Tumenye Antarctica igereranywa na firigo y’isi, aho ijoro n’amanywa bimara amezi 6(video)

Isi igizwe n’imigabane ya Afurika, Amerika, u Burayi, Aziya na Oceyaniya, ikaba ituwe n’abagera kuri miliyari 8, batwikiriwe n’akayunguruzo k’izuba (kitwa Ozone) kabatera gushyuha nk’abari mu cyumba cy’imfungane kitagira idirishya,…

Read more

1/4 cy’ikinyejana kirarangiye, dore iby’ingenzi byabaye mu Rwanda kugeza ubu

Tariki ya 01 Mutarama 2000 ubwo ikinyejana cya 21 cyari gitangiye, hari imbaga y’abaturage baraye muri Sitade Amahoro, bamwe bari bamaze kurya utwabo bibwira ko imperuka iza kuba, batungurwa no…

Read more

Imvura igiye kuba nyinshi muri iyi minsi 10 yo hagati mu Kuboza

Mu gice cya kabiri cy’ukwezi k’Ukuboza 2025 (kuva taliki ya 11 kugeza taliki ya 20), mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi iri hagati ya milimetero(mm) 30 na 130, ikaba iri hejuru…

Read more

Leta yatangiye gutanga ibiribwa ku bugarijwe n’amapfa

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi(MINAGRI) ivuga ko yatangiye gutanga ibiribwa ku baturage bo mu Murenge wa Ndego w’Akarere ka Kayonza batahiriwe n’Umuhindo w’umwaka wa 2025, bakaba bamaze igihe bataka ko bugarijwe n’amapfa…

Read more

U Rwanda rugiye kwibanda kuri gaz ariko harebwa n’uko rwazakoresha nikereyeri

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko irimo gukorana n’Igihugu cya Arabiya Sawudite mu gushakira abaturage bose gaz yo gutekesha, harimo n’ab’amikoro make bazahabwa ijyanye n’ayo bakoreye ku munsi, ariko hanatekerezwa ku…

Read more

Uko ibishingwe byaba imari ishyushye n’ubukungu bwisubira mu Rwanda-Abahinzi

Ubashije kurundarunda ibyatsi, amababi y’ibiti n’ibindi bisigazwa by’ibintu byose bibasha kubora, ukabishyira mu ngarani, ugashyiramo iminyorogoto, birahagije ko nyuma y’amezi abiri watangira gukirigita ifaranga rivuye ku kugurisha ifumbire y’imborera, aho…

Read more

Kuzamura ibiciro bya lisansi na mazutu bigiye guca imodoka mu muhanda

Hari abafite imodoka zabo bwite bagaragaza impungenge ku izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peterori bimaze kwikuba inshuro zirenga 2 kuva mu myaka 10 ishize, aho babona ko izi modoka hamwe na…

Read more

Mu Rwanda hatangijwe uruganda rukora ibikombe mu mpapuro

Mu Cyanya Cyahariwe Inganda, i Masoro mu Karere ka Gasabo, hatangijwe uruganda rwa mbere mu Rwanda rukora ibikombe byo mu mpapuro, rukaba rufite ubushobozi bwo gukora ibigera ku bihumbi 100…

Read more

RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

Imigano yatewe mu bibaya bya Nyabugogo, Nyaborongo n’Akanyaru mu myaka 15 ishize ubu yareze ku buryo hari nk’uwabyaye igitsinsi cy’imigano irenga 200, ikaba yatangiye kurambagizwa n’umushoramari uzayikoramo ibikoresho bitandukanye byo…

Read more

Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

Ushobora kuzenguruka karitiye yose nka Niboye muri Kicukiro cyangwa Nyarutarama muri Gasabo, aho imiturire yaho igizwe n’ibipangu by’abantu udashobora gukomangira ngo ubasabe ubwiherero, bigatuma abahageze bihutira kuhava kugira ngo batahafatirwa…

Read more