Abafite abana mu mashuri ya Leta mushake code zabo mwishyuriraho

Ikigo cy’Imari cya Umwarimu SACCO cyakira amafaranga y’ishuri ku biga mu mashuri ya Leta n’afatanya na yo ku bw’amasezerano, cyatanze code ya Mobile Money(MoMo Pay Code) ababyeyi bajya bishyuriraho abana.

Gusa mbere yo kwishyura kuri iyo code, umubyeyi agomba kuba azi kode y’ishuri y’umwana we, bikaba bishobora guteza imirongo miremire ku ishuri guhera kuri uyu wa Mbere, ubwo abanyeshuri bazaba bagiye gutangira kwiga.

Mu rwego rwo kwirinda aka kavuyo, hari ubuyobozi bw’amashuri burimo gusaba ababyeyi kubumenyesha amashuri(classes) abana bigagamo kugira ngo bubashakire kode, bibarinde kuzindukira ku ishuri batonze umurongo.

Turaza kumenya uko inzego zibishinzwe zakemuye iki kibazo

 

 

  • Related Posts

    Amazi agiye kubura muri iyi mpeshyi-Iteganyagihe

    Iteganyagihe ryatangajwe n’ikigo mpuzamahanga ICPAC ku bufatanye n’Umuryango w’ibihugu bigize icyogogo cy’uruzi rwa Nili ‘Nile Basin Initiative(NBI)’,  rigaragaza ko muri iyi mpeshyi hazabaho kugabanuka gukomeye kw’amazi y’imigezi n’ibiyaga, bikazagira ingaruka ku…

    Read more

    Ubucuruzi muri Congo burakorwa bute muri iki gihe cya ebola?

    Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Iterambere(RDB) rwatangaje ko Abanyamahanga bavuye muri Congo cyangwa abanyuzeyo mu gihe kitararenga iminsi 30 bakumiriwe kwinjira mu Rwanda, mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Ebola kimaze…

    Read more

    Ntibigucike

    Amazi agiye kubura muri iyi mpeshyi-Iteganyagihe

    Amazi agiye kubura muri iyi mpeshyi-Iteganyagihe

    Ubucuruzi muri Congo burakorwa bute muri iki gihe cya ebola?

    Ubucuruzi muri Congo burakorwa bute muri iki gihe cya ebola?

    Afurika ntigomba gutegereza abibwira ko bafite isi n’ijuru mu biganza byabo-Perezida Kagame

    Afurika ntigomba gutegereza abibwira ko bafite isi n’ijuru mu biganza byabo-Perezida Kagame

    Aimable Karasira yapfuye

    Aimable Karasira yapfuye

    RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

    RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

    Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye

    Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye