Dore amazina yiswe Abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda mu myaka yashize
Mu bigo bitandukanye bihuriramo abantu benshi nko mu mashuri, muri gereza, mu gisirikare, mu bacuruzi n’ahandi, usanga habaho ibikorwa byo kwakira abantu bashya babinjiyemo ariko bisa n’ibyo kubacisha bugufi kugira…
Read moreAbashaka kureba uko batsinze ibizamini bya Leta bakanda hano
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri(NESA), cyatangaje amanota y’abakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’ayisumbuye, icyiciro rusange muri 2024. Abashaka kureba uko batsinze ibyo bizamini bakora ‘copy and paste’…
Read moreDore aho wakurikira(live) itangazwa ry’amanota y’ibizamini bya Leta kuri uyu wa 2
Minisiteri y’Uburezi (MINEDCUC), ibinyujije mu kigo kiyishamikiyeho (NESA), iratangaza kuri uyu wa kabiri saa tanu z’amanywa, amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye umwaka w’amashuri wa…
Read moreDore uko ingendo z’abanyeshuri zizaba ziteye guhera mu cyumweru gitaha
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri(NESA) cyagaragaje gahunda yo gusubira ku ishuri gutangira umwaka wa 2024-2025, ikaba izatangira gushyirwa mu bikorwa guhera mu cyumweru gitaha.
Read moreGutangira kw’amashuri biratunguranye
Mu babyeyi n’abarezi baganiriye na Kigali Today hari abavuga ko gutangira k’umwaka w’amashuri ku itariki 9 Nzeri 2024 ntacyo bitwaye, ariko hakaba n’abavuga ko batunguwe ku buryo abanyeshuri bashobora gutangira…
Read more