Kicukiro: Umushumba akurikiranyweho gusambanya inka yaragiraga
Ubushinjacyaha bwareze umushumba w’inka ufite imyaka 23 mu Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, aho bumushinja gukora igikorwa gishingiye ku gitsina ku nyamaswa(cyo gusambanya inka yaragiraga). Icyaha uwo mushumba w’inka akurikiranyweho cyakozwe…
Read moreYitabaje TikTok asaba uwamufasha kubaga ingurube, haza abarenga 3000
Umukobwa wo mu Bushinwa witwa Daidai yabuze uwafasha se w’umusaza kwica ingurube 2 z’umunsi mukuru, yandika ku mbuga nkoranyambaga (TikTok) abisaba, atungurwa no kubona abantu barenga 3,000 mu rugo iwabo…
Read moreKiliziya Gatolika yavuze ku gisa n’amabonekerwa yabereye i Musanze
Itangazo rigenewe Abanyamakuru ryashyizweho umukono na Padiri Mukuru wa Paruwasi Gatolika ya Busogo, rivuga ko hari igisa n’amabonekerwa yabereye i Musanze ku wa Gatanu w’iki Cyumweru gishize ariko akaba ataremezwa…
Read moreAmakuru ku mbuga nkoranyambaga: Ubukwe bwa Niyo Bosco
Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gutambuka amakuru atandukanye kuri uyu wa Gatanu, ariko amwe muri yo ni avuga ku bukwe bw’Umuhanzi Niyo Bosco, umuturirwa muremure ugiye kubakwa iruhande rwa Convention Centre,…
Read moreU Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica
U Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare barwo b’inzobere mu bwubatsi (military engineers), bakaba bagiye gufasha icyo gihugu gusana ibikorwa remezo byangijwe n’ibiza by’inkubi y’umuyaga yiswe Melissa, mu mpera z’umwaka…
Read moreEse Bibiliya Yera yemerera umuntu kunywa inzoga?
KIGALIINFO iragusobanurira ibyo abantu bamwe bajya bibaza ku kunywa inzoga bishingikirije imirongo yo muri Bibiliya Yera iri mu Butumwa bwiza bwanditswe na Yohana 2:1-11 ndetse no mu rwandiko Pawulo yandikiye…
Read moreIcyo Bibiliya ivuga ku gusuka umusatsi, kwambara ingofero cyangwa igitambaro
Ibitabo bitandukanye bigize Bibiliya Yera bivuga ku kudefiriza umutsatsi (gusokoza), gusuka ndetse no gutwikiriza umutwe igitambaro cyangwa ingofero, aho bigaragaza ko hari abantu babikora bikubahisha Imana, ariko hakaba n’ababikora bayisuzuguza.…
Read moreHagiye kugwa imvura irengeje igipimo cy’isanzwe igwa muri iyi minsi
Mu gice cya kabiri cy’ukwezi kwa Mutarama 2026 (kuva taliki ya 11 kugeza taliki ya 20), mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 20 na 150, ikaba iri hejuru…
Read moreKuki kwiga cyane biteza abagabo kuzana uruhara?
Ni gake cyane uzabona impuguke mu isomo runaka(Prof cg Dr) afite umusatsi cyane cyane mu gice cyo hejuru cy’umutwe we (igihorihori) kugera mu ruhanga aho amasoso ye yagarukiraga akiri muto.…
Read moreTumenye Antarctica igereranywa na firigo y’isi, aho ijoro n’amanywa bimara amezi 6(video)
Isi igizwe n’imigabane ya Afurika, Amerika, u Burayi, Aziya na Oceyaniya, ikaba ituwe n’abagera kuri miliyari 8, batwikiriwe n’akayunguruzo k’izuba (kitwa Ozone) kabatera gushyuha nk’abari mu cyumba cy’imfungane kitagira idirishya,…
Read more
















