Mu Rwanda hatangijwe uruganda rukora ibikombe mu mpapuro
Mu Cyanya Cyahariwe Inganda, i Masoro mu Karere ka Gasabo, hatangijwe uruganda rwa mbere mu Rwanda rukora ibikombe byo mu mpapuro, rukaba rufite ubushobozi bwo gukora ibigera ku bihumbi 100…
Read moreImyigaragambyo yamagana amatora muri Tanzania yatwikiwemo amakamyo atwaye ibiruzwa by’u Rwanda
Imyigaragambyo yatewe no kwanga amatora muri Tanzania yatangiye kugira ingaruka zikomeye ku Rwanda, aho amakamyo arenga 1,000 arimo kuzana ibicuruzwa yahagaze mu nzira, mu rwego rwo kwirinda guhura n’abashobora kuyatwika…
Read moreInsengero zambuwe ubuzima gatozi zishobora gusenyuka
Umuyoboke wa rimwe matorero yambuwe ubuzima gatozi mu Rwanda mu mwaka ushize, yaganirije KIGALIINFO avuga ko insengero n’izindi nyubako zatawe, ubu zitangiye kwangirika bitewe no kutitabwaho. Karangwa Emmanuel (si yo…
Read moreRFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo
Imigano yatewe mu bibaya bya Nyabugogo, Nyaborongo n’Akanyaru mu myaka 15 ishize ubu yareze ku buryo hari nk’uwabyaye igitsinsi cy’imigano irenga 200, ikaba yatangiye kurambagizwa n’umushoramari uzayikoramo ibikoresho bitandukanye byo…
Read moreKigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi
Ushobora kuzenguruka karitiye yose nka Niboye muri Kicukiro cyangwa Nyarutarama muri Gasabo, aho imiturire yaho igizwe n’ibipangu by’abantu udashobora gukomangira ngo ubasabe ubwiherero, bigatuma abahageze bihutira kuhava kugira ngo batahafatirwa…
Read moreMu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko mu myaka itatu iri imbere izaba yujuje umubare w’abaganga n’abaforomo isabwa n’Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), bikazajyana no kongera umubare w’amavuriro y’ibanze ku…
Read moreKayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Ubutasi ku Mari(FIC) rwashyize abantu 25 ku rutonde rw’abafatiwe ibihano kubera uruhare bafite mu bikorwa by’iterabwoba no kubitera inkunga, hashingiwe ku Iteka rya Minisitiri w’Intebe ryo…
Read moreDr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri
Dr Frank Habineza uyobora Ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Green Party) hamwe na Nkubana Alphonse uyobora Ishyaka ry’Ubwisungane bugamije Iterambere, PSP, batowe nk’abakandida Senateri, bazasimbura abagiye gusoza…
Read moreHakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi
Hari umuturage wasabye Umunyamakuru witwa Oswald Mutuyeyezu kuri X kumukorera ubuvugizi, akaba yifuza ko mu mavugurura y’ingendo mu Mujyi wa Kigali ateganyijwe guhera mu kwezi k’Ugushyingo 2025, hazazamo agashya ko…
Read morePerezida wa Madagascar yahunze
Perezida w’ikirwa cya Madagascar, kimwe mu bihugu bigize Umugabane wa Afurika, Andry Rajoelina, yahunze kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Ukwakira 2025 nyuma y’uko igisirikare kimuvuyeho kikifatanya n’abaturage bamaze iminsi…
Read more
















