 9, mu gihe harimo kuvurwa abarwayi 18, muri 27 bose hamwe bamaze…

Read more

Marburg: Gusezera ku witabye Imana mu rugo no mu rusengero byabujijwe

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yashyizeho amabwiriza abuza Abaturarwanda gukorera imihango yo gusezera ku witabye Imana mu rugo, mu rusengero cyangwa mu musigiti, mu rwego rwo kwirinda indwara ya Marburg. Itangazo MINISANTE…

Read more

Marburg: Nta guma mu rugo ihari

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) yatangaje ko n’ubwo imaze kubona abantu bagera hafi kuri 300 bahuye n’abarwayi n’icyorezo Marburg kimaze iminsi mike kigaragaye mu Rwanda, ngamba zihariye nka guma mu…

Read more

Amafoto:abakozi bo kwa muganga bamaze guhitanwa na Marburg

Minisiteri y’Ubuzima(MINISANTE) itangaza ko virusi ya Marburg imaze igihe gito igaragaye mu Rwanda imaze guhitana abantu 6 abandi 20 bagaragaweho n’ibimenyetso byayo. Ku mbuga nkoranyambaga harimo kunyuzwaho amafoto ya bamwe…

Read more

Tedros wa OMS yemereye u Rwanda ubufasha bwo guhangana na Marburg

Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ubuzima ku Isi(WHO), Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus arizeza u Rwanda ko uwo muryango ugiye kongera ubufasha utanga kugira ngo rubashe guhangana n’icyorezo cya Marburg.…

Read more