RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo
Imigano yatewe mu bibaya bya Nyabugogo, Nyaborongo n’Akanyaru mu myaka 15 ishize ubu yareze ku buryo hari nk’uwabyaye igitsinsi cy’imigano irenga 200, ikaba yatangiye kurambagizwa n’umushoramari uzayikoramo ibikoresho bitandukanye byo…
Read moreKigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi
Ushobora kuzenguruka karitiye yose nka Niboye muri Kicukiro cyangwa Nyarutarama muri Gasabo, aho imiturire yaho igizwe n’ibipangu by’abantu udashobora gukomangira ngo ubasabe ubwiherero, bigatuma abahageze bihutira kuhava kugira ngo batahafatirwa…
Read moreAbifuza gukonjesha ibintu barimo kujya kubyigira mu Rubirizi
Ikigo nyafurika giteza imbere ikonjesha n’uruhererekane rwaryo (ACES) ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda, bagiye kumara icyumweru bamurikira abafatanyabikorwa batandukanye uburyo bwo gukonjesha buzafasha u Rwanda gukumira iyangirika ry’umusaruro w’ubuhinzi,…
Read moreNi hehe hagaragara umwuka wanduye mu Rwanda, hateza ikihe kibazo?
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije REMA, hamwe na Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) bisaba Abaturarwanda gushyigikira gahunda yo gusukura umwuka abantu bahumeka, kuko biri mu byakumira impfu zituruka ku ndwara, cyane cyane…
Read moreMu bakunda u Rwanda Umunyamerika Howard Buffet yabaye intangarugero
Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO), ruvuga ko umuntu wese ukunda u Rwanda ari uwerekana ibikorwa bigamije ineza n’inyungu by’Abanyarwanda b’ibyiciro byose, we atareba inyungu ze bwite. Umuyobozi…
Read moreMu Rwanda hatangiye gucukurwa imyobo izaterwamo ibiti miliyoni 72
Ikigo gishinzwe Amashyamba mu Rwanda(RFA) cyifatanyije n’abaturage hirya no hino mu Gihugu mu muganda wo gucukura imyobo izaterwamo ibiti bigera kuri miliyoni 72 muri iki gihe cy’imvura y’Umuhindo(imibare itangwa na…
Read moreBugesera-Dore ingurukira, amashami y’ibiti ashibuka ku bindi bidasangiye ubwoko
Mu mudugudu wa Twinyange, Akagari ka Batima, Umurenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera, bavuga ko ibiti byabo bya avoka n’ibya gereveliya bikuze, byibasiwe no kumeraho amashami y’ibindi biti atari…
Read moreInzuki zirimo gusinda izindi zikazibuza kwinjira mu muzinga
Mu gihugu cya Australia, ubushyuhe bwinshi burimo gutera umushongi w’indabo (nectar) gushya nk’inzoga, inzuki zajyamo guhova zigasinda, zigasubira mu muzinga zidandabirana. Hafi y’Inteko Ishinga Amategeko ya Australia hari abanyeshuri ba…
Read moreSi ngombwa guhinga-abahanga mu buhinzi
Muri iki gihembwe cy’ihinga A kirangwa n’imvura y’umuhindo, hari ushobora kuvuga ko yakererewe kurima amasinde n’intabire mu murima we, nyamara bitakiri ngombwa, nk’uko bisobanurwa n’abahanga bakorera Ishuri rikuru ry’u Rwanda…
Read moreGupima imyotsi y’ibinyabiziga biratangira ku wa 18 Kanama 2025, dore ibisabwa
Kuva tariki ya 18 Kanama 2025, u Rwanda ruzatangira gupima imyotsi ihumanya ikirere iva mu binyabiziga bidakoresha amashanyarazi, hagamijwe kuzamura ubuziranenge bw’umwuka ibinyabuzima bihumeka, nk’uko Ikigo gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (REMA)…
Read more