Rwanda: Ibiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko mazutu itumbagiye ku masoko mpuzamahanga
Urugaga rw’abikorera mu Rwanda, PSF ruvuga ko izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri Peterori na gaz ku masoko mpuzamahanga, rigiye kugira ingaruka ku Rwanda bitewe n’intambara Amerika na Israel byashoye kuri Iran. …
Read moreInteko irashaka umuceri w’umweru kandi uhumura nk’uva hanze
Inteko ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, ivuga ko Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi MINAGRI, hamwe n’ishinzwe Ubucuruzi n’Inganda MINICOM, zemeye gushyiraho ingamba zituma umusaruro w’ibigori n’umuceri ubasha guhatana n’utumizwa mu mahanga. Inteko ivuga…
Read moreKarongi: Abagura n’abagurisha ibigori bibisi cyangwa byokeje bazabihanirwa
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi bwabujije abantu kugura no kugurisha ibigori bibisi cyangwa byokeje, kugira ngo burengere abahinzi bamariraga umusaruro w’ibigori mu murima bitarera. Itangazo Ubuyobozi bw’uwo…
Read moreMINICOM yafatiye ibihano abagurisha moto za Spiro
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda(MINICOM) yatangaje ko yafatiye ibihano abagurisha moto za Spiro na serivisi zo gusharija bateri zazo, ariko yirinda gutangaza ibyo bihano. MINICOM ivuga ko nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe…
Read moreeKash: ntibikiri ngombwa gutwara amafaranga mu mufuka no mu ntoki
Usanzwe ukanda *182*1*2# ukohereza amafaranga hagati ya MTN Mobile Money na Airtel Money, cyangwa *182*4*2# ushaka kuyavana kuri Mobile Money/Airtel Money uyashyira kuri Banki, cyangwa ushaka kuyakura kuri banki uyayishyira…
Read morePerezida Kagame na Tshisekedi basinyiye guhana amahoro imbere ya Trump
Imbere ya Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, abakuru b’ibihugu bya Congo n’u Rwanda bamaze gushyira umukono ku masezerano yo guhana amahoro hagati y’ibihugu byombi. U Rwanda…
Read moreMuri zone y’inganda i Kigali bakomeje gusaba bisi zabarinda amabandi
Abakozi bo mu nganda zo muri Kigali Special Economic Zone (KSEZ) barasaba inzego zibishinzwe kubaha imodoka za rusange, kugira ngo baruhuke kugenda n’amaguru, aho bagera mu kazi bakererewe, ndetse n’iyo…
Read moreIcyumweru kigiye gushira ubucuruzi mu Rwanda bukorwa mu gicuku gusa
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko kuva tariki ya 19 kugeza ku ya 28 Nzeri 2025, imirimo y’ubucuruzi izakorwa (ninjoro gusa) kuva ku isaha itatangajwe kugera saa kumi z’urukerera. RDB…
Read moreIbiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko ibya lisansi na mazutu bizamutse
Impuguke mu bijyanye n’Ubukungu ivuga ko ibiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko iby’ibikomoka kuri peterori(lisansi na mazutu) bizamutseho amafaranga arenga 50Frw kuri litiro. Kuri uyu wa Gatanu tariki 05 Nzeri 2025,Urwego…
Read moreGasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Ndera hafungiye umugore witwa Ntakirutimana Beatrice w’imyaka 35 y’amavuko, akaba akurikiranyweho icyaha cyo gukora inzoga zitujuje ubuzirange zo mu bwoko bwa likeri(Liqueur). Ntakirutimana yafashwe na…
Read more















