Dore imyanzuro y’Inama Nkuru y’Umuryango FPR Inkotanyi iheruka guterana

Umuryango FPR Inkotanyi watangaje kuri uyu wa Gatatu, imyanzuro yafatiwe mu Nama Nkuru ya 17 yateranye ku wa 19 Ukuboza 2025, harimo kwemeza umushinga w’ivugururwa ry’amategeko y’Umuryango FPR Inkotanyi, hamwe…

Read more

USA yafatiye muri Atlantique amato y’u Burusiya atwara peterori

Leta zunze Ubumwe za Amerika(USA) zatangaje ko zafatiye mu nyanja ya Atlantique amato y’u Burusiya atwara peterori iva muri Venezuela, harimo bumwe bwitwa Bella 1 bwari buherekejwe n’ingabo z’u Burusiya.…

Read more

Karongi: Abagura n’abagurisha ibigori bibisi cyangwa byokeje bazabihanirwa

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi bwabujije abantu kugura no kugurisha ibigori bibisi cyangwa byokeje, kugira ngo burengere abahinzi bamariraga umusaruro w’ibigori mu murima bitarera. Itangazo Ubuyobozi bw’uwo…

Read more

Umuriro wongeye kubura henshi mu Gihugu kuri uyu wa Mbere

Ibura ry’umuriro w’amashanyarazi ryabayeho ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 05 Mutarama 2026 ryatunguye benshi, batangira kwandika ku mbuga nkoranyambaga binubira Ikigo gishinzwe ingufu REG n’ubwo cyari kimaze…

Read more

Uko Perezida Maduro yagejejwe muri Amerika ameze

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika(USA) yategetse igisirikare kugaba ibitero muri Venezuela no ku murwa mukuru Caracas by’umwihariko, bikaba byibasiye cyane no ibigo bya gisirikare, akaba yaje…

Read more

Isombe ntirigitekwa ari isombe gusa, uko rifasha mu igenamigambi ry’urugo

Kimwe mu byo ababyeyi benshi barema isoko badashobora kuvayo bataguze ni isombe. Bararigura, bakarivanga n’imboga z’amoko atandukanye, bakarisesha, bakariteka, bamwe ngo bashobora kumara icyumweru cyose barishyushya badatetse izindi mboga, bakagorwa…

Read more

Imvura izaba nyinshi kurusha isanzwe igwa muri uku kwezi-Meteo

Iteganyagihe ry’ukwezi kwa Mutarama 2026 ryerekana ko mu Rwanda hashobora kugwa imvura iri hagati ya milimetero 50 na 300, ikazaba iri hejuru gato y’imvura isanzwe igwa mu mezi ya Mutarama…

Read more

1/4 cy’ikinyejana kirarangiye, dore iby’ingenzi byabaye mu Rwanda kugeza ubu

Tariki ya 01 Mutarama 2000 ubwo ikinyejana cya 21 cyari gitangiye, hari imbaga y’abaturage baraye muri Sitade Amahoro, bamwe bari bamaze kurya utwabo bibwira ko imperuka iza kuba, batungurwa no…

Read more

MINAGRI na FAO batanze impamyabumenyi za IAMU ku bahinzi-borozi 91

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi(MINAGRI) hamwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa n’Ubuhinzi (FAO) bahaye impamyabumenyi abahinzi-borozi 91, hamwe na ba goronome n’aba veterineri 9, bose bari bamaze imyaka ine mu Ishuri…

Read more

CHENO yibukije Abanyarwanda Indangagaciro na kirazira zazo

Mu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi w’Intwari z’Igihugu ku itariki ya 01 Gashyantare 2026, Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO) rwibukije Abanyarwanda Indangagaciro z’Umuco w’u Rwanda, buri…

Read more