Dore bamwe mu bakaridinali barimo Abanyafurika bazavamo Papa mushya
Nyuma y’urupfu rwa Papa Fransisiko ku wa 21 Mata 2025, hari Abakaridinali 135 bafite imyaka y’amavuko iri munsi ya 80 bemerewe gutora uzamusimbura, baturuka mu bihugu 71 ku migabane yose…
Read moreUbuhanuzi bwo mu 1143 bwavugaga ko Papa Francis ari we wa nyuma
Ubuhanuzi Arikiyepisikopi Malaki yahanuye mu mwaka wa 1143 bwavugaga ko Papa Francis ari we wa nyuma uhereye kuri Papa Celestino II wari watowe icyo gihe. Ubwo buhanuzi bwavuze ko Papa…
Read morePrezida wa Amerika Donald Trump yarahiriye ko azigarurira intara ya Gaza
Ministiri w’intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu na Prezida wa Amerika Donald Trump, imbere y’abanyamakuru Amakuru dukesha ijwi ry’Amerika avuga y’uko Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, yarahiriye ko…
Read moreMozambike:Imfungwa zirenga 1,500 zatorotse gereza kubera imyigaragambyo
Polisi ivuga ko imfungwa zirenga 1,500 zatorotse gereza muri Mozambique, zifatiranye imvururu za politike zikomeje kubera muri icyo gihugu zitewe n’ibyavuye mu matora byateje impaka. Mu kiganiro n’abanyamakuru, umukuru wa…
Read moreRURA yihanije abazamura ibiciro by’ingendo bitwaje iminsi mikuru
Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA), rwihanije abashoferi b’ibinyabiziga bazamura ibiciro mu bihe by’iminsi mikuru, rushimangira ko abazabifatirwamo bazabihanirwa. Byagarutsweho n’Umuyobozi w’ishami ry’ubwikorezi muri…
Read moreUbuhinde: Umugore arashinja umugabo we kumuharika injangwe
Mu Buhinde, Urukiko rwitwa Karnataka High Court, rwakiriye ikirego cy’umugore ushinja umugabo we kuba akunda injangwe ye ndetse akayitaho kurusha uko amukunda, ndetse ko atamwitaho nk’uko yita kuri iyo njangwe.…
Read moreRIB yafashe “abakobwa” bakoreye iyicarubozo umusore w’Umurundi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi inkumi n’abasore, bakoreye urugomo umusore w’umurundi. Hashize igihe ku mbuga nkoranyambaga, hasakaye amashusho y’umusore w’umurundi ugaragara ko yakorewe igisa n’iyicaruburozo ku…
Read moreZelensky yatutse Putin
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatutse uw’u Burusiya, Vladimir Putin amwita ikigoryi, nyuma y’amagambo uyu uyoboye igihugu kinini ku Isi yavuze agakomeretsa ab’i Kyiv. Ubwo ku wa 19 Ukuboza 2024…
Read moreDore aho warebera ko watsinze ibizamini bisoza ayimbuye 2024
Minisiteri y’Uburezi(MINEDUC) yatangaje amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye byakozwe mu mezi ya Nyakanga na Kanama 2024, aho 78.6% ari bo babitsinze bakaba bazahabwa impamyabumenyi. MINEDUC ivuga ko abanyeshuri bari biyandikishije…
Read moreUbu ni bwo Moscow igeramiwe n’ibitero bya drone mu buryo butigeze bubaho
Mu mpera z’icyumweru gishize habaye ibitero binini kurusha ibindi by’indege za ‘drones’ kuva iyi ntambara yatangira hagati y’Uburusiya na Ukraine . Minisiteri y’ingabo y’Uburusiya yavuze ko yaturikije ‘drones’ 84 za…
Read more