Gupima imyotsi y’ibinyabiziga biratangira ku wa 18 Kanama 2025, dore ibisabwa
Kuva tariki ya 18 Kanama 2025, u Rwanda ruzatangira gupima imyotsi ihumanya ikirere iva mu binyabiziga bidakoresha amashanyarazi, hagamijwe kuzamura ubuziranenge bw’umwuka ibinyabuzima bihumeka, nk’uko Ikigo gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (REMA)…
Read moreKuki isake ibika?
Hari undi muntu wakwibaza ikibazo kigira kiti “Inkoko y’isake ibamo ibiki bituma ibika, byagera ninjoro ikabika mu masaha y’igicuku ashyira mu rukerera?” Veterineri w’Umurenge wa Kamegeri mu Karere ka Nyamagabe,…
Read moreEspagne:Imvura y’umwaka wose yaguye mu masaha 8 gusa
Abantu baburiwe irengero n’ibintu byangiritse ntibigira akagero Abantu batari munsi ya 62 nibo bamaze kumenyekana ko bapfuye bahitanywe n’imvura nyinshi yateye imivu n’imyuzure ikomeye mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Espagne.…
Read moreIkirunga cya Nyamuragira kirimo kuruka
Ikirunga cya Nyamuragira kirimo kuruka Ikigo gishinzwe gukurikirana ibyerekeye ibirunga kiri i Goma mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Kongo cyemeje ko ikirunga cya Nyamuragira kiri mu burasirazuba bwicyo…
Read moreKu kwezi kwa Jupiter haroherezwa icyogajuru
Iki kigendajuru kimaze igihe cyubakirwa muri Jet Propulsion Laboratory ya NASA iri muri leta ya California Amakuru dukesha BBC avuga y’uko mu masaha ari imbere, ikigendajuru kinini kidasanzwe kirahaguruka i…
Read moreMétéo Rwanda :Ku gicamunsi hateganyijwe imvura mu turere twose tw’u Rwanda
Météo Rwanda yatangaje ko Tariki ya 08 Ukwakira 2024 hagati ya saa 06:00 na saa 12:00 hateganyijwe imvura yumvikanamo inkuba mu turere twose tw’ Igihugu. Hateganyijwe umuyaga uringaniye ufite umuvuduko…
Read moreHagiye kugwa imvura irenze isanzwe igwa mu itangira ry’Ukwakira
Ikigo gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo-Rwanda, cyatangaje Iteganyagihe ry’igice cya mbere cy’ukwezi k’Ukwakira 2024 (kuva tariki ya 1 kugeza tariki ya 10), riteganya imvura irengeje igipimo cy’isanzwe igwa muri iki gihe.…
Read moreUbwirakabiri no kuzora k”ukwezi byagaragaye mu kirere muri uru rukerera
Byari bibereye ijisho kuri benshi babirebaga Muri uru rukerera rwo ku wa gatatu taliki ya 18 Nzeri ku isaha ya saa 4:12 kugeza saa 4:44 ku masaha yo mu Rwanda…
Read moreHateganyijwe imvura nke n’ubushyuhe bwinshi hagati muri uku kwezi
Iteganyagihe ryatangajwe na Meteo-Rwanda kuri uyu wa Gatatu ryerekana ko hagati muri uku kwezi kwa Nzeri(kuva taliki ya 11 kugeza taliki ya 20), mu Rwanda hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’isanzwe…
Read moreTumenye Nyungwe, ikigega cy’amazi y’u Rwanda
Ushobora kuba unywa amazi ava ku ruganda rwa Nzove cyangwa urwa Kanzenze(Bugesera), ukabona imvura igwa mu Rwanda cyangwa ugahumeka umwuka ukonje utarimo imyotsi iteza indwara, ariko utazi ko ishyamba rya…
Read more