Muri ADEPR Nyarugenge barwaniye mu materaniro(video)
Umwe mu bayoboke ba ADEPR utashatse kubwira Kigali Info amazina ye, avuga ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Kanama 2025 abantu bo mu rwego rw’ubuyobozi muri iryo Torero bafatanye…
Read moreKabila ngo si uwa Kabila, arasabirwa igihano cy’urupfu
Abanyamategeko ba Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(DRC) basabye urukiko rukuru rwa gisirikare guhamya Joseph Kabila ibyaha byo kubeshya ko ari Umunyekongo nyamara ngo ari Umunyarwanda wagambaniye Igihugu cya…
Read moreGasabo: Uwasanaga umuyoboro w’amazi ajya i Ruhanga yafunzwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi Manirakiza Straton, umukozi wa WASAC Group ushinzwe ibikorwa byo gusana umuyoboro w’amazi wa Ruhanga mu Murenge wa Rusororo, akurikiranyweho icyaha cya…
Read moreDore impamvu utazahabwa kwiga muri iki kigo niba ari ho wajuririye
Twifuje kukugaragariza impungenge z’uko umwana wawe ashobora kutazahabwa umwanya mu bigo bikurikira, niba ari ho wajuririye nyuma yo kubona ko aho uwo mwana yoherejwe na NESA mutahishimiye kubera impamvu zitandukanye.…
Read moreUrusengero rumaze imyaka 113 rwateruwe rwimurirwa ahandi
Ikigo gikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Suède cyitwa LKAB cyateruye urusengero ry’Abaluteri rw’ahitwa Kiruna rufite toni 672 z’uburemere, rwimurirwa mu ntera ya kilometero 5 ahitwa ‘Altar-Nate’, nyuma y’uko aho rwari…
Read moreBNR yazamuye urwunguko, ibiciro bizazamuka
Banki Nkuru y’u Rwanda imaze gutangaza ko yazamuye urwunguko fatizo rwayo, irushyira kuri 6,7% ruvuye kuri 6.5% rwari rwashyizweho muri Gicurasi uyu mwaka. Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya…
Read moreGasabo: 29 bakekwaho kwiba mu isoko rya Kimironko bafashwe
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yerekanye abagabo n’abasore 29 bakekwaho kwiba mu isoko rya Kimironko,nyuma y’uko abahacururiza n’abaturage baza guhahira muri iryo isoko bagaragarije ikibazo cyo kwibasirwa…
Read moreItangazwa ry’amanota y’abanyeshuri, dore aho warebera
Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu kigo gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri(NESA), iratangaza amanota y’abarangije amashuri abanza(P6) hamwe n’abarangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye(S3) kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Kanama 2025, saa cyenda…
Read moreImvura yo mu mpeshyi imaze kwica 5, izageza ku wa kabiri-Meteo
Ikigo gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo-Rwanda, kivuga ko imvura irimo kugwa mu bice bitandukanye by’Igihugu izageza kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Kanama 2025, ikazongera kuboneka kuva tariki 26 z’uku kwezi,…
Read morePutin yahawe icyubahiro kirenze, Trump atahira aho
Guhura kwa Perezida Trump wa Amerika na Putin w’u Burusiya hari ababinenze bavuga ko Perezida wa Amerika yabihombeyemo kuko nta cyo u Burusiya bwamwemereye kijyanye no guhagarika intambara muri Ukraine,…
Read more